Umugore witwa Isabelle da Silva yatangaje ko amaze iminsi asaba umugabo we Thiago Silva ukina mu ikipe ya Chelsea yugarira ko yakwifungisha burundu mu rwego rwo kuboneza...
Ibinure ni kimwe mu ntungamubiri z’ingenzi, kimwe na proteyine n’ibinyasukari (carbohydrates).
Iyo bivuzwe benshi bumva ibintu bitandukanye; ni byiza birakenewe mu mubiri, ni bibi bitera...
Mu buzima bwa muntu, umuntu wese yumva ashaka gukunda agakundwa bikamufasha kuba ho neza. Inshuti nziza burya ni amaboko ari na yo mpamvu usanga umuntu wese aharanira kugira inshuti nyinshi...
Umuhanzi Tanasha Donna ku nshuro ya mbere yatangaje amakuru arambuye ku mibanire myiza ari kugirana n’umunyamakuru wa KTN, Jamal Gaddafi, nyuma yo kugaragara kenshi bari...
Ishyirahamwe ry’Abanyamakuru mu Rwanda ryatangaje ko umunyamakuru akaba n’Umuyobozi Mukuru w’ikinyamakuru Rushyashya News, Burasa Jean Gualbert, yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 05...
Kuri iki Cyumweru, nibwo hamenyekanye inkuru ibabaje y’urupfu rw’uwari umuhanga mu kuvanga imiziki,Karuranga Virgile wari uzwi nka DJ Miller waguye mu bitaro byiririwe umwami Faisal azize indwara...
Kate Bashabe, umwe mu bakobwa bafite igikundiro mu Rwanda yashimangiye ko atabarizwa mu cyiciro cy’abakobwa bitwa aba Slay Queen, aboneraho no kugira inama urubyiruko muri rusange cyane ko arirwo...
Nyuma yo kugezwaho raporo ya Komisiyo idasazwe ya Sena iyobowe na Senateri Uwimana Consolée, yasesenguye ibibazo bitandukanye byugarije abasigajwe inyuma n’amateka, abasenateri kuri uyu wa Mbere...
Gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore utwite ni byiza kuko bigira akamaro kuri we no ku wo atwitwe. Nk’uko tubikesha urubuga what to expect ruvuga ko ari iby’ingirakamaro gukora imibonano...
Kim Kardashian west uzwi cyane nka kim Kardashian, umunyamideli,umukinnyi w’ama filme ndetse n’umucuruzi utibagiwe ko ari n’umugore w’umuhanzi w’icyamamare cyane Kanye west, yavutse tariki ya...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yasobanuye byimbitse icyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi aricyo ku Banyarwanda yongeraho ko kwibuka bitazahagaragara ndetse ko n’ abatibuka baba birengagiza...
Umushyushyarugamba akaba n’umunyamakuru, Anita Pendo, yamaze guhishura ko mu gihe yari atwite yabaye mu buzima bwifuza kurya Biscuit za Compat kurigata ibumba no gushaka ko umugabo we amuhora...
Jean de Dieu Byukusenge wo mu Karere ka Huye avuga ko yakuwe mu kigo cy’imfubyi n’umuryango we ngo arerwe, ahubwo akamburwa isambu ye.
Byukusenge w’imyaka 26, avuga ko afite imyaka icyenda ba...