Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu Amnesty International, urasaba ko habaho guhagarika byihutirwa ibitero bigabwa ku basivili mu mirwano hagati y’ingabo za leta n’abarwanyi b’umutwe wa M23...
Bwa mbere mu mateka ya Kibeho, Perezida w’igihugu yasuye ingoro ya Nyina wa Jambo, asengera aha hantu hatagatifu. Yapfukamiye Imana na Bikira Mariya wahatoranyije.
Minisitiri w’ingabo wa DR Congo yatangaje ko “ibintu byose byateguwe kugira ngo umujyi wa Goma udafatwa”, mu gihe ubu bivugwa ko uyu mujyi wamaze kugotwa ku gice cyose cy’ubutaka n’umuhanda mukuru...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr Vincent Biruta, yavuze ko mu myaka 30 ishize nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi u Rwanda rumaze guhamya umubano...
Perezida Felix Tshisekedi wa DR Congo yavuze ko “gukemura amakimbirane n’u Rwanda mu nzira za dipolomasi bishobora kurebwaho” ariko ko ibyo bidashoboka mu gihe rwaba rukiri ku butaka bwa DR Congo...
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rwatangaje ko mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, abarimu bose bo mu Rwanda bazaba bafite mudasobwa muri gahunda ya mudasobwa kuri buri...
Umutwe wa M23 ushobora kuba utaribagirwa abasirikare ba Africa y’Epfo na Tanzania bafashije FARDC kubatsinda no kubavana aho bari barafashe mu 2012, gusa ubu hashize imyaka 10 iby’icyo gihe sibyo...
Nyuma y’imirwano itoroshye imaze iminsi ihuza umutwe w’inyeshyamba wa M23 n’ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo FARD, hamwe n’abo bafatanije, ubwoba ni bwose byatumye Brigade ya 21 yose...
Imibare yavuye mu ibarura rusange rya 2022 igaragaza ko abantu 16.7%, mu bantu bafite kuva ku myaka itatu kuzamura batigeze bagana intebe y’ishuri. Abakuru muri bo bivuze ko batazi gusoma no...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa 21 Ukuboza 2023, abakozi bane bakoraga mu kigo cy’Igihugu gishinzwe Iterambere ry’ubuhinzi (RAB) i Mututu, mu murenge wa Kibirizi,ho mu karere ka Nyanza, bakuwe mu cyobo...
Ubuyobozi bw’Umutwe w’Ingabo za EAC zoherejwe mu butumwa bw’Amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, EACRF, bwasezereye iz’u Burundi zakoreraga muri teritwari ya Masisi mu Ntara...
Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru , ingabo z’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) zatangiye kuva muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo nyuma yuko leta ya Kinshasa ivuze ko nta cyo zimaze...