skol
Kigali

Search: amatora (1857)

Dr Kizza Besigye yinjiye mu muziki

Umunyapolitiki ukomeye mu batavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Uganda Dr Warren Kizza Besigye Kifefe nyuma yo kugerageza kuba Perezida wa Uganda inshuro enye zose bitamuhira , kuri ubu yinjiye mu...
24 March 2017 3083 0

RDC: Abapolisi barenga 40 bishwe baciwe imitwe

Abapolisi 42 bo muri Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo bishwe baciwe imitwe n’ inyeshyamba ahitwa Kasaï. Ibyo ngo byabaye ku wa Gatanu ubwo abo bapolisi bari mu modoka yo mu bwoko bwa...
26 March 2017 1912 0

Minisitiri Busingye yasabye inama polisi kugendana n’ ikoranabuhanga rigezweho

Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye kuri iki Cyumweru tariki 26 z’uku Kwezi yabwiye abagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ko ibikorwa by’uru rwego rw’umutekano...
26 March 2017 634 0

Ingabire M. Immaculée yatorewe kuyobora ihuriro ry’imiryango itegamiye kuri Leta muri EAC

Ingabire Marie Immaculee, uyobora Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’ akarengane ishami ry’ u Rwanda, yatorewe kuyobora ihuriro ry’ imiryango itegamiye kuri Leta mu bihugu bigize Afurika y’...
1 April 2017 1252 0

Uganda: Abadepite biyemeje gukoropa imisarane kubera inzara iri mu baturage (Videwo)

Bamwe mu badepite baravuga ko bagiye kujya mu kinamba bakoza imodoka abandi bakoza imisarane mu rwego rwo gushaka amafaranga yo gufashisha abaturage ba Uganda bugarijwe n’ ikibazo cy’ ibura ry’...
15 April 2017 1797 0

Kamarampaka yahaye Perezida wa Turikiya ubudahangarwa buhambaye

Perezida wa Turukiya, Tayyip Erdogan ageza ijambo ku baturage nyuma y’aho kamarampaka yemeje ihindurwa ry’itegeko nshinga. Kuri iki Cyumweru tariki 16 Mata 2016, Abategetsi ba Turukiya batangaje...
17 April 2017 792 0

Perezida wa Venezuela yafunguye imipaka

Perezida wa Zenezuela Nicolas Maduro umaze igihe yarafunze imipaka y’ igihugu akabuza abaturage be guhahirana n’ igihugu cya Colombia bigatuma igihugu cye gisubira inyuma mu bukungu ndetse n’...
24 April 2017 1159 0

Abafaransa baratora Perezida usimbura Francois Hollande

Ku isaha ya Saa mbili ku masaha yo mu Rwanda, kuri iki Cyumweru tariki 7 Gicurasi 2017, Abafaransa bazindukiye mu matora y’ icyiro cya kabiri. Emmanuel Macron na Madamu Marine Le Pen, umwe...
7 May 2017 608 0

Icyo Isi ivuga ku nsinzi ya Emmanuel Macron

Umufaransa ushyigikiye cyane Umuryango w’ Ubumwe bw’ I Burayi Emmanuel Macron niwe yatorewe kuba Perezida w’ u Bufaransa mu matora yabaye kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017, yatsinze Madame Marie Le Pen...
8 May 2017 2294 0

USA: Trump yahambirije James Comey wayoboraga FBI

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’ Amerika/Foto: CNN Mu buryo butunguranye kuri uyu wa kabili Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump yahambirije James Coney wayoboraga...
10 May 2017 2973 0

Perezida Zuma yatangaje ko yifuza gusimburwa na Dlamini Zuma wahoze ari umugore

Perezida w’Afurika y’Epfo, Jacob Zuma yatangaje ko Dr Nkosazana Dlamini-Zuma ari we aha amahirwe yo kuzamusimbura ku butegetsi. Ni mu gihe mu mpera z’uyu mwaka hateganyijwe amatora y’umukuru...
17 May 2017 1419 0

Abadepite bagiye guhagarira u Rwanda muri EALA bamenyekanye

Aba nibo badepite 9 bagiye guhagararira u Rwanda muri EALA Kuri uyu wa Gatanu tariki 19 Gicurasi 2017, Inteko Inshinga Amategeko y’u Rwanda yatoye Fatuma Ndangiza, Francine Rutazana nk’abadepite...
19 May 2017 2818 0

EU yanze icyifuzo cya EAC cyo gukuraho ibihano byafatiwe u Burundi

Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, EU, wateye utwatsi icyifuzo cy’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), cyo gukuraho ibihano bijyanye n’ubukungu byafatiwe igihugu cy’ u Burundi. Ni mu gihe mu...
23 May 2017 872 0

ADEPR yabonye umuvugizi mushya, menya abagize komite nyobozi nshya y’ iri torero

Inteko rusange ya ADEPR yateraniye muri Dove Hotel y’iri torero iherereye ku Gisozi, ku murongo nyamukuru w’ibyigwa hakaba harimo gutora abayobozi b’iri torero basimbura abandi bamaze igihe bafunzwe...
30 May 2017 5928 0

