Umukinnyi w’umunyarwanda ukinira ikipe ya Zanoco FC yo muri Zambia, Nizeyimana Mirafa agiye kurushinga n’inkumi yo muri Portugal aho yamaze no gufata irembo.
Nyampinga w’u Rwanda 2016, Mutesi Jolly , uri gutegura irushanwa rya Miss East Africa rizahuriramo ibihugu 16 yavuze by’inshi ku mbogamizi zinyuranye ari guhura na zo muri uru rugendo yatangiye...
Filimi y’uruhererekane imaze imyaka ica kuri Televiziyo y’u Rwanda no ku mbuga nkoranyambaga ya City Maid yashyizwe ku rutonde rwa filimi 10 zikunzwe muri Afurika aho iri kumwe n’izindi zo mu bihugu...
Kenneth Kaunda yari umwe mu batangije Africa nshya, ubwo ibihugu byikizaga ubukoloni bikagira ubwigenge.
Umugabo w’ubumuntu bukomeye, yashimwaga nk’umwe mu bavuguruye Africa nubwo bwose mbere...
Kuri uyu wa 21 Mutarama 2021, Jackson Mthembu wari Minisitiri mu biro bya Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yitabye Imana yishwe n’ingaruka z’icyorezo cya...
Polisi yo muri Afurika y’Epfo yakoze umukwabu mu Mujyi wa Johannesburg, ita muri abanyamahanga ijana (100) badafite ibibaranga mu karere ka Diepsloot kari mu majyaruguru y’uyu...
Umunyezamu wa mbere akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Uganda, Uganda Cranes’ yavunikiye mu mukino waraye ubahuje na Misiri yakiriye igikombe cya Afurika.
Amakipe 2 ya mbere yamaze kugera muri 1/8 cy’irangiza mu gikombe cya Afurika ni Misiri iri mu rugo na Nigeria zaraye zitsinze imikino yazo ya kabiri mu gihe ikipe ya RDC ishobora kutazabona...
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo umugabo wafashwe asambana n’indaya mu kiriyo cy’ umugore we ,amafoto yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, amafoto agaragaza bamwe mu bakobwa bahatanye na Fanny...
Umunyeshuri wo muri kaminuza mu gihugu cya Afurika y’Epfo ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gukundana n’umuhungu wa Robert Mugabe ndetse akaza no kumutera inda ariko akamwigarama ku munota wa nyuma....
Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe amaze kwegura mu gihe inteko yari yatangiye kwiga ku buryo bwo kumweguza ku ngufu kuri uyu wa 21 Ukuboza 2017, Ishyaka riri ku butegetsi ryatangaje ko Emmerson...
Umupasiteri wo mu gihugu cya Zimbabwe witwa Emmanuel Makandiwa uyobora idini rya United Family International Church (UFIC) akanaba uwaritangije, yahanuriye umugore ko umugabo we ari kumwe...
Prezida wa Zimbabwe Robert Mugabe yasabye ko igihano cyo gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu.
Abitangaje nyuma y’uko umukozi umwe wo mu butabera atangaje y’uko abantu bagera kuri 50 bamaze...
Perezida wa Zimbabwe Robert Gabriel Mugabe mu kiganiro yagejeje ku bakuru b’ibihugu bitabiriye inteko rusange y’ umuryango w’ abibumye I New york yagereranyije Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’...
Grace Mugabe, umugore wa Perezida Robert Mugabe wa Zimbabwe yavuze ko umukobwa uvuga ko yamukubitiye muri hoteli mu gihugu cy’ Afurika y’ Epfo ari we wamubanje ashaka kumutera icyuma, hanyuma...
The Ben ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Meddy, Urban Boys na Dj Phil Peter bashyizwe ku rutonde rw’abahatanira ibihembo bya African Entertainment Awards USA.
The Ben ari...
Ikirego cy’abakobwa batatu bo mu gihugu cya Zimbabwe cyagejejwe imbere y’urukiko cyibashinja guhohoera umupasiteri wo mu gace k’ahitwa Cowdray Park suburb, muri Bulawayo, ubwo yari aje gufata...