Umukinnyi Harry Kane yongeye gucungura Ubwongereza kuko nyuma yo kubuheka akabugeza muri iki gikombe cy’isi, abufashje gutsinda ikipe ya Tuniziya ibitego 2-1 mu mukino wo mu itsinda G wabugoye...
Umutwe w’iterabwoba wo mu idina ya Islam uzwi nka Islamic State (ISIS) wahaye isezerano abafana b’Ubwongereza ko uzabarasisha drones ubwo bazaba bari mu gikombe cy’isi giteganyijwe kubera mu...
Rutahizamu w’Ubwongereza akaba na Kapiteni Harry Kane yavuze ko kuba igihugu cye cyasezerewe biri ku mutwe we ndetse ko bizamutwara igihe kugira ngo arenge agahinda afite.
Uyu mukinnyi wari...
Myugariro w’Ubwongereza Ben White yirukanwe muri Qatar mu gikombe cy’isi asubira i London mu cyumweru gishize,nyuma y’uko bivugwa ko yatonganye n’umutoza wungirije w’igihugu Steve Holland,bapfuye ko...
Umutoza w’ikipe y’Igihugu y’Ubwongereza,Gareth Southgate yashyize hanze ikipe y’abakinnyi 26 azakoresha mu gikombe cy’isi batarimo Tammy Abraham na Ivan Toney bari bahagaze neza.
Mu mazina...
Umusirikare mukuru mu ngabo z’Ubwongereza mu barwanira mu mazi yirukanwe mu ngabo zirwanira mu mazi kubera amafoto yafotowe ari gusambana n’umugore mu bwato bw’intambara.
Uyu musirikare utwara...
Rutahizamu Harry Kane wa Tottenham yavuze ko intsinzi y’Ubwongereza mu gikombe cy’isi giheruka yaturutse cyane ku gukorana imyitozo n’igisirikare cy’igihugu [Royal Marines].
Uyu kapiteni w’intare...
Kuri uyu wa kane, guverinoma ya U.K yafatiriye imitungo wa nyir’ikipe y’umupira w’amaguru ya Chelsea, Roman Abramovich ukomoka mu gihugu cy’Uburusiyakubera ubushuti bukomeye afitanye na Perezida...
Ba Perezida w’u Burundi, Tanzania, Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Kenya ni bamwe mu bategetsi b’ibihugu by’amahanga bifatanyije n’Ubwongereza nyuma yuko Igikomangoma Philip atabarutse ku myaka...
Ibibazo by’irondaruhu byavuzweho n’igikomangoma Harry n’umugore we Meghan Markle mu kiganiro bagiranye na Oprah Winfrey "birahangayikishije" kandi "byafashwe mu buryo bukomeye cyane", nkuko bivugwa...
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yabwiye igikomangoma cyo mu Bwongereza Harry n’umufasha we Meghan Markle ko bagomba kwikora ku mufuka, kugira ngo Leta zunze ubumwe za...
Umupango wo kwivugana Minisitiri w’ Intebe w’ Ubwongereza Theresa May waburijwemo na polisi y’ Ubwongereza irwanya iterabwoba nk’ uko byatangajwe na chaine ya televiziyo ‘Sky news’.
Kugeza ubu...
Umukinnyi Wayne Rooney wari umaze igihe atavugwaho imyitwarire mibi,bitewe n’ igitsure yashyirwagaho no kuba yari kapiteni wa Manchester United n’uw’ikipe y’igihugu y’Ubwongereza, ku wa Kane Taliki...
Aba bakinnyi ubwo bagezwaga ahagiye kubera iyi myitozo.
Mu rwego rwo kurushaho kwitegura umukino w’amateka uzahuza Ubwongereza na Ecosse mu gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Isi kizabera...
Minisitiri w’Intebe, w’ Ubwongereza Theresa May, wahamagaje amatora rusange ashaka ubwiganze mu nteko, ari bukorwe n’isoni atakaza imwe mu myanya yari afite mbere yo gutangaza icyemezo cy’amatora...
Abategetsi b’Amerika, Ubwongereza na Australia batangaje andi makuru mashya kuri gahunda yabo yo gukora amato (ubwato) y’intambara agendera munsi y’inyanja yo ku rundi rwego rugezweho akoreshwa...
Guverinoma y’u Rwanda yishimiye icyemezo cyafashwe n’Urukiko Rukuru rwo mu Bwongereza rwemeye gahunda yo kohereza abimukira binjiye mu Bwongereza mu buryo butemewe mu Rwanda.
Muri Mata, u Rwanda...