Umukino w’umunsi wa 29 wa shampiyona y’Abongereza ’’Premier League’’ usize ikipe ya Arsenal yandagajwe na West Bromwich Albion iyitsinda ibitego 3-1 bishyira Arsenal ku mwanya wa gatanu, abafana...
Imodoka itwara abakinnyi b’ikipe ya Liverpool yatewe ndetse yangizwa n’abafana nyuma y’uko iyi kipe inyagiwe na Manchester City.
Liverpool yatsinzwe ibitego 4-1 na The Cityzens ku kibuga Etihad...
Umunya-Uganda, Joackim Ojera,yatahanye akanyamuneza nyuma y’aho ahawe akayabo k’amafaranga n’abakunzi ba Rayon Sports yahaye ibyishimo bisendereye.
Mu mukino w’Umunsi wa 22 wa Shampiyona wabereye...
Ikipe ya Chelsea yavugirijwe induru n’abafana bayo ku kibuga cyayo,Stamford Bridge,nyuma yo gutsindwa igitego 1-0 na Southampton.
Ikipe ya Chelsea yatakaje amanota 6 yose muri uyu mwaka...
Perezida w’Umuryango wa Kiyovu Sports, Ndorimana Jean François Régis "Général", yasuye abafana ba Kiyovu Sports batawe muri yombi.
Ku wa Gatanu, tariki ya 27 Mutarama 2023, ni bwo Urwego rw’Igihugu...
Umutoza wa Rayon Sports,Haringingo Francis Christian yabwiye abafana bayo ko bagomba kuzajya kureba umupira wayo na Kiyovu Sports ku wa Gatanu nta bwoba bafite kuko bazawutsinda.
Kuri uyu wa...
Nyuma y’aho ikipe ya Arsenal itsinze PSV igitego 1-0 kuri Emirates mu mikino ya Europa League, abafana b’iyi kipe yo mu Buholandi bakuye intebe zo kuri iyi stade ndetse banatera ibyuka muri bagenzi...
Mushiki wa Cristiano Ronaldo witwa Katia Aveiro,yatutse abafana b’ikipe y’igihugu cya Portugal bibasiye musaza we nyuma yo kurakazwa n’uko yitwaye nabi mu mukino batsinzwemo na Espagne igitego 1-0...
Ibintu bitangaje bikomeje kugaragara mu ikipe ya Manchester United kuko n’abafana ubwabo batangiye kugira umwiryane hagati yabo kugeza ubwo bakozanyijeho ku munsi w’ejo kuri Old Trafford.
Ubwo...
Kapiteni w’ikipe ya Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang, yateye umujinya abafana ba Arsenal nyuma yo gutsindwa na Manchester United yarangiza akagaragaza ko yishimiye ubutumwa bwa Cristiano Ronaldo...
Hari hashize imyaka 55 Ubwongereza butazi uko umukino wa nyuma wa Euro usa ariko abasore b’umutoza Gareth Southgate baraye batsinze Denmark ibitego 2-1 muri ½ cy’irushanwa ry’uyu mwaka baha ibyishimo...
Mu ijoro ryo ku Cyumweru nibwo ibinyamakuru byo ku mugabane w’I Burayi byatangaje ko hari irushanwa ryitwa European Super League rije guhangana na UEFA Champions League isanzwe ikunzwe na benshi...
Ikipe ya Liverpool ikomeje kujya mu bihe bibi cyane mu mupira w’amaguru yaba muri Premier League no muri FA Cup yaraye isezerewemo gusa abakunzi b’iyi kipe bamwe batangiye kubigereka ku mukinnyi...
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwakoze umwiherero w’umunsi umwe, bahura n’abakinnyi kugira ngo hategurwe umwaka w’imikino wa 2020/2021.
Ni umwiherero wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Kanama...
Umuyobozi wa Rayon Sports Munyakazi Sadate yavuze ko we na komite ayoboye bihaye ibyumweru bibiri ngo imodoka y’ikipe ibe yagarutse mu maboko yabo ndetse izongere gutwara abakinnyi muri Kanama...
Ishyamba s’iryeru na gato mu ikipe ya Rayon Sports kuko nyuma y’aho perezida wayo Munyakazi Sadate ateranye amagambo na bamwe mu bakinnyi bayo bapfa umushahara,kuri ubu n’abafana batangiye gushwana...
Umutoza wa Rayon Sports, Mathurin Ovambe Olivier umaze gutoza imikino 2 ya CECAFA Kagame Cup ayitsinda,yavuze ko urukundo abafana ba Rayon Sports bakunda ikipe yabo ruruta kure cyane urwo abafana...
Abakunzi ba ruhago ku isi bamaze gusinya inzandiko zirenga 5000 zisaba UEFA ko yahagarika kabuhariwe Lionel Messi mu mukino wo kwishyura wa ½ cya UEFA Champions League, kubera igipfunsi yakubise...
Mu mukino w’ishyiraniro wabaye kuwa Gatandatu taliki ya 20 Mata 2019,bamwe mu bafana bagaragaye barwana nyuma y’aho Rayon Sports yari imaze gutsinda APR FC igitego 1-0 ndetse n’abakinnyi ba APR FC...
Mu gihe abafana ba Josiane bari bamaze iminsi barishyize ku kizere ko azegukana ikamba rya Miss Rwanda 2019, ndetse yewe bamwe bari baranatangiye kubyina insinzi, uyu munsi babwiwe ko kuba ari...