Inama igomba guhuza abarwanya Leta y’u Rwanda n’umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya congo Félix Tshisekedi, itegenyijwe kubera mu mujyi wa Kinshasa, ngo banoze umugambi wo gutera u...
Kuri iki Cyumweru nibwo Perezida wa America, Joe Biden yageze mu Bwongereza, akaba ari i Burayi yitegura inama y’umuryango wa Nato/OTAN izabera muri Lithuania muri iki...
Kuri uyu wa Mbere Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida mu Burusiya, Dmitry Peskov yatangaje ko Perezida Putin yahuye n’abayobozi ba Wagner Group barimo Yevgeny...
Burkina Faso na Mali byasohoreye hamwe itangazo bivuga ko byafata igikorwa cya gisirikare icyo ari cyo cyose muri Niger nko kubishozaho intambara.
Agatsiko ka gisirikare kari ku butegetsi muri...
Perezida wa Niger "afite akanyamuneza" nubwo afunze mu buryo "bugoye" n’agatsiko ka gisirikare kamuhiritse, nkuko bivugwa na muganga we nyuma yuko amusuye.
Yevgeny Prigozhin wari umukuru w’itsinda Wagner ry’abacanshuro b’Abarusiya, yashyinguwe mu muhango utari uwo ku rwego rwa leta mu mujyi wa St Petersburg, nkuko byavuzwe n’urwego rwe rwo gutangaza...
Mu mashusho yaciye ibintu hirya no hino,abakobwa babiri bavukana bagaragaye bari kubyina bazunguza ikibuno hejuru y’imva ya se byatumye bajya mu mazi abira aho bashobora...
Pologne, imwe mu nshuti zikomeye za Ukraine, yatangaje ko itazongera guha intwaro icyo gihugu, mu gihe ubushyamirane mu bya diplomasi bushingiye ku binyampeke bwafashe indi...
Abarwanyi bo mu majyaruguru y’Igihugu cya Mali bakomoka mu bwoko bw’abaTuareg, ejo kuwa 3 Ukwakira 2023 bavuze ko bafashe ikindi kigo cya gisirikare bacyambuye abasirikare...
Igisirikare cya Israel cyabwiye Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y’agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira mu majyepfo ya Gaza mu gihe kitarenze amasaha 24 ari...
Mu gihe ibiciro cy’ibiribwa mu bihugu bitandukanye bikomeje kuba hejuru,u Rwanda rwaje ku mwanya wa gatatu ku isi mu kugira ibiciro by’ibiribwa biri hejuru...
Perezida wa Iran witwa Ebrahim Raisi avuga ko ibyo Israel iri gukorera muri Gaza ari ukurenga umurongo utukura kandi ko bizatuma Iran yinjira muri iyi Ntambara Israel iri kurwana na...
Ikipe ya Chelsea yongeye kuvugwaho ibyo gufatirwa ibihano aho kuri iyi nshuro havugwa ko ishobora gukurwaho amanota nyuma y’uko bivugwa ko hari ubwishyu yatanze mu ibanga rikomeye ubwo yari ifitwe...
Ukraine kuri uyu wa kane yavuze ko ishaka ko inzira inyuzamo ibyo igemura mu mahanga, biciye muri Polonye, zifungurwa mbere y’uko igirana ibiganiro na Polonye na komisiyo y’uburayi, hagamijwe...
USA zarashe ku bikorwa 85 bya Iran biri muri Syria na Irak mu rwego rwo kwihimura nyuma y’ibitero bya drones byagabwe ku cyumweru ku birindiro by’ingabo za USA bikica abasirikare bazo...