Abafana babiri na APR FC baraye mu bitaro nyuma yo gukubitwa ndetse bakanakomeretswa n’abavugwa ko ari mayibobo z’i Rubavu zizwi nk’Abuzukuru ba Shitani.
Ibi byabaye nyuma y’umukino w’umunsi wa 15...
Ku munsi w’ejo, abafana ba Nigeria binjiye mu kibuga nyuma yo kunganya na Ghana igitego 1- 1, batuma abakinnyi n’abayobozi bahunga mu rwego rwo gukiza amagara yabo ariko umukozi wa FIFA ushinzwe...
Abafana bikekwa ko ari aba Rayon Sports bataramenyekana amazina, batoboye amapine y’imodoka y’umutoza mukuru Masudi Djuma nyuma yo kunganya na Espoir 2:2 mu mukino w’umunsi wa 5 wa...
Itsinda ry’abafana ba Rayon Sports barenga 15 biganjemo abazwi nk’aba hooligans barimo Rwarutabura,Nkundamace,Malaika n’abandi, baramukiye ku biro byayo biri ku Kimihurura bashaka guhura na komite...
Abapolisi bo mu Bwongereza bagize akazi gakomeye ko guhangana n’abafana bateje imvururu nyuma na mbere y’umikino wa EURO2020 Ubutaliyani bwatsinzemo Ubwongereza kuri penaliti...
Abafana ba Arsenal bamereye nabi cyane umuryango wa Stan Kroenke waguze iyi kipe aho bamusaba kuyivamo kubera kuyisubiza inyuma mu mikinire no kuyishyira mu irushanwa rya Super League ryababaje...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 22 Mata 2021, abafana b’ikipe ya Manchester United baramukiye ku kibuga cy’imyitozo cy’ikipe nkuru bafite ibyapa bisaba ba nyiri ikipe kuyivamo kubera...
Abafana b’ikipe ya Liverpool babwiye nyiri ikipe witwa John W. Henry ko kugira ngo bamubabarire ikosa yakoze ryo gushyira ikipe muri European Super League ari uko yabagurira rutahizamu Kylian...
Mu butumwa banyujije ku mbuga nkoranyambaga zabo,abafana ba Chelsea basabye ko umusifuzi witwa David Coote wabasifuriye ku mukino wa FA Cup bakinnye na Luton Town nawe akwiriye guhabwa umutuku...
Juventus iherutse gukomeretswa na Inter Milan irashaka kwiyunga n’abafana bayo mu mukino w’igikombe cya supercoppa izahuramo na Napoli kuri uyu wa Gatatu.
Muhawenimana Claude usanzwe akuriye abafana ba Rayon Sports yamaze guharikwa muri Friends Fan club abarizwamo kubera ngo imyitwarire mibi no gukomeza gukora ibikorwa bihungabanya ubuyobozi...
Abagize Komite ngenzuzi y’ihuriro rya za Fan Clubs za Rayon Sports bandikiye komite nyobozi y’umuryango wa Rayon Sports bayimenyesha ko abayobozi b’ihuriro ry’amatsinda y’abafana ba Rayon Sports [Fan...
Abafana b’ikipe ya FC Porto bakoze agashya kadasanzwe ubwo buriraga stade y’ikipe yabo bafite n’ibishashi by’umutuku bayifanira ku gisenge ubwo yakinaga na Maritimo muri shampiyona ya Portugal izwi...
Ubwo umuhanzikazi wo muri Nigeria witwa Simi yuzuzaga abafana miliyoni 7 zimukurikira kuri instagram yabashimiye ku bw’urukundo bamwereka ndetse anababwira ko akazi ari uguhatana ko ubuzima ku isi...
Abafana bikekwa ko ari aba Manchester United barakaye cyane batera urugo rw’umuyobozi w’iyi kipe [chief executive] witwa Ed Woodward ruherereye ahitwa Cheshire bitwaje ibishashi [fireworks]...
Abafana ba Manchester United bari mu kababaro k’uko ikipe yabo iri gutsindwa umuubirizo biyemeje gukora imyigaragambyo yo kwamagana abaherwe b’Abanyamerika baguze ikipe yabo aho biyemeje gusohoka...
Abafana b’ikipe y’umupira w’amaguru ya Malmo basenye ikibumbano cy’umukinnyi w’icyamamare ku isi, Zlatan Ibrahimovic cyari cyubatse kuri stade ya Malmo bamuhora ko yagiye gushora imari mu ikipe ya...
Umunyemari Kakooza Nkuriza Charles washinze ikipe ya Gasogi United,yabwiye abanyamakuru ko kuba yatsinzwe na APR FC bigoranye ibitego 3-2, ari uko amahirwe atari ku ruhande rwe ndetse abwira...
Perezida w’ikipe ya Rayon Sports,Munyakazi Sadate,yanenze bamwe mu bantu bashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto bagereranya abafana ba APR FC n’amatungo aho yababwiye ko nibamenyekana...
Abafana b’ikipe ya Malmo FF yo mu gihugu cya Sweden barakariye cyane uwahoze ari rutahizamu wabo Zlatan Ibrahimovic kubera igikorwa yakoze bafata nk’ubugambanyi akerekeza mu ikipe y’abakeba ya...
Abafana benshi ba Chelsea bababajwe cyane no kuba Manchester City yabatsinze ibitego 2-1 igahagarika umuvuduko bari bafite wo kumara imikino 6 yikurikiranya batsinda,aho byose babishinje...
Umunyarwanda Rwatubyaye Abdul w’imyaka 23 ukina nka myugariro mu kipe ya Colorado Springs Switchbacks Football Club yo muri leta zunze ubumwe za Amerika, yatowe nk’umukinnyi ukunzwe n’abafana muri...
Rutahizamu wa Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang,yahuye n’uruva gusenya ubwo yari atashye mu rugo ku cyumweru nyuma y’umukino Arsenal FC yanganyijemo na Crystal Palace ibitego 2-2,ahura n’abafana...
Ikipe ya Swansea City yo mu kiciro cya kabiri mu gihugu cy’Ubwongereza, yamaganye igikorwa cy’ubushinyaguzi cyakozwe n’abafana bayo bashinyaguriraga Nyakwigendera Emiliano Sala waguye mu mpanuka...