Rutahizamu w’ikipe ya Manchester United Jesse Lingard yamaze gutandukana n’umukunzi we Jena Frumes ukomoka muri USA bari bamaze amezi 15 bakundana, bapfuye kumuca inyuma agasambana na Leonie...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 6 Werurwe 2018, mu gihugu cy’ imodoka yari itwaye abantu bari bagiye mu bukwe yakoze impanuka ihitana abantu 25 biganjemo abana n’ abagore.
Iperereza ry’...
Igisonga cya mbere cya Miss Rwanda Irebe Natacha Ursule yabaye umunyeshuri wa mbere watsinze ku kigero cyo hejuru mu ibizamini bisoza umwaka wa gatandatu mu amashuri yisumbuye .
Irebe Natacha...
Umuhanzikazi w’injyana ya Pop Myleene Klass yifotoje yambaye ubusa mu rwego rwo kwamamaza ibikorwa bye ndetse no kwihaniza bamwe mu bafana bamaze iminsi bamwibasira.
Uyu muhanzi usanzwe ari...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu mujyi wa Kigali ifunze uwitwa Nubahumpatse Jean Pierre nyuma yo kugerageza kwiba Moto RD 825S akoresheje urufunguzo rw’urucurano. Byabaye tariki ya 14 Gashyantare...
Ikipe ya Real Madrid yeretse PSG koubunararibonye ari ingirakamaro mu mukino ubanza wa 1/8 cya UEFA Champions League iyitsinzemo ibitego 3-1,mu gihe FC Porto inyagiriwe ku kibuga cyayo na...
Ku wa Gatandatu tariki ya 10 Gashyantare, 2018 nibwo umuraperi wubashywe mu gihugu cya Tanzaniya , A.Y yasabye anakwa umunyarwandakazi Remy bamaranye imyaka umunani mu rukundo,benshi mu bakoresha...
Myugariro w’ikipe ya Arsenal Hector Bellerin akomeje kugarukwaho na benshi kubera uburanga bw’umukunzi we Shree Patel usanzwe ari umunyamideli mu gihugu cy’Ubwongereza ndetse ukunze kwambara Bikini...
Myugariro Rwatubyaye Abdul umaze iminsi ari mu mvune yongereye amasezerano y’imyaka 2 muri Rayon Sports aho muri yo harimo ingingo ivuga ko agomba kuzaba kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports mu minsi...
Kuri uyu wa 14 Mutarama, 2018 ibikorwa byo gushakisha Nyampinga w’igihugu byakomereje mu ntara y’Uburengerazuba mu Karere ka Rubavu, Aka Karere akaba ariko kibarutse Miss Mutesi Jolly wa 2016,...
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 13 Mutarama 2018 nibwo hatangiye urugendo rwo gushakisha Nyampinga w’igihugu muri uyu mwaka wa 2018, iki gikorwa kikaba cyatangiririye mu Ntara y’Amajyaraguru aho...
Umubyeyi witwa Mukansanga Théodette w’imyaka 39 wo mu Murenge wa Jabana, Akarere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, ntarongera gukanguka nyuma yo guterwa ikinya abyara none cyanze kumuvamo.
Uyu...