Amakuru aturuka mu gihugu cya Zimbabwe aravuga ko Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe kuri uyu wa kabiri tariki 12 Ukuboza yavuye muri iki gihugu akajyana n’ umuryango we.
Nk’ uko...
Umuryango wa Robert Mugabe wahoze ari Perezida wa Zimbabwe wamaze kuva ku izima wemera ko uyu mukambwe uherutse gupfa yazashyingurwa mu irimbi ry’intwari mu murwa mukuru...
Abaperezida batatu barimo nyakubahwa Faustin Archange Touadera, wa Republic of Central Africa, Emmerson Dambudzo Mnangagwa wa Zimbabwe na Hage Geingob, wa Namibia n’umufasha we Monica Geingos...
Perezida wa Zimbabwe,Emerson Mnangagwa yavuze ko yababajwe n’amahano y’abashinzwe umutekano bagaragaye muri Video yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga bari gukubita umugabo ukiri muto,asaba ko...
Uyu mu pasteri wahuye n’uruva gusenya yafashwe na bamwe mu bayoboke be ubwo yari yambaye ubusa ari hejuru y’umukobwa usengera mu itorero ayobora baryohewe. Uyu mupasiteri witwa Joseph Ponda ukomeye...
Umugore ukomoka muri Zimbabwe witwa Silindile Mangena w’imyaka 29 ari mu nkiko arega uwahoze ari umukunzi we witwa Mugove Kurima w’imyaka 37 ko yapanuye igitsina cye ubwo barimo batera akabariro...
Uko ibihugu birutana ubukire no gukomera mu bukungu ninako indege abakuru b’ibi bihugu bagendamo zigenda zirutana agaciro ariko si ihame kuko Perezida wa Zimbabwe ari mu bakuru b’ibihugu 10...
Pasiteri Paul Sanyangore zo muri Zimbabwe yatawe muri yombi azira kugurisha n’abakirisitu be amatike yo kwinjira mu ijuru ku mafaranga amadorari Magana atanu...
Umugore witwa Memory Shiri wo mu gihugu cya Zimbabwe uherutse kujyanwa mu nkiko n’umugabo we amushinja icyaha cyo kuzinga igitsina cye,ntigikore iyo yabaga agiye ku mugore we mukuru,yakatiwe...
Grace Mugabe, umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe kuri uyu wa Kabiri tariki 15 Kanama 2017 yishyikirije polisi ya Afurika y’ Epfo akurikiranyweho gukubita no gukomeretsa.
Ku...
Grace Mugabe, umugore wa Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yakoze ikintu umugabo we afata nk’umuziro kuva cyera ubwo yamusaba ko ashyiraho uzamusimbura ubwo azaba yavuye ku butegetsi.
Kuri uyu...
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima Rhadia yakoze amateka yo kuba umugore wa mbere wasifuye umukino w’Igikombe cya Afurika cy’Abagabo kuri uyu wa Kabiri, aho yayoboye uwo mu Itsinda B wahuje Guinée...
Ku wa Kabiri, tariki ya 18 Mutarama 2022, ni bwo Mukansanga w’imyaka 33 yakoze amateka yo kuba umusifuzikazi wa mbere wasifuye umukino wa CAN y’Abagabo muri iri rushanwa rikinwa kuva mu 1957....