Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho yatangaje ko umukinnyi Raheem Sterling yitwaye nabi cyane mu gikombe cy’isi ndetse atumva impamvu yabonye amahirwe yo kubanza mu kibuga ku mukino...
Uyu munsi intsinzi ya Felix Tshisekedi mu matora ya perezida wa RDC niyo yiriwe ivugisha benshi aho ibihugu bikomeye ku isi birimo Ubwongereza,Ubufaransa,Ububiligi ndetse na Kiliziya Gatolika...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 17 Kamena 2020,hamenyekanye andi makipe 2 akomeye yageze muri 1/16 cy’Irangiza mu mikino ya Euro 2020 iri kubera mu mijyi itandukanye yo k u mugabane w’I...
Ibiro by’umukuru w’igihugu muri Repuburika ya Demokarasi ya Congo byatangaje ko mu gihe cy’iminsi itaru Umwami Filipo w’Ububiligi uri mu ruzinduko muri iki gihugu asura umugi wa...
Rutahizamu Alexis Sanchez yavuze ko kuri we abona umukinnyi Romelu Lukaku ukinira Ububiligi,ariwe uzahiga abandi bakinnyi mu gutsinda ibitego byinshi mu gikombe cy’isi kiri kubera mu...
Kapiteni w’Ububiligi Eden Hazard yamaze gukuraho urujijo ku bibaza ku hazaza he mu ikipe ya Chelsea aho yavuze ko nyuma y’imyaka 6 ayimazemo aricyo gihe kugira ngo ajye gushaka ikindi kintu gishya...
Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi,Romelu Lukaku yamaze kubwira abamuhagarariye ko yifuza gusesa amasezerano n’iyi kipe igihe cyose Jose Mourinho yaba akomeje...
Rutahizamu Eden Hazard ukomoka mu gihugu cy’Ububiligi yavuze ko umwaka we wa mbere mu ikipe ya Real Madrid aricyo gihe kibi cyane yagize mu mateka ye kuva yatangira gukina umupira w’amaguru...
Umukinnyi Kevin de Bruyne ukinira ikipe ya Manchester City n’Ububiligi yahishuye uburyo yahuye mu buryo butangaje n’umugore we bamaze kubyarana abana 3 nyuma yo gushyingiranwa muri...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu hari hatahiwe imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi aho ikipe ya Portugal ikomeje kongera amahirwe yo kucyitabira...
Uyu munsi nibwo uwo inzozi za Martin Luther King zujurijweho yavutse, ni kimwe mu byaranze tariki ya 04 Kanama
Turi tariki ya 04 Kanama, ni umunsi wa 216 mu minsi 365 igize uyu mwaka. Iminsi...
Umupilote wungiriza w’abasirikare b’ u Bubiligi yahanutse muri kajugujugyu mu myiyereko ya gisirikare na n’ubu ntaraboneka
Inkuru ya BBC ivuga ko kugeza ubu Ingabo nyinshi z’Ububiligi ziri mu...
Mu ijoro ryakeye nibwo ikipe ya Real Madrid yirukanye umutoza wayo Julen Lopetegui wanyagiwe na FC Barcelona ibitego 5-1 muri El Clasico ku Cyumweru gishize,aho hasohotse urutonde rw’abatoza 4...
Umuganga ukomoka mu bubiligi witwa Marc Van Hoey yavuze ko atewe ishema no kuba amaze kwica ku bushake abarwayi 140 ndetse yiteguye kwambura ubuzima abasaga 500 kuko ibyo akora byemewe na...
Rutahizamu wa Manchester United,Romelu Lukaku yatangaje ko narangiza gukina umupira w’amaguru azaza gitoza amakipe yo muri Afrika ndetse yifuza kuzaba umutoza ukomeye ku mugabane w’Afurika kugira...
U Rwanda rukomeje kwakira abanyacyubahiro benshi baje kwitabira umuhango wo gutangiza icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa...