skol
Kigali

Search: amadorali (559)

Urifuza guherekeza Rayon Sports muri Mali gukina na Onze Createurs? Dore ibyo usabwa

Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
6 March 2017 2975 0

FERWAFA ihaye umugisha Antoine Hey nk’umutoza w’Amavubi

FERWAFA yemeje Umudage Antoine Hey nk’umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’.Ahigitse umu Portugal n’umu Suwisi. Ni nyuma y’inkuru yasohotse mu kinyamakuru ’La Jeune...
2 March 2017 1337 0

AMAVUBI:Umudage niwe uhawe ikipe y’igihugu Amavubi nk’umutoza mukuru

Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
28 February 2017 1900 0

Gen Ousmane wari umugaba mukuru w’ingabo muri Gambia yakuweho

Perezida Adama Barrow uherutse kurahirira kuyobora Gambia atowe n’abaturage yavanye Gen Ousmane Badgie ku mwanya w’ umugaba mukuru w’ingabo. Uyu musilikali yari yashyizweho na Yahya Jammeh wamaze...
28 February 2017 1311 0

Oprah Winfrey yasobanuye imyaka 31 y’urushako nta mwana

Mu buzima bwa Oprah Winfrey ntiyigeze ashaka kubyara ndetse n’umwana yabyaye yapfiriye mu bitaro hashize iminsi mike avutse! Umunyamakuru Oprah Winfrey umwe mu bagore bavuga rikijyana ku Isi,...
27 February 2017 3973 0

Umugore wa Perezida Trump ashobora kwirukanwa muri Amerika kubera uburiganya

Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana abimukira bari muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba byamaze kumenyekana ko n’ umugore...
27 February 2017 5715 0

U Bwongereza: Inzu yubakiwe guhungishirizwamo abayobozi yatahuwemo umurima munini w’ urumogi(AMAFOTO)

Mu gihugu cy’ u Bwongereza mu nzu yubakiwe guhungishirizwamo abayozi, hatahuwe umurima w’ urumogi rufite agaciro ka amadorali y’ Amerika miliyoni n’ ibihumbi 200. Iyo nyubako yasanzwemo uyu murima...
24 February 2017 2332 0

Mexique yateye utwatsi politiki ya Trump yo kohereza muri Mexique abimukira bose badafite ibyangombwa

Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique Luis Videgaray Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique yamaganye gahunda ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yo kwirukana...
23 February 2017 1144 0

Umugeni wakoze ubukwe bw’idorali 1, yahaye inama abakobwa bashidukira abanyamafaranga

Umugore witwa Ann Mutura washyakanye na Wilson, bagakora ubukwe bwatwaye idorali rimwe mu gihugu cya Kenya, yavuze ko yakunzwe n’abagabo bafite amafaranga ndetse banamusabaga ko bakora ubukwe...
23 February 2017 5159 0

Trump yongeye yibasira itangazamakuru, nyuma y’ isengesho ryayobowe n’ umufasha we (Uko byari byifashe mu mafoto arenga...

Perezida wa Leta zunze ubumwe Amerika Donald Trump kuri uyu wa 18 Gashyantare yongeye kunengera mu ruhame itangazamakuru atanga n’ ingero z’ abandi ba Perezida ba Amerika banenze itangazamakuru....
19 February 2017 6366 0

Kenya :Nyuma y’uko bakoze ubukwe bw’ idolari rimwe, bakorewe ubwatwaye asaga miliyoni 30 Frw-AMAFOTO

Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
14 February 2017 9751 0

Akayabo kazagenda ku rukuta rutandukanya USA na Mexique kamenyekanye, Mexique yateguye imyigaragambyo

Urukuta Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump avuga ko azubaka mu mupaka wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika na Mexique ngo ruzamutwara miliyari 21 na miliyoni 600 z’ amadorali y’...
12 February 2017 4481 0

Ibigo by’ imari byahagurukiye ubujura bwifashisha inkorabuhanga

Ibigo by’imari mu Rwanda biravuga ko byafashe ingamba zikarishye mu guhangana n’ibitero bigabwa ku ma banki by’umwihariko, hifashishijwe ikoranabuhanga [Cyber Attacks], abajura [Hackers] bashaka...
10 February 2017 495 0

Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa akurikiranywe n’ inkiko

Nicolas Sarkozy Umucamanza wo mu gihugu cy’ Ubufararansa yategeko ko Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa yitaba urukiko agatanga ibisobanuro by’ ukuntu yakoresheje amafaranga y’...
7 February 2017 524 0

Umunyafurika mu bakinnyi 5 bakize cyane kurusha abandi muri shampiyona y’u Bwongereza

Shampiyona y’u Bwongereza niyo shampiyona umuntu yavuga ko ariyo ikurikiranwa cyane ku mugabane w’Uburayi ndetse no ku isi yose, iyo umukinnyi akina muri iyi shampiyona akaba ari n’umuhanga...
9 January 2017 4161 0

Perezida Kagame ategerejwe mu gihugu cy’u Buhinde ku butumire bwa Minisitiri w’Intebe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
6 January 2017 590 0

