Dr. John Pombe Magufuli uherutse kwegukana insinzi mu matora y’Umukuru w’Igihugu cya Tanzania, kuri uyu wa kane tariki ya 5 Ugushyingo 2020, yarahiriye kuyobora manda ya kabiri mu kirori cyaranzwe...
Kuri uyu wa kane mu gitondo, Perezida John Magufuli wa Tanzania yarahiriye manda ya kabiri nyuma yo gutsinda amatora yo mu cyumweru gishize n’amajwi 84%.
Mu gihe muri Uganda imyiteguro y’amatora y’Umukuru w’Igihugu irimbanyije, umuhungu wa Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda akaba n’Umujyanama we wihariye mu by’umutekano, Lt. Gen Muhoozi...
Ku wa Gatanu w’iki cyumweru, (Rtd) Col. Prime Niyongabo wahoze ayobora abapolisi badasanzwe bo mu muhanda b’u Burundi (PSR) na (Rtd) Col. Pontien Baritonda usanzwe ari incuti ye, bafungiye muri...
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yafunguje abantu batanu bahamwe n’icyaha cyo kugira uruhare mu kwica se wa Joseph Kabila, Laurent Desire Kabila, nyuma y’imbabazi...
Kuri uyu wa Gatatu,tariki ya 03 Kamena 2020, Perezida Kagame yitabiriye inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma zigize Umuryango w’Ibihugu bya Afurika, Karayibe na Pasifika, yize ku ngamba zo...
Umugabo witwa Nkusi Thomas wamamaye mu gusobanura filimi nka Yanga,yatangaje ko muri filimi zose yasobanuye 2 yakunze cyane ari IRIS yakinwe n’abantu bo muri Koreya y’Epfo na Prison Break iri mu...
Icyamamare mu gusobanura Filimi mu Kinyarwanda Nkusi Thomas uzwi nka Yanga [Younger] yavuze ko mu mwaka ushize cyane yarwaye ikibyimba mu nda cyaje kuzamo kanseri hanyuma aza gukira mu buryo...
Perezida Paul Kagame yitabiriye inama yahuje abayobozi batandukanye muri Afurika, yagarutse ku guhuriza hamwe imbaraga mu gushaka ibisubizo ku cyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus,...
U Rwanda rwaje ku mwanya wa kabiri muri Afurika n’uwa 37 ku Isi yose muri raporo ngarukamwaka igaragaza ishusho y’uko ibihugu bigendera ku mategeko ( Rule of Law Index2020). Igihugu cya Denmark ni...
Tombola y’uko amakipe azahura mu mikino ya nyuma ya CHAN 2020 izabera muri Cameroon yamaze kurangira aho ikipe y’Igihugu Amavubi yisanze mu itsinda rikomeye rya C hamwe na Morocco,Uganda na...
Kuri uyu wa Mbere taliki ya 17 Gashyantare 2020, nibwo mu mujyi wa Yaounde muri Cameroon harashyirwa mu matsinda ibihugu 16 byabonye itike yo kwitabira CHAN 2020 izabera muri iki gihugu kuwa 04...
Kuri uyu wa 27 ukuboza 2019 ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi, FIFA ryashyize ahagaragara uburyo amakipe y’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika azaba agabanyije muri tombola ya kabiri yo...
Umugore wubatse ufite umugabo n’abana bane witwa Loveness Nyahwema wo mu gace ka Southlea Park mu murwa mukuru Harare, yaguwe gitumo mu gicuku arimo gusambana n’umusore yakundanaga...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika,CAF,ryemeje ko igikombe cya Afurika gikinwa n’abakina imbere mu bihugu byabo [CHAN] kizaba kuva kuwa 4 Mata kugeza kuwa 25, aho bizahurirana n’igihe u...
Abanyarwanda babiri, Jean de Dieu Uwihanganye wamamaye mu itangazamakuru rya hano mu Rwanda nka MC Henri Jado na Usher Komugisha, bari ku rutonde rw’Abanyafurika bakiri bato bahesheje ishema...
Umunyamabanga mukuru w’ishyaka Zanu PF ryabarizwagamo Nyakwigendera Robert Mugabe yatangaje ko iri shyaka ryafashe icyemezo cyo kurekera umuryango wa Robert Mugabe inzu nziza yabagamo mu murwa...
Uwicyeza Pamela ni umunyarwandakazi w’uburanga butangaje ni umwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda 2019, icyo gihe yari yitwaje umushinga wo kurwanya inda ziterwa abangavu...
Umugabo witwa Ibrahima Ndiaye w’imyaka 50 ari mu ihurizo rikomeye ryo guhitamo umwana umwe mu mpanga ze 2 zavutse zifatanye aho yabwiwe ko mu kubabaga ngo batandukane umwe gusa ariwe...
Umukinnyi witwa Hassan Kajoke ukina ruhago mu ikipe ya Nyasa Big Bullets yo mu cyiciro cya mbere muri Malawi, yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga no mu binyamakuru nyuma yo kugabirwa inkoko...