Perezida wa USA,Donald Trump yagiriye urugendo rw’amateka ku butaka bwa Koreya ya ruguru ahita yandika amateka yo kuba perezida wa mbere wa Amerika usuye iki gihugu kizwiho kwihaza mu gukora...
Ikipe ya Rayon Sports inaniwe kwibikira impamba izayikura muri Sudani yemye kuko yanganyije igitego 1-1 na Al Hilal mu mukino ubanza w’ijonjora ryibanze rya CAF Champions League wabereye I...
Ikipe ya Tottenham yageze ku mukino wa nyuma ubushize yaherewe isomo ry ruhago ku kibuga cyayo ubwo yatsindwaga na Bayern ibitego 7-2 mu mikino ya UEFA Champions League mu gihe Real Madrid yo...
Ikipe ya Leicester City yaciye agahigo ko gutsindira ibitego byinshi hanze y’ikibuga cyayo bwa mbere mu mateka ya shampiyona y’Abongereza, nyuma yo kujya gutsindira Southampton i Saint Marry...
Uyu mwaka wa 2019 wabaye uw’amahirwe gusa cyane ku bakobwa bafite uruhu rwirabura kuko uyu mwaka amakambwa yose atangwa buri mwaka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika,yaba Miss USA, Miss teen USA,...
Amakuru yizewe aturuka mu Burundi , mu murwa mukuru wa politike w’u Burundi yemeza ko Umuyobozi wa Kiliziya Gatolika, Musenyeri Simon Ntamwana afite uruhare rukomeye mu miyoborere y’ iki gihugu ku...
Yari mwiza imbere n’inyuma, yakundaga Imana agakunda n’umugabo we Umwami Mutara III Rudahigwa: Ni amagambo ubwirwa na buri wese mu bahuye cyangwa ababanye na Rosalie Gicanda, Umwamikazi wa nyuma...
Peruth Chemutai abaye umugandakazi wa mbere utsindiye umudali wa zahabu mu mikino olempike kuva yabaho aho yabaye uwa mbere mu gusiganwa metero 3000 basimba imitego (steeplechase/course...
Abategetsi bo mu bihugu 20 bifite ubukungu bukomeye ku isi bemeje amasezerano yo ku rwego rw’isi azatuma inyungu z’ibigo binini by’ubucuruzi byakwa umusoro nibura wa...
Ku cyumweru tariki 26 Mutarama/Nzero 2020 ku masaha y’umugoroba i Los Angeles nibwo inkuru y’incamugongo mu bakunzi ba basketball n’abazi Kobe Bryant yamenyekanye ko yapfiriye mu mpanuka y’indege,...
Malcolm X yishwe arashwe ari ku cyumweru tariki nk’iyi ukwezi nk’uku mu 1965, abagabo batatu bamurashe amasasu menshi ari gutambuka ngo atange imbwirwaruhame mu nzu iri i Manhattan muri New York....
Imyaka 41 irashize, umunya-Jamaica,Robert Nesta Marley,umuhanzi mu njyana ya Reggae,yitabye Imana.
Bob Marley ufatwa nk’uwamenyekanishije cyane injyana ya Reggae,ubusanzwe yitwa Robert Nesta...
Ikipe ya Maroc yaraye yakiriwe neza cyane iwabo nyuma yo gukora amateka yo kuba ikipe ya mbere muri Afurika igeze muri 1/2 cy’irangiza mu gikombe cy’isi.
Maroc yagaragaje ko ikomeye iyobora...
Ikipe ya Vipers SC imaze gutangaza ko yatandukanye na Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo, uzwi nka Robertinho.
Ibinyujije kuri Twitter,ikipe ya Vipers yatangaje ko yatandukanye na Robertinho...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 24 Werurwe 2023,Rusesabagina Paul yafunguwe ku mbabazi za Perezida wa Repubulika nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka 25 ahamijwe ibyaba by’iterabwoba.
Mbere y’aho,...
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera,yavuze ko abaturage basabwa gutangira amakuru ku gihe kugira ngo ikibazo cy’abajura kibe amateka mu Rwanda.
Yabwiye RBA ko hafashwe ingamba zo...
Ku ncuro ya mbere Papa Francis azemerera abagore gutora mu nama ikomeye y’abakuriye Kiliziya ku isi izaba mu Ukwakira(10) – ikintu cyakiriwe neza nk’amateka mashya.
Itegeko rishya ryatangajwe kuwa...
Impano ya Kendrick Lamar yavumbuwe afite imyaka 16 ndetse uyu muhanzi wa rap aherutse gushyirwa ku rutonde rw’abahanzi 50 b’ibihe byose ba rap muri Amerika.
Abanyapolitiki icyenda barimo abo mu Mujyi wa Kigali no mu ntara zitandukanye bongerewe kuri 12 basanzwe bibukirwa ku Rwibutso rwa Jenoside rwa Rebero. Aba bose bishwe bazizwa kurwanya umugambi...
Tupac Amarur Shakur (2Pac) n’umuhanzi w’icyamamare ufatwa na benshi mu bakunzi binjyana ya hip hop nk’intwari doreko nawe ariyo yaririmbaga, iyo azakuba akiri ku Isi kuri uyu munsi yari kuba yujuje...
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatanu hari hatahiwe imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya nyuma y’igikombe cy’Isi aho ikipe ya Portugal ikomeje kongera amahirwe yo kucyitabira...
Ikipe y’ igihugu y’ u Bwongereza yongereye gukandagiza ikirenge ku mukino wanyuma w’ igikombe cy’ Isi cy’ abatarengeje imyaka 20. Yabiherukaga mu mwaka wa 1966.
Kuri uyu wa Kane tariki 8 Kamena...