Umunyarwanda ukekwaho kwiba arenga 3 Miliyoni agahungira Uganda yatawe muri yombi

Polisi ya Uganda yataye muri yombi inohereza mu Rwanda Umunyarwanda ukekwaho kwiba arenga miliyoni 3 mu karere ka Rusizi akajya kwihisha muri Uganda. Isaïe Hategekimana akurikiranyweho kwiba...
5 January 2017 1154 0

Kigali: imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe guturwamo yahawe amezi atatu

Imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe gurwamo mu Rwanda, Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwayihaye amezi atatu yo kuba yamaze kwimukira mu mazu yagenewe ubucuruzi. Ibigaragarira...
4 January 2017 1425 0

Bimwe mu bihe by’ingenzi utari uzi byaranze ’KAKA’ wabiciye bigacika muri ruhago

Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu makipe akomeye nka Real Madrid yo muri Espagne, AC Milan yo mu Butaliyani nayandi. Iyo umuvuze benshi...
2 January 2017 1874 0

[Mu mafoto]: Bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze siporo nyarwanda mu mwaka wa 2016

Turi gusoza umwaka wa 2016, uyu mwaka siporo nyarwanda yaranzwe n’ibihe byiza ndetse n’ibibi, haba mu muri ruhago dore ko ariyo ikunzwe cyane kurusha izindi siporo, gusa n’ubwo ariyo ikunzwe cyane...
30 December 2016 1220 0

Madamu Fernandez wayoboye Argentine, mu rukiko ashinjwa ruswa

Cristina Fernandez wayoboye Argentine imyaka umunani, yagejejwe imbere y’ubutabera kuri uyu wa Kabiri kugira ngo yisobanure ku byaha bya ruswa akurikiranyweho. Cristina Fernandez kandi ari...
28 December 2016 633 0

Wizkid agiye gutaramira muri Uganda nyuma yo gushyirirwaho impapuro zimuta muri yombi

Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...
28 December 2016 94 0

Amerika: Umunyarwanda w’ imyaka 19 wavukiye ku Muhima, amaze imyaka 2 atwara indege

Umunyarwanda witwa Mugisha Kamana Jean-Marie Consolateur, ubu ufite imyaka 19 avuga ko yatangiye gutwara indege mu buryo bwemewe n’amategeko kuva ku myaka 17 ubwo yahabwaga uruhushya rwa Private...
27 December 2016 7807 0

Umunyamabanga Mukuru wa Loni, Ki-Moon, arashinjwa ruswa

Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye ucyuye igihe, Ban Ki-Moon arashinjwa kwakira ruswa ubwo yari akiri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Koreya y’Epfo. Ban Ki-Moon arasoza manda ye ku...
27 December 2016 1216 0

Umunya Tunisia wakekwagaho kugongesha abantu ikamyo mu Ubudage yishwe arashwe

Anis Amri, umusore w’imyaka 24 ukomoka muri Tunisia, uherutse kwica abantu 12 agakomeretsa 49 ku gitero yagabye ku isoko riherereye mu Murwa mukuru w’u Budage, Berlin, yiciwe mu Butaliyani ashaka...
23 December 2016 952 0

Schwarzenegger avuga ko iyo yirebye mu ndorerwamo akabona uko arimo gusaza aruka

Arnold Schwarzenegger, wakinnye filimi nyinshi akaba na guverineri wa Leta ya California yatangaje ko ababazwa cyane n’ukuntu ari gusaza ku buryo iyo yirebye mu ndorerwamo akabona ukuntu umubiri...
23 December 2016 6115 0

Boeing yemereye Trump gukora Air Force One ku giciro gito

Umuyobozi mukuru wa sosiyete ikora indege, Boeing, yahuye na perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump bemeranya gukora indege nshya ya Air Force One ku giciro gito nyuma y’uko...
22 December 2016 1687 0

Nigeria: Ikipe y’abagore yigaragambirije imbere y’urugo rwa Perezida Buhari

Abakinnnyi b’ikipe y’igihugu y’abagore mu mupira w’amaguru muri Nigeria, babyukiye mu myigaragambyo imbere y’urugo rwa perezida Buhari. Nyuma y’aho bakomereje imbere y’ingoro y’inteko ishinga...
14 December 2016 1824 0

Dr Kaberuka yahawe imirimo mishya mu kigo cyo muri Amerika

Dr Donald Kaberuka wabaye Perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) mu gihe cy’imyaka 10, yagizwe Umujyanama Mukuru mu Kigo cy’Abanyamerika gikora ubugenzuzi, Boston Consulting Group...
9 December 2016 302 0

Mu ntara y’ amajyaruguru hatangiye gukoreshwa Drone mu buhinzi bw’ ibirayi

Abahinzi b’ ibirayi bo mu turere twa Musanze, Burera, na Nyabihu batangiye gukorera utudege tutangira abapilote “Drone” mu buhinzi bw’ ibirayi. Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016, nibwo ikoreshwa ry’ utu...
8 December 2016 1060 0
0 | ... | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | 270 | 300 | 330 | 360 | ... | 540