Abongereza banga perezida Donald Trump bahohoteye umufana we wari wambaye ingofero yanditseho "Make America great again" ,bamumena amata mu mutwe ndetse bamuririmbira indirimbo zuzuye urwango...
Umufana w’ikipe ya Liverpool yahisemo kugura imodoka y’amapawundi 40, mu rwego rwo kwiyorohereza urugendo rwo kujya kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions league rwari kumutwara amapawundi 800...
Umufana w’ikipe ya Birmingham yinjiye mu kibuga akubita igipfunsi mu mutwe rutahizamu Jack Grealish wa Aston Villa bari bahanganye mu mikino ya shampiyona y’icyiciro cya...
Umufaransa Benjamin Mendy ukina yugarira ku ruhande rw’ibumoso,yakoreye igikorwa cyiza umufana wa Manchester City witwa Ben Kielty wamusabye ko bifotozanya agahita amwinjiza ku mukino baherutse...
Mu mafoto yaciye ibintu uyu munsi turasangamo agaragaza bimwe mu byamamare nyarwanda byishimiye intsinzi ya Real Madrid ,Umufana wa Liverpool yarize arahogora , Gicumbi abazungu ntibatanze kuri...
Mu ijoro ryo kuwa Gatanu w’icyumweru gishize,umuhanzikazi Zuchu yahagaritse kuririmba nyuma y’aho umufana utazwi yamuteye ibuye ari ku rubyiniro mu mujyi wa Mbeya,muri...
Umusore w’imyaka 22 ukomoka mu karere ka Sheema mu gihugu cya Uganda arashinjwa kwica umufana wa Arsenal nyuma yo kutumvikana mu mukino ukomeye wa shampiyona y’u Bwongereza wahuje Arsenal na Man...
Nizeyimana Hamad wari umutoza wa Les Amis Sportif, ikipe ibarizwa i Kirehe mu Ntara y’Iburasirazuba, yitabye Imana nyuma yo gukubitwa ibuye n’umufana, ryamukomerekeje bikamuviramo...
Umukinnyi wo hagati muri Arsenal,Granit Xhaka,yakoze benshi ku mutima kubera ukuntu yafashije umufana wa Arsenal wari uvuye muri Amerika n’umugore we baje kureba umukino yagombaga guhura na Wolves...
Umufana w’ikipe ya Ghana utuye muri Afurika y’Epfo, Yaw Owusu yatewe icyuma n’umunya Afurika y’Epfo bajyaga impaka,nyuma yo gushimangira ko penaliti yahawe Ghana yari yo bigaragara mu mukino wahuje...
Rutahizamu wa FC Barcelona,Lionel Messi,yakoze ku mutima w’umufana we ukomoka muri Brazil,Igor Magalhães,wamwishushanyijeho mu mugongo kubera urukundo rudasanzwe amukunda n’ikipe ya FC Barcelona...
Ikipe ya FC Barcelona yamaze kwandikira ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Espagne irimenyesha ko umusifuzi uherutse kubasifurira ku mukino wa El Clasico bagatsindwa ibitego 3-1 ari umufana...
Umufana wa Simba SC witwa Babu Aliyarize amarira menshi ananirwa gutuza nyuma y’aho iyi kipe isezerewe bitunguranye na UD Songa yo muri Mozambike ku kinyuranyo cy’igitego cyo...
Mu gihugu cy’Uburundi haravugwa inkuru y’urupfu rw’umufana w’ikipe ya Fc Barcelona wiyahuye mu ijoro ryashize nyuma yuko ikipe afana itsinzwe na Liverpool ibitego 4 ku...
Umufana wa Manchester United yatewe icyuma mu nda n’uwa PSG usanzwe ari umushoferi wa Taxi,wagize uburakari bwinshi ubwo mugenzi we yazaga ku modoka ye agatangira kuririmba indirimbo zisingiza...
Gusaba imbabazi bibaye nyuma yuko Rayon Sports yatsinze Sunrise 2-1 mu mukino w’umunsi wa 3 wa Shampiyona , Azam Rwanda Premier League 2018/2019. Muri uyu mukino, Caleb Bon Fils ahawe ikarita...