Umwuzukuru wa Idi Amin yakuwe mu nteko ishinga amategeko

Kuri uyu wa Kabiri urukiko rw’ubujurire mu gihugu cya Uganda rwatesheje agaciro ugutorwa kw’umwuzukuru wa Idi Amin witwa Taban Amin, mu nteko ishinga amategeko nk’umudepite uhagarariye Kibanda...
30 May 2017 2718 0

UBUHAMYA:Gashugi washinze FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi

Gashugi Faustin wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe akaba n’umuwe mu bashinze umutwe w’abarwanyi wa FDLR yishimira ko ubu ari umunyamuryango wa FPR-Inkotanyi kandi ngo yishimiye ubuzima...
31 May 2017 4442 0

PSD yasobanujwe byinshi nyuma yo gutangaza ko Paul Kagame ariwe mukandida izamamaza

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 3 Kamena 2017, ishyaka PSD ryatunguye abatari bake ubwo ryavugaga ko Paul Kagame ariwe mukandida waryo mu matora ya Perezida wa Repubulika ari imbere. Uyu mwanzuro...
3 June 2017 1059 0

U Burundi burashinja u Burayi kuba inyuma y’ ibibazo bufite

Perezida Pierre Nkurunziza na Perezida wa komisiyo ya EU, Jose Manuel Barroso, bahuriye mu nama muri 2014 Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara ejo ku wa Mbere tariki 5, u Burundi bwavuze ko...
6 June 2017 885 0

Kenya: Leta yateye utwatsi icyifuzo cy’Abaforomo bakomeje kwigaragambya

Abaforomo bo muri Kenya bakomeje imyigaragambyo yabo nyuma y’uko Leta idahaye agaciro ibyo bigaragambya basaba. Abigaragambya basaba Leta ko ishyira mu bikorwa ibyo yabasezeranyije bishingiye...
7 June 2017 287 0

Ibicuruzwa byinshi byagabanyirijwe imisoro muri 2017/18

Kuri uyu wa 08 Kamena, ubwo Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi yagezaga umushinga w’Itegeko rigena ingengo y’imari ya 2017-2018, yatangaje ko hari ingamba u Rwanda ruhuriyeho n’Ibihugu bihuriye mu...
8 June 2017 2373 0

Ishyaka PDC naryo ryatangaje ko rizashyigikira Paul Kagame mu matora

Umuyobozi w’ Ishyaka Riharanira Demokarasi ihuza Abanyarwanda (PDC) yashimangiye ko nta mukandida wundi iri shyaka ryatanga mu matora y’Umukuru w’igihugu muri Kanama 2017 atari Paul Kagame....
17 June 2017 711 0

Zimbabwe: Perezida Mugabe yagiriwe inama yo kwandika igitabo ku buzima bwe aho kwirushya arwanira...

Uwahoze ari minisitiri w’intebe wungirije wa Zimbabwe, Arthur Mutambara, yabaye nk’ukoma mu nkokora ishyaka rya Zanu-PF riri ku butegetsi abwira abayoboke baryo, niba bamukunda koko, gufasha...
17 June 2017 590 0

Bidasubirwaho Paul Kagame niwe uzahagararira ishyaka FPR mu matora

Kongere y’ ishyaka FPR inkontanyi kuri uyu wa Gatandatu tariki 17 Kamena 2017, yemeje ko Paul Kagame ariwe uzarihagarira mu matora ya Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ateganyijwe muri Kanama....
17 June 2017 1002 0

Meya Habitegeko yabwiye abaturage amagambo akomeye abibutsa aho bavuye n’ aho bageze

Umuyobozi w’Akarere ka Nyaruguru, François Habitegeko, yabwiye abaturage ko bakwiye kwishimira ibyiza igihugu cyagezeho kandi bakaba aba mbere mu kubisigasira, kuko atari ko byahoze, abibutsa ko...
20 June 2017 665 0

NEC irakira kandidatire ya Perezida Kagame

Kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena uyu mwaka, Perezida Paul Kagame arashyikiriza Komisiyo y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu.Ni i nyuma y’uko yemejwe n’ishyaka FPR inkotanyi....
22 June 2017 863 0

“Simbuze aho kujya nyuma y’ iyi bizinesi” Perezida Kagame

Perezida Kagame yavuze ko atabuze aho kujya igihe azaba atakiri Perezida w’ u Rwanda anakomoza ku ishusho y’ u Rwanda yifuza ubwo azaba atakiri ku butegetsi. Mu kiganiro Perezida Kagame yahaye...
22 June 2017 3499 0

Umuganda: Minisitiri w’Intebe na Madamu we bifatanyije n’abanyahuye guhinga imboga mu gishanga cya Mpaza:...

Kuri uyu wa Gatandatu Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi aherekejwe na Madamu we bifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Huye mu Murenge wa Tumba mu kagali ka Cyarwa mu muganda rusange usoza ukwezi...
24 June 2017 1945 0
0 | ... | 1560 | 1590 | 1620 | 1650 | 1680 | 1710 | 1740 | 1770 | 1800 | 1830