Abafana ba Manchester United bemeje ko umutoza wabo,Ole Gunnar Solskjaer, azirukanwa mu kwezi kwa mbere kwa Premier League izatangira kuwa 09 Kanama uyu mwaka,kuko imikino ye ya mbere izaba igoye...
Abafana ba Rayon Sports bishimiye gutwara igikombe cya shampiyona ku munsi w’ejo taliki ya 01 Kamena 2019 birabarenga niko guhundagazaho akayabo k’amafaranga ba rutahizamu Jules Ulimwengu waciye...
Abafana babiri b’ikipe ya Arsenal baraye barwaniye mu I gari ya moshi mu nzira y’ahitwa Piccadilly ubwo bari bamaze kureba umukino wa nyuma wa UEFA Europa League, ikipe yabo yanyagiwemo na Chelsea...
Ubwato bwari butwaye ikipe n’abafana bayo bageraga kuri 50 bagiye gukina umukino wa gicuti,bwarohamye mu kiyaga cya Albert bituma abagera kuri 7 bapfa,abandi benshi baburirwa...
Abafana ba Liverpool basanzwe bazwiho kugira imyitwarire idahwitse mu Bwongereza,bazindutse mu rukerera bajya kuri Hoteli yarayemo abakinnyi ba FC Barcelona,baturitsa ibishashi [fireworks] ari...
Abafana ba Chelsea bari kuri stade ya Stanford Bridge bagaragarije urwango rukomeye umtoza wabo Maurizio Sarri bamuririmbira ko atazi neza ibyo akora ndetse ko imikinire ye iciriritse ku buryo...
Nyuma ya Safi Madiba na Yasipi kuri ubu ni abanyamakuru ba City Radio bibasiwe n’abafana ba Mwiseneza Josiane nyuma yuko babitangaje kuri Radio ko babona adakwiye kuba Miss Rwanda...
Umutoza wa Arsenal,Unai Emery yatangiye guhangana n’abafana ba Arsenal kubera ko asigaye asimbuza rutahizamu wabo Alexandre Lacazette hakiri kare byatumye ku munsi w’ejo bamuvugiriza induru mu...
Umukinnyi Ndatimana Robert wahoze akinira Rayon Sports ariko ntahirwe no kuyivamo yagaragaye ku munsi w’ejo ari gukoreramo imyitozo ndetse arifuza kuba yahabwa amasezerano igihe Robertinho yaba...
Abafana b’ikipe ya Manchester United baririmbiye Cristiano Ronaldo indirimbo zo kumusingiza ubwo umukino wahuzaga Juventus na Manchester United wari urangiye ari kwinjira mu...
Kapiteni wa Manchester United,Antonio Valencia yaraye akanze like ku butumwa bw’abafana ba Manchester United bwo kuri Instagram,banditse bavuga ko bivuza ko Mourinho yakwirukanwa ndetse ko kureba...
Umutoza wa Rayon Sports Roberto Olivieira Goncalves do Carmon a kapiteni Rwatubyaye Abdul babwiye abafana ko biteguye neza ikipe ya Young Africansigisigaye ari ukwandika amateka ku munsi w’ejo...
Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko mu mukino w’uyu munsi baracakirana na Musanze FCariyunga n’abafana b’iyi kipe bamaze iminsi bamukomera kubera kwitwara nabi ku...
Ubwo ikipe ya Sporting Club de Portugal yari mu myitozo,yatunguwe na bamwe mu bafana bayo baje bitwaje inkoni n’imikandara bakubita abakinnyi n’abatoza babahora kwitwara nabi muri shampiyona...
Umukino wo kwishyura wa ½ cy’igikombe cy’igihugu cya Turkiya wahuzaga Beskitas na Fenerbahce wasubitswe kubera ko abafana ba Fenerbahce yari mu rugo bateye ikintu umutoza Senol Gunes wa Beskitas mu...
Ikipe ya Rayon Sports yageze muri Mozambike amahoro,aho yakiriwe n’imbaga y’abafana bayo baba muri iki gihugu bayirerembiye indirimbo zo kuyiha ikaze no kuyereka ko bayiri...
Umukinnyi Muhire Kevin ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports yasabye abafana ba Rayon Sports kwitegura kuririmba murera ubwo bazaba bavuye muri Mozambike mu mukino wo kwishyura wa CAF...
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports Ndayishimiye Eric uzwi nka Bakame yasabye abakinnyi bagezi be kwima amatwi abafana bakomeje kubabwira ko bamaze kugera mu matsinda ya CAF Confederations Cup kandi...
Miss Rwanda 2018, Iradukunda Liliane yahawe impano idasanzwe n’abafana b’ikipe yo ku mugabane w’Uburayi batandukanye bo muri Afurika y’iburasirazuba ubwo bari bamaze gukorana nawe umuganda wo gufasha...
Abafana ba Olympique de Marseille bakubise abashinzwe umutekano wo ku kibuga cya San Mames cya Athletic Bilbao barabakomeretsa ubwo iyi kipe yahuraga na Athletic Bilbao mu mukino wo kwishyura wa...
• Lomami Marcel yiteguye gufasha ikipe ya Rayon Sports kwitwara neza
• Lomami Marcel yasabye abafana ba Rayon Sports kumushyigikira
• Lomami Marcel niwe uzaba ari umutoza mukuru ku mukino wa Mukura...
Abafana benshi b’ikipe y’igihugu ya Nigeria bibasiye Iwobi ku mbuga nkoranyambaga, begeka kuri uyu mukinnyi, w’imyaka 27, kuba igihugu cyabo cyaratsinzwe na Côte d’Ivoire ibitego 2-1 mu mukino wa...
Mo Salah yasohotse mu kibuga arindiwe umutekano n’abasirikare nyuma y’aho abafana binjiye mu kibuga baje kumureba mu mukino Misiri yatsinzemo Sierra Leone.