skol
Kigali

Search: Umufana (603)

Donald Trump yashimiye byimazeyo Kanye West

Kuwa gatanu w’icyumweru dusoje nibwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya RAP muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘Kanye West yashyize hanze Album ye ya 2 yise “ Jesus is King”, ikaba yarateye urujijo...
29 October 2019 2402 0

Granit Xhaka yakoze igikorwa kigayitse gishobora kumwambura ubukapiteni nyuma yo gusimbuzwa n’umutoza...

Kapiteni w’ikipe ya Arsenal,Granit Xhaka ashobora kwamburwa ubuyobozi muri iyi kipe nyuma yo gusimbuzwa n’umutoza kuri iki cyumweru,abafana bamuvugiriza induru akabatuka ku babyeyi...
28 October 2019 3562 0

Ikipe ya Swansea City yamaganye igikorwa cy’ubushinyaguzi abafana bayo bakoreye nyakwigendera Emiliano...

Ikipe ya Swansea City yo mu kiciro cya kabiri mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaganye igikorwa cy’ubushinyaguzi cyakozwe n’abafana bayo bashinyaguriraga Nyakwigendera Emiliano Sala waguye mu mpanuka...
26 October 2019 1607 0

Idubu ryatuye hasi shebuja waryigishaga gusunika ingorofani mu myiyereko [AMAFOTO]

Inyamaswa y’inkazi y’idubu [bear] yariye shebuja akaba n’umutoza wayo ubwo bari mu myiyereko muri stade yari yuzuye abana benshi ahitwa Karelia mu Burusiya,bahita bahunga kubera...
24 October 2019 4474 0

Reba amafoto menshi adasanzwe yavugishije abantu cyane muri weekend ishize[AMAFOTO]

Aya ni amwe mu mafoto y’ahayuranye muri Afurika cyangwa abanyafurika ahandi muri week end ishize.
18 October 2019 9873 0

Perezida Kagame yakiriye myugariro David Luiz muri Village Urugwiro [AMAFOTO]

Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro myugariro w’ikipe ya Arsenal David Luiz uri mu ruzinduko mu Rwanda muri gahunda y’ubufatanye buri hagati y’iyi kipe yo mu Bwongereza na Arsenal...
11 October 2019 1858 0

Sadio Mane Rutahizamu ukomeye w’ikipe ya Liverpool yagaragaje urukundo rudasanzwe afitiye imwe mu ndirimbo za...

Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
9 October 2019 3687 0

Zari Hassan yarakariye abafana be bashyize hanze ifoto y’umukunzi we amaze iminsi yarahishe

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zarinah Tlale uzwi nka Zari Hassan yarakariye abafana be bo hirya no hino ku isi nyuma y’ifoto yashyizwe hanze numwe mubo bari kumwe akiyita ko ariwe King...
19 September 2019 8133 0

Miss Mwiseneza Josiane na Bishop Gafaranga Bashyize hanze ukuri ku by’urukundo rwabo[AMAFOTO+VIDEO]

Mu minsi yashize nibwo inkuru zacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, ko umusore witwa Habiyaremye Zacharie wamamaye cyane nka Bishop Gafaranga ari mu rukundo na Nyampinga Mwiseneza...
9 September 2019 22304 0

Ikipe ya Rayon Sports yagiranye amasezerano n’undi mufatanyabikorwa

Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
3 September 2019 5118 0

FIFA yamaze gutangaza abakinnyi 3 bagomba gutorwamo uwa mbere ku isi mu mwaka wa 2019

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi,FIFA,ryamaze gutangaza abakinnyi 3 bagomba kuvamo uzatorwa nk’umukinnyi w’umwaka wa 2019 batatunguranye kuko barimo Virgil Van Dijk,Lionel Messi na...
2 September 2019 7750 0

Minisitiri Gashumba yavuze aho urukundo akunda Rayon Sports rwaturutse n’igihe yatangiriye kuyifana

Minisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri...
2 September 2019 7057 0

Wayne Rooney yandagaje ikinyamakuru The Sun giherutse kumushinja gusohokana n’umukobwa muri Canada

Rutahizamu Wayne Rooney ukina muri DC United muri US ariko wamamaye mu Bwongereza mu ikipe ya Manchester United na Everton,yarakajwe n’inkuru y’ikinyamakuru giherutse gutangaza amakuru y’uko...
28 August 2019 3100 0

Nkundamatch yahishuye agahinda yatewe no gupfusha abana be b’impanga anibasira umucyeba APR FC

Ubusanzwe amazina ye nyakuri ni Nkundimana Frederick yamenyekanye cyane ku izina rya Nkundamatch w’I Kilinda kubera guhamagara cyane kuma Radio yo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa Rayon...
28 August 2019 5020 0

Umuhungu wa Lionel Messi yongeye gutuma benshi bacika ururondogoro kubera ibyo yakoreye I Camp Nou

Umwana wa Lionel Messi witwa Mateo ukunze gutungura benshi kubera ukuntu ahora ahanganye na se mu mifanire,yatumye benshi bacika ururondogoro kubera ukuntu yishimiye igitego cya mbere ikipe ya...
27 August 2019 9113 0

Pulisic yanze kwerekeza mu ikipe ya Manchester United kubera impamvu itangaje

Rutahizamu wa Chelsea Christian Pulisic yanze kujya mu ikipe ya Manchester United mu mwaka ushize kubera ko se umubyara yanga Jose Mourinho utajya uha amahirwe abana...
21 August 2019 3629 0

