Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports bwatangaje ko umuntu wese wifuza guherekeza ikipe ya Rayon Sports muri Mali igiye gukina n’ikipe ya Onze Createurs mu mikino nyafurika agomba kwishyura amafaranga...
Umudage Antoine Hey niwe utsindiye gutoza ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umupira w’amaguru ‘Amavubi’, ni nyuma yo guhigika umu Portugal n’umu Suwisi mu kizamini cya nyuma cyabereye ku icyicaro gikuru cya...
Mu gihe Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump akomeje umugambi wo kwirukana abimukira bari muri iki gihugu badafite ibyangombwa bibemerera kuhaba byamaze kumenyekana ko n’ umugore...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique Luis Videgaray
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanaga wa Mexique yamaganye gahunda ya Perezida wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika Donald Trump yo kwirukana...
Perezida wa Leta zunze ubumwe Amerika Donald Trump kuri uyu wa 18 Gashyantare yongeye kunengera mu ruhame itangazamakuru atanga n’ ingero z’ abandi ba Perezida ba Amerika banenze itangazamakuru....
Kenya- Wilson na Ann Mutura, basezeranye mu minsi ishize bakoresheje idorali rimwe. Ni ubukwe bwakwirakijwe ku mbuga nkoranyambaga, maze bamwe biyemeza gufasha uyu muryango bagakora ubukwe...
Urukuta Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’ Amerika Donald Trump avuga ko azubaka mu mupaka wa Leta zunze ubumwe z’ Amerika na Mexique ngo ruzamutwara miliyari 21 na miliyoni 600 z’ amadorali y’...
Ibigo by’imari mu Rwanda biravuga ko byafashe ingamba zikarishye mu guhangana n’ibitero bigabwa ku ma banki by’umwihariko, hifashishijwe ikoranabuhanga [Cyber Attacks], abajura [Hackers] bashaka...
Nicolas Sarkozy
Umucamanza wo mu gihugu cy’ Ubufararansa yategeko ko Nicolas Sarkozy wahoze ari Perezida w’ Ubufaransa yitaba urukiko agatanga ibisobanuro by’ ukuntu yakoresheje amafaranga y’...
Shampiyona y’u Bwongereza niyo shampiyona umuntu yavuga ko ariyo ikurikiranwa cyane ku mugabane w’Uburayi ndetse no ku isi yose, iyo umukinnyi akina muri iyi shampiyona akaba ari n’umuhanga...
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda azitabira Ubutumire bw’igihugu cy’Ubuhinde guhera ku wa 09-12 Mutarama 2017. Biteganyijwe ko perezida Kagame azajyana n’itsinda ry’abarwiyemezamirimo bo mu Rwanda ku...
Imiryango itegamiye kuri Leta ikorera mu mazu yagenewe gurwamo mu Rwanda, Ubuyobozi bw’ Umujyi wa Kigali bwayihaye amezi atatu yo kuba yamaze kwimukira mu mazu yagenewe ubucuruzi.
Ibigaragarira...
Richardo Izcson Dos Santos uzwi nka “KAKA,” ni umukinnyi mpuzamahanga w’umunya Brazil waciye mu makipe akomeye nka Real Madrid yo muri Espagne, AC Milan yo mu Butaliyani nayandi. Iyo umuvuze benshi...
Ayodeji Ibrahim Balogun [Wizkid] arataramira mu gihugu cya Uganda mu ntangiriro za 2017. Ni nyuma y’uko ashyiriwe impapuro zo kumuta muri yombi ashyinjwa ubuhemu n’ubwambuzi ku munota wa nyuma...
Umunyamabanga mukuru w’ Umuryango w’ Abibumbye ucyuye igihe, Ban Ki-Moon arashinjwa kwakira ruswa ubwo yari akiri Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Koreya y’Epfo.
Ban Ki-Moon arasoza manda ye ku...
Arnold Schwarzenegger, wakinnye filimi nyinshi akaba na guverineri wa Leta ya California yatangaje ko ababazwa cyane n’ukuntu ari gusaza ku buryo iyo yirebye mu ndorerwamo akabona ukuntu umubiri...
Umuyobozi mukuru wa sosiyete ikora indege, Boeing, yahuye na perezida mushya wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump bemeranya gukora indege nshya ya Air Force One ku giciro gito nyuma y’uko...
Dr Donald Kaberuka wabaye Perezida wa Banki Nyafurika itsura Amajyambere (BAD) mu gihe cy’imyaka 10, yagizwe Umujyanama Mukuru mu Kigo cy’Abanyamerika gikora ubugenzuzi, Boston Consulting Group...
Abahinzi b’ ibirayi bo mu turere twa Musanze, Burera, na Nyabihu batangiye gukorera utudege tutangira abapilote “Drone” mu buhinzi bw’ ibirayi.
Kuri uyu wa 7 Ukuboza 2016, nibwo ikoreshwa ry’ utu...