Leta z’unze ubumwe z’Amerika irateganya gufatira ibihano Uburusiya kuri uyu wa kabiri tariki ya 02 Werurwe 2021. Nkuko ababikurikiranira hafi babyemeza, ibyo bihano bishingiye ku irogwa rya Alexei...
Perezida Joe Biden wa Amerika yasabye abanyamerika bose bakiri muri Ukraine kuva muri iki gihugu ako kanya kuko ibitero by’ingabo z’Uburusiya byugarije.
Biden yavuze ko ashobora kohereza ingabo...
Minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yatangaje ko irimo kuvana zimwe mu ngabo zayo ku mupaka wa Ukraine.
Mu butumwa bwa Igor Konashenkov, umuvuguzi w’iyo minisiteri, bwatangajwe n’ibiro ntaramakuru...
Amafoto yatangiye guhererekanwa mu gihe abategetsi b’Uburusiya na Ukraine bari mu biganiro ku ntambara irimo kubahuza, ibyo biganiro bikaba birimo kubera ku mupaka igihugu cya Ukraine gihana na...
Ingabo z’u Burusiya zatangaje ko zamaze kwigarurira Umujyi wa Kherson, undi mujyi wiyongereye ku duce tumaze kwamburwa Ingabo za Ukraine mu ntambara imaze iminsi irindwi.
Kuri uyu wa...
Leta ya Ukraine yigambye ko yishe General wa kane mu ngabo z’Uburusiya ziri ku rugamba rwo kwigarurira icyo gihugu cyo mu Burayi.
Uyu musirikare witwa Maj. Gen Oleg Mityaev yishwe ku wa Kabiri...
Ishyirahamwe ry’umuryango w’abibumbye kwisi ONU ryatangaje ko intambara uburusiya buri kurwana mo na Ukraine itangiye kugira ingaruka mbi ku bukungu bw’ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere ku...
Urubyiruko rw’abasore rwo mu gihugu cya Ethiopia rwabyukiye kuri ambasade y’Uburusiya i Addis Ababa mu murwa mukuru wa Ethiopia kuri uyu wa kabiri tariki ya 19 Mata 2022 , nyuma y’igihuha...
Urugamba rwo mu mujyi wo ku cyambu wa Mariupol mu majyepfo ya Ukraine rwarangiye nyuma y’amezi atatu ugoswe n’ingabo z’Uburusiya.
Amagana y’abasirikare ba Ukraine ba nyuma kuva kuwa mbere barimo...
Perezida Joe Biden yavuze ko Amerika izoherereza Ukraine izindi rokete ziteye imbere kurushaho zo kuyifasha kwirwanaho.
Izo ntwaro, zari zimaze igihe zarasabwe na Ukraine, ni izo kuyifasha...
Amerika yatangaje ko Uburusiya bwakoresheje rwihishwa amadolari arenga miriyoni 300 kuva mu 2014 ishaka guhendahenda abanyaporitike mu bihugu birenga...
Uburusiya bwarashe ibindi bisasu byinshi bya misile ku mijyi itandukanye muri Ukraine kuwa gatandatu, aho mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba byishe abantu 12 ku nzu ya apartment.
Indi mijyi...
Abategetsi bo muri Ukraine bavuga ko abantu nibura babiri bishwe naho abandi barenga 30 barakomereka mu gitero cya misile cy’Uburusiya ku ivuriro ryo mu mujyi wa Dnipro mu burasirazuba bwa...
Ingabo z’Uburusiya zasutse ururasu i Kyiv umurwa mukuru wa Ukraine mu ijoro ryakeye. Ni cyo gitero cya mbere gikomeye kibaye kuva iyi ntambara yatangira, gikoreshejwe indege z’intambara zitagira...
Kuri iki cyumweru Uburusiya bwatangaje ko bwarashe indege zitagira abapilote zo mu bwoko bwa drone zigera kuri 36 zari mu kirere cy’Inyanja y’Umukara n’umwigimbakirwa wa Cremea. Ukraine yongereye...