Kuwa gatanu w’icyumweru dusoje nibwo umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya RAP muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ‘Kanye West yashyize hanze Album ye ya 2 yise “ Jesus is King”, ikaba yarateye urujijo...
Kapiteni w’ikipe ya Arsenal,Granit Xhaka ashobora kwamburwa ubuyobozi muri iyi kipe nyuma yo gusimbuzwa n’umutoza kuri iki cyumweru,abafana bamuvugiriza induru akabatuka ku babyeyi...
Ikipe ya Swansea City yo mu kiciro cya kabiri mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaganye igikorwa cy’ubushinyaguzi cyakozwe n’abafana bayo bashinyaguriraga Nyakwigendera Emiliano Sala waguye mu mpanuka...
Perezida Kagame yakiriye mu biro bye Village Urugwiro myugariro w’ikipe ya Arsenal David Luiz uri mu ruzinduko mu Rwanda muri gahunda y’ubufatanye buri hagati y’iyi kipe yo mu Bwongereza na Arsenal...
Rutahizamu w’ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy’Ubwongeleza Sadio Mane ukomoka mu gihugu cya Senegal, ukomeje kugaragaza ko ari umukinnyi w’umuhanga ku rwego mpuzamahanga yagaragaye ari kumva...
Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga Zarinah Tlale uzwi nka Zari Hassan yarakariye abafana be bo hirya no hino ku isi nyuma y’ifoto yashyizwe hanze numwe mubo bari kumwe akiyita ko ariwe King...
Mu minsi yashize nibwo inkuru zacicikanaga ku mbuga nkoranyambaga nka Instagram, ko umusore witwa Habiyaremye Zacharie wamamaye cyane nka Bishop Gafaranga ari mu rukundo na Nyampinga Mwiseneza...
Ubuyobozi bukuru bw’ikipe ya Rayon Sports bwasinyanye amasezerano y’amezi atandatu na kompanyi ya Gas Oil aho abafana ba Rayon Sports bazajya bagura ibikomoka kuri peteroli hakagira amafaranga ajya...
Minisitiri w’Ubuzima Dr.Diane Gashumba ufana bikomeye ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yishimiye ko iyi kipe yatangiye gufana agifite imyaka 4 yambuye Mukura VS igikombe cyo kwibuka padiri...
Rutahizamu Wayne Rooney ukina muri DC United muri US ariko wamamaye mu Bwongereza mu ikipe ya Manchester United na Everton,yarakajwe n’inkuru y’ikinyamakuru giherutse gutangaza amakuru y’uko...
Ubusanzwe amazina ye nyakuri ni Nkundimana Frederick yamenyekanye cyane ku izina rya Nkundamatch w’I Kilinda kubera guhamagara cyane kuma Radio yo mu Rwanda ndetse akaba n’umufana ukomeye wa Rayon...
Rutahizamu wa Chelsea Christian Pulisic yanze kujya mu ikipe ya Manchester United mu mwaka ushize kubera ko se umubyara yanga Jose Mourinho utajya uha amahirwe abana...
Kabuhariwe Cristiano Ronaldo ukinira ikipe ya Juventus mu Butaliyani yatangaje ko ikintu gikomeye arusha mugenzi we Lionel Messi bamaze imyaka irenga 10 bahangana ari uko we yatwaye ibikombe bya...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Benshi mu bakunzi ba ruhago bemeje ko umukinnyi Luis Suarez ashobora kuba atuzuye mu mutwe kubera ibyo yaraye akoze mu mukino wahuje igihugu cye cya Uruguay na Chile,ubwo yateraga umupira mu...
Umukobwa witwa Angel Lace wari umaze ukwezi n’igice akundana na rutahizamu Micheal Sarpong wa Rayon Sports yavuze ko bahuriye ku mbuga nkoranyambaga amusaba ko bakundana ariko yarakajwe n’uko...
Umugore witwa Kinsey Wolanski w’imyaka 22 ukomoka mu Burusiya uherutse guca ibintu ku isi yose kubera ukuntu yaciye mu kibuga yambaye ubusa mu mukino wa nyuma wa UEFA Champions League uheruka...
Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
Umugabo witwa Harerimana Emmanuel uzwi ku izina rya Gasimba wo mu Mujyi wa Kigali, ararira ayo kwarika nyuma y’uko APR FC itsinzwe na Muhanga FC, akirukanwa n’umugore we mu...
Ikipe ya AS Muhanga itunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda,kuko yatsinze APR FC ibitego 2-1,mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona,ikoma mu nkokora urugendo rwayo rwo gushaka...
Hamisa Mobetto wahoze ari inshuti ikomeye ya Diamond Platnumz banabyaranye umwana, yagaragaje ko yihuje na Ali Kiba bituma benshi mu bakunzi ba Diamond bashinja uyu mukobwa...