Umupolisi wo mu gihugu cya Zimbabwe yateye benshi uburakari nyuma yo gukubita umugore inkoni yari yitwaje,ifata umwana yari ahetse w’amezi 9 ahita apfira mu mugongo wa...
Ku wa Kabiri, tariki ya 18 Mutarama 2022, ni bwo Mukansanga w’imyaka 33 yakoze amateka yo kuba umusifuzikazi wa mbere wasifuye umukino wa CAN y’Abagabo muri iri rushanwa rikinwa kuva mu 1957....
Umunyarwandakazi Mukansanga Salima Rhadia yakoze amateka yo kuba umugore wa mbere wasifuye umukino w’Igikombe cya Afurika cy’Abagabo kuri uyu wa Kabiri, aho yayoboye uwo mu Itsinda B wahuje Guinée...
Umuhanzikazi Butera Knowless yongeye gushyirwa ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya Afrimma Awards bizatangwa tariki ya 08 Kanama 2017 I Texas.
Ni ku nshuro ya kabiri uyu muhanzi atoranywa...
Abantu bari mu munezero ni bo bagaragara mu murwa mukuru wa Zimbabwe, i Harare, bitwaje ibyandiko bisaba Prezida Robert Mugabe gutanga ubutegetsi, imyigaragambyo yahindutsemwo gushima gisirikare...
Akanyamuneza kari kose mu badepite bakimara gusomerwa urwandiko rwa Mugabe avuga ko yemeye gutanga ubutegetsi
Kuri uyu wa Kabili tariki 21 Ugushyingo 2017, Robert Mugabe wari umaze imyaka 37...
• Amavubi yimuwe mu mugi yagombaga gukiniramo CECAFA 2017
• Amavubi n’andi makipe bahuriye mu itsinda A bavuye mu mugi wa Kisumu berekeza mu witwa Machakos
• U Rwanda nirwo ruzafungura irushanwa...
Umukobwa wo mu gihugu cya Zimbabwe Zanele Ndlovu kuri ubu wamaze kuba umugore nyuma yo gushyingirirwa mu bitaro yagize ikibazo gikomeye ubwo yari kumwe n’ umukunzi we biteguraga gushyingirwa...
Ibara ry’ uruhu rwa General Constantino Chiwenga wahoze ari Minisitiri w’ ingabo za Zimbawe ubu akaba ari Visi Perezida wa Zimbabwe ryateje impaka mu itangazamakuru ryo kuri iki gihugu dore ko...
Umuhanzi Oliver Mtukudzi yakoze igitaramo kidashobora kwibagirana mu mitwe y’abakunzi be baturutse mu bihugu bitandukanye birimo n’abiwabo ku ivuko muri...