APR FC na Mukura VS ziyoboye shampiyona zikomeje kwerekana ko zikwiriye gusohokera u Rwanda kuko zongeye gutsinda imikino yazo y’umutsi wa kane wa shampiyona y’U Rwanda,Masudi Djuma na AS Kigali...
Ikipe ya APR FC izahura na Nkana FC yo muri Zambia mu ijonjora rya mbere rya CAF Champions League mu gihe Mukura VS yo izahura na Free states Stars yo muri Africa y’Epfo isanzwe ikinamo Kwizera...
Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 3 Ugushyingo 2018, muri Philipine habareye finali y’irushanwa rya Nyampinga w’ibidukikije, Miss Earth 2018, ikamba ryegukanwa na Phuong Khanh Nguyen wo muri Vietnam...
Umunya Cote d’Ivoire, Wilfried Zaha ukina mu Bwongereza mu ikipe ya Crystal Palace, usigaye ari ikibazo kuri ba myugariro bo muri Premier League kubera amacenga asigaye abahata bagatinya...
Ikipe ya Manchester United yasuzugurwaga na buri wese kubera ukuntu yatangiye uyu mwaka w’imikino yitwara nabi,yakoze ibyo benshi batakekaga itsindira Juventus ku kibuga cyayo Allianz Stadium...
Abahanzikazi babiri barimo Akothee na Victoria Kimani babinyujije kuri Instagram batangaje ko abagabo bakomoka muri Nigerians na Luhyas ko aribo bagira ibitsina...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 7 Ukwakira 2018 ku isaha ya saa 10 z’ijoro ,nibwo Nyampinga w’u Rwanda Iradukunda Liliane yerekeje mu gihugu cy’Ubushinwa aho agiye kwitabira amarushanwa...
Rwanda prosecutors on Wednesday requested the High Court in Kigali to hand both Diane Shima Rwigara and her mother Adeline Mukangemana 22-year prison sentences for, among other charges, inciting...
Myugariro wa Real Madrid,Sergio Ranos yongeye kwibasirwa n’abakunzi ba ruhago kubera inkokora mbi cyane yakubise mu maso umukinnyi wa Victoria Plzen witwa Milan Havel bikamuviramo kuva amaraso...
Hari igihe abantu baba baryamanye mu buryo bumwe ariko ugasanga hari umuntu imibu yarumye ku bwinshi , ugasanga hari undi itigeze ikoraho, kandi wenda bose nta nzitiramibu baryamyemo. Ni ibintu...
Diamond yatanze ubufasha bwo kuvuza Hawa wari umukunzi we wa mbere ndetse uyu mukobwa akaba ariwe yanakoresheje mu mashusho y’indirimbo ye yise Ntarejea.
Benshi mu bakunzi ba FC Barcelona bakomeje kwikoma rutahizamu wabo Ousmane Dembele wasibye imyitozo yo ku wa Kane w’iki cyumweru atabimenyesheje abatoza n’ubuyobozi bw’iyi kipe,byatumye benshi...
Kapiteni w’ikipe y’igihugu Amavubi,Haruna Niyonzima, yatangaje ko yamaze gufata umwanzuro wo kutazongera gusinyira ikipe yo mu gihugu cya Tanzania,nyuma y’ibyo yaboneye mu ikipe ya Simba SC...
Ibarura ryakozwe n’ ikigo BMJ Global Health ryerekanye ko umuhango wo gusiramura abakobwa b’ Abanyafurika wagabanutse cyane ku bakobwa bari munsi y’ imyaka...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Donald Trump mu butumwa yashyize kuri Twitter yasabye abatuye Leta ya California kumvira amabwiriza y’ abayobozi bakemera kwimurwa bwangu kuko inkongi y’...
Winnie Byanyima, Umugore w’ Umunyapolitiki utavugarumwe na Leta ya Uganda Dr Kizza Besigye yasabye Perezida wa Uganda Museveni kuboloka Dr Stella Nyanzi kuri Facebook niba abona...