Kimenyi Yves yemeye ko ari mu rukundo na Muyango Claudine wamamaye muri Miss Rwanda 2019

Umunyezamu wa Rayon Sports,Kimenyi Yves yemereye itangazamakuru ko amaze amezi 3 akundana na Uwase Muyango Claudine wamamaye muri Miss Rwanda 2019 ndetse anakuramo ikamba rya Nyampinga uberwa...
19 August 2019 6666 0

Cristiano Ronaldo yavuze ikintu gikomeye arusha Messi ndetse anahishura uko abona imikinire ye

Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani yatangaje ko ikintu gikomeye arusha mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka irenga 10 bahangana ari uko we yatwaye ibikombe bya...
13 August 2019 5662 0

Umuhanzikazi Alicia Keys n’umugabo we baciye ibintu kubera amafoto bashyize hanze bari gusomanira muri piscine...

Umuhanzikazi Alicia Keys ufite impano yo kumenya gucuranga ibikoresho bitandukanye bya muzika yasomanye n’umugabo we Swizz Beatz biratinda ubwo bari basohokanye mu mpera z’icyumweru gishize bari...
6 August 2019 5049 0

Bad Rama washinze The Mane yashubije abavuga ko akundana n’umukecuru, ibyo gutobora izuru n’ibindi...

Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
24 July 2019 3421 0

Abanya Algeria 282 bafunzwe bazira kwitwara nabi mu birori byo kwishimira kugera ku mukino wa nyuma wa AFCON...

Abantu 282 bafunzwe nyuma y’umukino Algérie yatsinzemo Nigeria ibitego 2-1 igakatisha itike yo kujya kugera mu mukino wa nyuma w’Igikombe cya Afurika kiri kubera mu...
16 July 2019 854 0

Luis Suarez yasekeje benshi kubera ibyo yakoreye umunyezamu wa Chile [AMAFOTO]

Benshi mu bakunzi ba ruhago bemeje ko umukinnyi Luis Suarez ashobora kuba atuzuye mu mutwe kubera ibyo yaraye akoze mu mukino wahuje igihugu cye cya Uruguay na Chile,ubwo yateraga umupira mu...
25 June 2019 5953 0

Ya nkumi iherutse kwandagaza Sarpong yavuze uko bahuye inamugenera ubutumwa bukakaye

Umukobwa witwa Angel Lace wari umaze ukwezi n’igice akundana na rutahizamu Micheal Sarpong wa Rayon Sports yavuze ko bahuriye ku mbuga nkoranyambaga amusaba ko bakundana ariko yarakajwe n’uko...
13 June 2019 8315 0

Umuhanzikazi nyarwanda Sunny yongeye avuga uburyo yabyaye ari Isugi anavuga ko agiye gufasha abanyarwandakazi...

Ingabire Sunny, umuhanzikazi akaba n’umunyamidelikazi ukunze kwibera mu gihugu cya Thailand ndetse no mu bindi bihugu bitandukanye, yavuzwe cyane mu minsi ishize ubwo yatangazaga ko amaze amezi...
10 June 2019 3391 0

Wa mugore wanyuze mu kibuga yambaye ubusa ku mukino wa nyuma wa Champions League yemeje ko bamwe mu bakinnyi ba Liverpool...

Umugore witwa Kinsey Wolanski w’imyaka 22 ukomoka mu Burusiya uherutse guca ibintu ku isi yose kubera ukuntu yaciye mu kibuga yambaye ubusa mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League uheruka...
9 June 2019 7482 0

Vera Sidika uri mu bakobwa bakurura abagabo cyane muri EAC yavuze ku bagabo bafite ibitsina bito [AMAFOTO]

Umukobwa ukomoka muri Kenya witwa Vera Sidika uzwi cyane muri Afurika y’Iburasirazuba kubera amafoto ashyira ku mbuga nkoranyambaga,uburanga bwe ndetse n’imiterere y’ikibuno cye,yahumurije abagabo...
2 June 2019 6319 0

Abafana ba Arsenal barwaniye muri gari ya moshi karahava nyuma yo kunyagirwa na Chelsea

Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
30 May 2019 2426 0

Gasimba ararira ayo kwarika nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Muhanga FC akirukanwa n’umugore we mu rugo

Umugabo witwa Harerimana Emmanuel uzwi ku izina rya Gasimba wo mu Mujyi wa Kigali, ararira ayo kwarika nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Muhanga FC, akirukanwa n’umugore we mu...
22 May 2019 5334 0

Muhanga FC y’abakinnyi 10 yatsinze APR FC ituma icyizere cyayo cyo gutwara shampiyona kiyoyoka

Ikipe ya AS Muhanga itunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda,kuko yatsinze APR FC ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona,ikoma mu nkokora urugendo rwayo rwo gushaka...
18 May 2019 7105 0

Hamisa Mobetto yagaragaje ko yihuje na Ali Kiba bituma benshi mu bakunzi ba Diamond bashinja uyu mukobwa...

Hamisa Mobetto wahoze ari inshuti ikomeye ya Diamond Platnumz banabyaranye umwana, yagaragaje ko yihuje na Ali Kiba bituma benshi mu bakunzi ba Diamond bashinja uyu mukobwa...
18 May 2019 2650 0
0 | ... | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | 390 | 420 | 450 | ... | 600