Urukiko mpuzamahanga mpanabyaha (ICC/CPI) rwasohoye impapuro zo guta muri yombi ba komanda bo ku rwego rwo hejuru mu ngabo z’Uburusiya baregwa gukora ibyaha byo mu ntambara muri...
Mu gihe ibihugu byinshi ku isi bikomeje kugaragaza ko Uburusiya bukomeje kurengera mu bitero bikomeje guhitana inzirakarengane muri Ukraine, AU yasabye Uburusiya guhagarika intambara n’ibitero...
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yaburiye ko "bishoboka cyane" ko Uburusiya buzatera Ukraine mu kwezi gutaha, nk’uko ibiro bye White House bibivuga.
Hagati aho Uburusiya buvuga...
Inteko rusange y’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) yateraniye i New York ku wa kane yatoye ku bwiganze ishyigikira umwanzuro wamagana igitero cy’Uburusiya kuri Ukraine cyatangiye mu mwaka umwe ushize....
Abantu batari munsi ya 21, barimo n’umwana, bapfiriye mu gitero cy’ibisasu by’Uburusiya mu ijoro ryo ku wa gatanu, cyibasiye akarere ka Odesa mu majyepfo ya Ukraine, nkuko bivugwa n’abategetsi ba...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yavuze ko ibihano ibihugu byo mu burengerazuba byafatiye Uburusiya nyuma y’igitero cyabwo kuri Ukraine ari "ubusazi kandi ntibyatekerejweho".
Avugira mu...
Amakuru yo mu gitondo kuwa gatanu aravuga ko ingabo z’Uburusiya zarashe ibisasu ku mijyi ya Lutsk na Dnipro ya Ukraine kugeza ubu yari itararaswaho n’abarusiya.
Ibi bisasu byarashwe ku bibuga...
Uburusiya bwatangiye kwihorera kuri Leta zunze ubumwe z’America, nyuma y’ibihano Leta zunze ubumwe z’America zabufatiye.
Kuri uyu wa gatanu Leta y’Uburusiya yategetse Leta zunze ubumwe z’America...
Ku rubuga rwa Telegram, minisiteri y’ingabo y’Uburusiya yagize iti: "Mu gitondo cyo ku itariki ya 4 Kamena [ukwezi kwa gatandatu], umwanzi yagabye igitero kinini ahantu hatanu ho ku rugamba mu...
Indege y’intambara y’Uburusiya yagonganye na drone ya Amerika,bituma iyi ndege itagira umupilote ya Amerika igwa mu Nyanja yirabura (Mer Noire/Black Sea), nk’uko bitangazwa n’igisirikare cya Amerika....
Ku munsi wa 11 w’intambara muri Ukraine, Uburusiya bukomeje kurasa ibisasu bya misile ku mijyi itandukanye muri iki gihugu, abahunze barenze miliyoni 1.5, mu gihe ibihano ku Burusiya nabyo...
Mu nama rusange ya ONU/UN yateranye kuwa gatatu abahagarariye ibihugu batoye ku bwiganze bamagana ibitero by’Uburusiya basaba ko buhagarika ibyo bikorwa.
Igikorwa cy’iyo nama cyari kigamije...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine yatangaje kuri Twitter ko "Putin amaze gutangiza ibitero bigari kuri Ukraine".
Dmytro Kuleba yavuze ko Ukraine "izirengera" kandi ko "isi ishobora...
Leta ya Amerika yashyizeho ibihano bitandukanye ku Burusiya kubera icyo Perezida Joe Biden yise "intangiriro yo gutera Ukraine".
Biden yagize ati: "Twavanye leta y’Uburusiya mu bikorwa byose...
Perezida Joe Biden wa Amerika yavuze ko igitero cy’Uburusiya kuri Ukraine "kiracyashoboka cyane", kandi ingaruka zacyo ku bantu zaba "mbi cyane".
Mu ijambo ryaciye kuri televiziyo mu gihugu,...
Igitangazamakuru cyo kuri interineti gikora inkuru zicukumbuye cyatangaje ko umugabo w’Umurusiya ushinjwa kugira uruhare mu gitero cy’uburozi cyo mu mujyi wa Salisbury mu Bwongereza, ari...