Rutahizamu w’Umwongereza Wayne Rooney,yatangaje ko hari abakinnyi bahoze bakinira Ubwongereza bafitiye ishyari abana bari gukina mu ikipe y’igihugu muri iyi minsi kubera ko bari kubarusha kwitwara...
Umwongereza yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho yakwirakwijwe hirya no hino ari kwiba indabo zo kumva imwe ndetse yabanje kureba hakurya no hakuno kugira ngo arebe ko nta muntu...
Umwongerezakazi witwa Rebecca Griffiths ukomoka mu gace ka Maidenhead mu burengerazuba bw’Ubwongereza yababaje benshi mu bamenye uburwayi bukomeye afite,kukoyatangaje ko amaze imyaka 5 aruka...
Umwongerezakazi witwa Gabby Allen wamamaye cyane mu marushanwa azwi nka Love Island akundwa na benshi mu bihugu bigize ubwami bw’Abongereza,yahawe urw’amenyo n’abafana be kubera amafoto yashyize...
Rutahizamu w’Umwongereza Harry Kane ukinira ikipe ya Tottenham yabwiye umunyamakuru wamubajije niba yifuza kuzakinira Real Madrid ko igihe cyo kuyerekezamo...
Umwongereza James Milner uri kwitwara neza muri Liverpool nubwo ashaje,yatangaje ko se umubyara wakuze afana Leeds United yamusabye kutazigera yambara imyenda y’umutuku byatumye akura yanga...
Umwongerezakazi w’imyaka 50 witwa Tracey Britten ukomoka mu mujyi wa London,yakoze agashya ko kuba umugore ukuze kurusha abandi mu Bwongereza utwite inda y’abana...
Umwongereza witwa Andrew Wardle,wavutse nta gitsina agira,yabashije gukora imibonano mpuzabitsina bwa mbere ku myaka 45 n’umukunzi we Fedra, nyuma yo gukorerwa ikindi hifashishijwe inyama zo ku...
Umugore w’umwongereza witwa Katy Williams n’umwana we Finn Williams, bahuye n’uruva gusenya ubwo agasumbashyamba kabasangaga hafi y’urugo rwabo muri Afrika y’Epfo kakabakubita umutwe byatumye uyu...
Umwongerezakazi witwa Cindy Moore w’imyaka 32,yatangaje ko Benik Afobe yamutumiye muri hoteli bari bacumbitsemo mbere yo guhura na Manchester City umwaka ushize,aramusambanya arangije amuha icupa...
Umukinnyi w’Umwongereza Wayne Rooney agiye kugura inzu y’akataraboneka ku kayabo ka miliyoni 12 z’amapawundi mu mujyi wa Washington, agomba kubanamo n’umugore we Coleen n’abana babo...
Umucamanza w’Umwongereza yafashwe amashusho na camera zo ku kazi (CCTV) ari gusambanira n’umunyeshuli ukiri muto muri parking y’aho bakorera bimuviramo kwirukanwa burundu kuri aka...
Mu gihe Real Madrid yifuza ko rutahizamu Edinson Cavani yaza kongera ingufu mu busatirizi,abafana bayo babwiye ubuyobozi ko bifuza ko umwongereza Harry Kane ariwe ukwiriye kuza kuziba icyuho cya...