Abafana ba Napoli binginze umunyamakurukazi w’imikino witwa Diletta Leotta ko yakuramo umupira yari yambaye ubwo yambukiranyaga ikibuga cya San Paolo iyi kipe...
HeForShe Itsinda ry’urubyiruko rwishyize hamwe ruhuriye ku Mbuga nkoranyambaga mu mwaka wa 2014 maze bategura amarushanwa bise ’HeForShe’ mu rwego rwo kuzamura no guteza imbere Umwali...
Harabura amasaha make ngo amakipe akomeye mu bwongereza Arsenal na Chelsea bahurire ku mukino wa nyuma wa UEFA Europa League urabera mu mujyi wa Baku mu gihugu cya Azerbaijan uyu munsi saa...
Umukobwa witwa Anna Khramtsova uri mu barinzi bakuru ba Perezida Vladmir Putin niwe watowe nk’umukobwa mwiza kurusha abandi bose bari mu gisirikare cy’Uburusiya.
Mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi cya 2018 ni bwo Rutamu yasezeye itangazamakuru icyo gihe muri Nyakanga ahita ajya muri Amerika kubayo. Aha akaba yarahamyaga ko agiye kwiga ibijyanye no...
Umunyamideli ukunze kwifotoza yambaye ubusa,ukomoka mu burusiya witwa Victoria Bonya,yatangaje ko ari inshuti magara ya Neymar ndetse ari wenyine wamuhaye impano ku isabukuru ye y’imyaka 27...
Umutaliyanikazi Claudia Romani usifura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Butaliyani,Serie A,yashyize hanze amafoto akurura abagabo ku munsi wa Saint valentin bituma benshi bacika...
Abakobwa bazatoranywamo Nyampinga w’u Rwanda basangiye ifunguro rya mbere ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 13 Mutarama 2018 mu mwiherero w’ibyumweru bibiri bari gukorera mu Mujyi wa...
Umunyarwandakazi Umutoni Joyeuse waruhagarariye u Rwanda mu marushanwa ya Miss Africa Arizona 2019 muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye igisonga cya...
Umunyamideli w’umutaliyani witwa Manuela Ferrera,yaciye ibintu mu binyamakuru ubwo yavugaga ko kabuhariwe Cristiano Ronaldo yamwegereye akamubwira utugambo tw’urukundo ko ari...
Umunyamideli w’Umurusiya witwa Anna Shapiro w’imyaka 30 yatangaje ko perezida w’igihugu cye Vladimir Putin yagerageje kumwica we n’umugabo we akoresheje uburozi bwica imbeba (sumu ya panya),Imana...
Hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucaracara amafoto agaragaza ubwiza bw’umukobwa witwa Victoria Bonya, watwaye umutima wa Marouane Fellaini ukina hagati mu ikipe ya Manchester...
Inkuru yacicikanye mu bitangazamakuru bitandukanye ikanazengurutswa imbuga nkoranyambaga zitandukanye n’urukundo rw’umuhanzi Kitoko Bibarwa utuye mu Bwongereza uri mu rukundo n’umunyamakuru...
Umuhanzi w’ Umunyarwandakazi witwa Ingabire Magaly ukoresha amazina ya Magaly Pearl mu muziki ukora ibijyanye no gusiga ibirungo (Make Up) abanyamideli n’ibyamamare bitandukanye byo mu muziki...
Umukinnyi Kwizera Pierrot wafashije ikipe ya Rayon Sports gusezerera ikipe ya LLB ku munsi w’ejo,ari kuvugwa hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga kubera amafoto yagiye hanze ari kumwe n’umukunzi...
Bashabe Catherine, wamamaye nka Kate Bashabe ku mbuga nkoranyambaga byumwihariko Instagram iharawe na benshi muri iyi minsi, ni umwe mu banyarwandakazi bamurika imideli mu Rwanda
Uyu...
Minisitiri w’ intebe Anastase Murekezi yavuze ko Leta y’ u Rwanda igiye gutangira guhana yihanikiriye abantu barangara mu kazi bagatuma Leta ihomba.
Ibi Minisitiri w’ intebe yabitangaje kuri uyu...
Dr. Sendegeya Augustin, Umuyobozi w’Ibitaro bya CHUB/ Foto: Igihe
Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Kaminuza bya Butare birahakana ko nta burangare bwabayeho mu kuvura umwe mu banyeshuli wari mu bitaro...