Mu gitaramo cyateguwe na Munyeshyaka Claude cyagombaga kubera i Rwamagana hagaragaye kutumvinaka bituma abahanzi babarizwa mu itsinda rya Urban Boyz n’ aba Jay Polly bataririmba bitera abafana...
Makanyaga Abdul uzwi cyane mu ndirimbo za Karahanyuze nka “Rubanda ntibakakoshye”, “Nshatse inshuti” n’izindi yabaye umukinnyi w’umupira w’amaguru mu ikipe ya Kiyovu...
Irushanwa rya Primus Guma Guma Superstar rihuriza hamwe abahanzi 10 bakunzwe, iry’uyu mwaka riragana ku musozo muri iri joro ryo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena uyu mwaka.
Uyu mugoroba...
Producer Julien Bmjizzo uri mu bagezweho mu gutunganya imiziki y’abahanzi Nyarwanda batuye i Burayi yambitse impeta umukunzi akaba n’umunyarwenya Sugira Florance bari bamaranye igihe mu munyenga...
Bafatanyije hamwe abahanzi 10 barimo umuhanzikazi wagwije ibigwi mu muziki w’u Rwanda, Mariya Yohana bahuje imbaranga mu ndirimbo yo kwibuka bise “Impore...
Ku nshuro ya karindwi ibihembo bya African Entertainment Awards USA 2021 bitangwa , abahanzi babiri Meddy , Butera Knowless bari bahagarariye u Rwanda babuze amahirwe batahira amara...
Igitaramo cy’umuhanzi Bruce Melodie umaze kubaka izina mu muziki mu gihe kimyaka 10 , yatangaje abahanzi batandukanye bazakibonekamo ndetse n’abamwe mu byamamare...
Abahanzi nyarwanda barimo The Ben, Meddy na Knowless nibo bahanzi bo mu Rwanda bari guhatanira ibihembo bya muzika AFRIMMA, bitangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za...
Kayesu Shalon [Shazz] wamenyekanye mu ifungwa ry’abahanzi babiri Davis D na Kevin Kade ni umukobwa ufite imyaka 18 y’amavuko ndetse isaga kuko yayujuje ku itariki 23 Ukuboza 2020, ubu akaba yiga mu...
Mike Karangwa na Nzizera Aimable, batangaje ko batigeze bagambanira na rimwe Murindahabi Irene [M. Irene] kugira ngo atandukane n’itsinda ry’abahanzikazi Vestine na Dorcas, ahubwo ari ibintu...
Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Bongo Flava Ali Kiba yasabye abanya Tanzanie kureka kwibasira umunyamakuru wa Cloud FM yo muri Tanzanie wavuze ko bakundanye mu byanavugwaga ko yagize uruhare mu...
Mu Ukwakira nibwo Harmonize yatangaje ku mugaragaro ko yatangije inzu ifasha abahanzi ye bwite yise ‘Konde Boy Worldwide’ kandi yifuza gusesa amasezerano na Wasafi ya Diamond...
Mu minsi ishize ubwo hasozwaga ibitaramo bya Iwacu Muzika Festival, Meddy ukorera umuziki we muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , nyuma yo kumva no kureba amashusho y’ikiganiro umuhanzi ukunzwe...
Uwavuga ko The Mane iri mu nzu zifasha abahanzi zihagaze neza muri iki gihe ntiyaba abeshye, ni inzu ibarizwamo Safi Madiba, Marina ndetse na Queen Cha kandi utibagiwe na Jay Polly. Igitekerezo,...
Kuri uyu wa Gatatu nibwo abaganga bafashe icyemezo cyo guca Junior Miltisystem ukuboko kw’ibumoso nyuma yo kubona ko kwangiritse cyane ku buryo gushobora kwangiza ibindi bice by’umubiri mu gihe...
Humble Jizzo yatangaje ko azambarirwa n’bamwe mu nshuti ze, abahanzi bagenzi be, abo mu muryango ndetse na Nizzo Kaboss baririmbana muri Urban Boys. Ndetse ko ubukwe bwe buzabera ku Inzozi Beach...
Am G The Black yibukije abahanzi bagenzi ko gushaka umugore bitavuze kubafungirana mu rugo ,ahubwo ko biba bikwiye ko nabo babatembereza bakabereka akazi bakora uko kaba kameze bityo ngo bituma...
Kuri uyu wa Gatanu umuhanzi Dj Pius yamuritse Alubumu y’indirimbo ye nshya yise ‘ Iwacu’ igitaramo cyatumiwemo abahanzi batandukanye barimo Jose Chameleon ,Weasel ,Palasso ,Charly & Nina...
Abahanzi barimo Jose Chameleone ,Palasso ,Weasel ndetse na Big Fizzo bageze mu Rwanda gushyigikira umuhanzi Dj Pius mu gitaramo cye cyo kumurika Album ye hanze yise...