Musenyeri Simon Habyarimana uzwi cyane muri Diyosezi Gatolika ya Ruhengeri yitabye Imana ku wa Kabiri tariki 11 Mata 2023, aho yaguye mu gihugu cy’u Butaliyani.
Abasirikare hafi 4,000 byatangajwe ko kuva muri 2007 ari bo bamaze kwicirwa muri Somalia aho bagiye boherezwa mu butumwa bw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe bwo kuhagarura amahoro, mu gihe abandi...
Umutwe wa M23 wongeye gutana mu mitwe na FARDC ndetse amakuru aturuka ahari kubera imirwano, aravuga ko birinze bigera kuri uyu mugoroba urugamba rugihinanye.
Imirwano yubuye mu gitondo cyo...
Mu gitondo cy’uyu wa 12 Mata 2023, imirwano yubuye hagati y’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo n’umutwe witwaje intwaro wa M23 ahagana mu gace ka...
Umudepite mu nteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo akanaba umushoramari, Édouard Mwangachuchu, yamaganiye kure ibirego bya Leta y’iki gihugu imushinja kugirana...
Munyakazi Sadate wayoboye Rayon Sports hagati ya 2019 na 2020, ni umwe mu bagize uruhare mu kubohora u Rwanda mu 1994, aho yiyunze ku Ngabo za RPA muri Gicurasi uwo...
Mu gihe hirya no hino havugwa ubujura bukabije, Umuvugizi wa Polisi, CP John Bosco Kabera yavuze ko hafashwe ingamba zikomeye zigamije guhashya ibyo bikorwa.
CP Kabera yabwiye RBA ko abitwaza...
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yategetse abaminisitiri bo muri Guverinoma y’Igihugu cye kugarura amabati yari yarageneye abaturage batishoboye bo mu gace ka Karamoja bakaza...
Umwe mu myanzuro iherutse kuva mu nama yahuje ubuyobozi bw’Ikigega mpuzamahanga cy’imari, IMF, n’ubuyobozi bw’u Burundi ni uko iki gihugu kizahabwa miliyoni $ 261 azagifasha kuzahura ubukungu...
Mu 1994 muri ETO hari ingabo za MINUAR zari mu butumwa bw’amahoro byatumye Abatutsi bahahungira ari benshi bizeye kurindwa n’ingabo zifite intwaro. MINUAR imaze kubasiga mu menyo y’Interahamwe...
Ubuhanzi ni kimwe mu bintu byifashishwa mu kwamamaza ibikorwa runaka cyangwa se kugeza ubutumwa kure, ni kimwe mu bintu kandi byifashishijwe mu itegurwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata...
Muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku ncuro ya 29 jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, umukino wakinwe muri ’weekend’ ishize witwa “Hate Radio” watumye hari abongera kwibuka uruhare rw’itangazamakuru muri...
Abantu benshi barimo Abongereza bagonzwe n’imodoka yinjiye mu mbaga y’abantu bari ku mucanga wa Tel Aviv,yica umwe, mu ijoro ryo kuwa Gatanu,tariki ya 08 Mta 2023.
Ibi byabaye nyuma y’amasaha...
Ubushinwa bwakoze ku munsi wa kabiri imyitozo y’amato hafi ya Tayiwani, mu gihe amakimbirane akomeje kwiyongera nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Tsai Ing-wen muri Amerika mu cyumweru gishize....