Umwe mu myanzuro yafatiwe mu inama yateranye igitaraganya kubera imyigaragambyo y’abamotari I Kigali binubira ibihombo bari guterwa na mubazi bategetswe gukoresha,nuko igenzurwa rya mubazi...
Urukiko rw’Ibanze rwa Mbogo mu Karere ka Gicumbi rwakatiye igifungo cy’iminsi 30 y’agateganyo umugore uturuka mu Karere ka Rulindo, Umurenge wa Ntarabana, Akagari ka Kajevuba ukurikiranyweho cyaha...
Polisi ikorera mu Karere ka Kirehe yataye muri yombi umugabo w’imyaka 35, wari wibye moto Mujyi wa Kigali mu Karere ka Kicukiro, akaba yafashwe ayitwayeho...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Rubavu mu Kagari ka Byahi yafashe Dushimimana Alphonse w’imyaka 37, Yafashwe mu ijoro rya tariki ya 15 Ugushyingo, aracyekwaho...
Kuva umurwayi wa Mbere wa Coronavirus yagaragara mu Rwanda kuwa 14 Werurwe 2020, nibwo haboneka abarwayi benshi kurusha abandi bose mu gihugu aho kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 13 Kamena 2020...
Mu gihe umuvuduko ukabije, gutwara wasinze no kuvugira kuri telefone utwaye ari bimwe mu bikunze kugarukwaho nk’ibiteza impanuka zo mu muhanda, bamwe mu bamotari bo mu karere ka Musanze bavuga ko...
Polisi y’ u Rwanda ishami rishinzwe wo mu muhanda yavuze ko imodoka yo mu bwoko bwa Land Cruser yaraye itaye umuhanda ikagonga abantu 7 umwe akitaba Imana.
Saa mbiri z’igitondo cyo kuri uyu wa Kabiri mu kagari ka Butare Umurenge wa Ngoma mu masangano y’umuhanda bita ko ari uwo kwa Bihira ho mu karere ka Huye, imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi FUSO...
Umukobwa w’imyaka 13 ukomoka muri Kenya witwa Faith Jepchirchir ,uherutse gufotorwa ahagaze kuri moto atwaye inkwi ze mu buryo butangaje, yamamaye ku mbuga nkoranyambaga kubera aya mafoto yafashwe...
Umuturage wo mu murenge wa Nyakabanda mu karere ka Nyarugenge witwa Akimana Belyse arashimira Polisi y’u Rwanda kuba yarafashe umuntu wari wamwibye moto ye ndetse ikayimushyikiriza tariki ya 30...
Mu muhanda uzwi nka poid lourd mu mujyi wa Kagili, ku mugoroba wo kuri uyu wa 8 Mutarama 2017, habereye impanuka ikomeye ihitana umumotari n’ uwo yari ahetse, ikomeretsa umunyamaguru mu buryo...
Mu Karere ka Rubavu hafi y’Ibitaro bya Gisenyi habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yajyaga mu Mujyi wa Rubavu, icika feri igonga moto yari ihetse abantu babiri n’izindi modoka.
Iyi mpanuka yabaye...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023 Umuhanzi David Icyishaka wamenyekanye nka Davis D yakoze impanuka ubwo yari mu muhanda wa Gikondo mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa...
Kuri iki cyumweru tariki 22 Mutarama 2023 habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku munyamakuru Ntwali John Williams wahitanwe n’’impanuka y’imodoka.
Umuhango wo kumuherekeza no kumusezeraho bwa...
Umunyamakuru Ntwali John Williams wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye, umuryango we wamenyeshejwe ko yapfuye azize impanuka.
Iriba News ryatangazaga kuri Twitter inkuru y’urupfu rwa Ntwali...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari...