Raporo yakozwe na Brand Finance City Index 2023 ivuga ko Cape Town, umujyi wo muri Afurika y’Epfo,ariwo mujyi wa mbere muri Afurika mwiza wo kubamo,gukoreramo no gushora...
Umutoza Pep Guardiola yabwiye amakipe ahanganye na Man City ye mu irushanwa rya Champions League ko iyi kipe ye ntacyo irakora nyuma yo gutwara iki gikombe umwaka...
Perezida wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yahamagaye Abakuru b’ibihugu bafitanye ubushuti ngo abahumurize ko igihugu cye kizakomeza gutera inkunga mu ntambara Ukraine iri kurwanamo...
Ikipe ya Arsenal yari imaze imyaka 8 idatsinda Man City,yayitsinze mu mukino w’umunsi wa munani wa Premier League wabereye kuri Stade ya Emirates mu mujyi wa...
Kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere intambara irakomeje hagati y’igisiriare cya Israel na Hamas, abamaze gupfa ku mpande zombi bararenga 1,100 kuva kuwa gatandatu mu gitondo Hamas itangira...
Igihugu cya ISRAEL cyategetse ko hafungwa burundu inzira zose zinjiza ibyokurya muri Gaza ndetse n’amazi agakatwa nyuma y’uko intagondwa zo mu mutwe wa Hamas zitereye iki gihugu zikica bantu benshi...
Igisirikare cya Israel cyabwiye Umuryango w’Abibumbye (ONU/UN) ko buri muntu wese uba mu majyaruguru y’agace ka Wadi Gaza akwiye kwimukira mu majyepfo ya Gaza mu gihe kitarenze amasaha 24 ari...
Bacyita "Hamal" - impine yo mu Giheburayi y’"icyumba kigenzurirwamo intambara". Kiri hejuru mu misozi miremire yo ku mupaka wa Israel na Liban (Lebanon), rwagati mu kigo gikingiwe n’inkuta zo...
Ijambo ryavuzwe muri iki cyumweru n’Igikomangoma Turki al-Faisal cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite), ku rugomo rurimo kuba mu Burasirazuba bwo Hagati, ririmo kudaca ku ruhande mu mvugo kudasanzwe...
Afurika y’Epfo ivuga ko yahamagaje abayihagarariye (abadiplomate) bose i Tel Aviv, nyuma y’ibitero bikaze by’indege bya Israel kuri Gaza mu ijoro ryo ku...
Umuvandimwe wa Marcus Rashford yatawe muri yombi akekwaho gukubita umukunzi we nyuma yo kuvumbura ubutumwa kuri telefone ye buvuye ku mukinnyi wo muri Premier...
Umutoza Roberto De Zerbi yarakaye cyane,avuga ko adakunda ’80 ku ijana by’abasifuzi ba Premier League’ nyuma y’uko ikipe ye ya Brighton y’abakinnyi 10 banganyije na Sheffield United igitego...
Kuri uyu wa 13 Ugushyingo ni bwo hateganyijwe umuhango wo gushyingura umunyabigwi muri Manchester United n’Ikipe y’Igihugu y’u Bwongereza, Sir Bobby Charlton.