Ku nshuro ya mbere ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro mu ntara y’amajyepfo IPRC south ryantanze impamyabushobozi kubanyeshuri bagera kuri 1094, aho basabwe kuba indashyikirwa no kuba bankore...
Ubundi nta kiza nko kuba umugabo w’amagambo asize ubuki,aryohereye amatwi y’umukunzi we,umugabo umeze gutya ni wa wundi utera umugore we guhora aseka kandi ku butumwa buto gusa,Ese ushaka kuba...
Gukora imibonano mpuzabitsina ku mugore utwite ni byiza kuko bigira akamaro kuri we no ku wo atwitwe. Nk’uko tubikesha urubuga what to expect ruvuga ko ari iby’ingirakamaro gukora imibonano...
Ubundi guhora wumva ushaka gukora imibonano mpuzabitsina,n’ikimwe mu bintu byizana haba ku gitsina gore cyangwa ku gitsina gabo.Ariko mu gihe utabashije k’umenya uburyo wakwirinda mu gihe...
Kim Kardashian west uzwi cyane nka kim Kardashian, umunyamideli,umukinnyi w’ama filme ndetse n’umucuruzi utibagiwe ko ari n’umugore w’umuhanzi w’icyamamare cyane Kanye west, yavutse tariki ya...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yashimiye Umunyarwandakazi usiganwa ku maguru Salome Nyirarukundo witwaye neza mu masiganwa yabereye muri Maroc, nyuma yo gutereranwa na Minisiteri ifite siporo mu...
Ese waba ukoresha telefoni? Uyikoresha ku ruhe rugero? Uramenye utazashiduka wisanga mu bibazo by’imbaturamugabo, nyuma yo kutamenya byinshi ku ngaruka mbi zishobora kukubaho nyuma yo kwibera...
Zari Hassan uhamya ko ari umugore wirwanyeho yishongoye kuri Diamond Platnumz wahoze ari umukunzi we, avuga ko ku rwego agezemo uyu muhanzi atakiri mu bo yasekera ngo...
Nyakubahwa perezida wa Repubulika Paul Kagame,yavuze ko imihangayiko ibihugu biherereye mu Burengerazuba bw’isi biterwa no kuba Ubushinwa bukorana bya hafi na Afurika zidakwiriye kuyihungabanya...
Robot ya Sophia yongeye gususurutsa abitabiriye umunsi wa 3 wa Transform Africa aho yatangaje byinshi mu kiganiro kirambuye yagiranye na Minisitiri w’ikoranabuhanga, itumanaho no guhanga...
Umukozi w’Imana, Rev./Ev. Eustache Nibintije, Umunyeshuri wa Patriots Bible University yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika abinyujije muri Minisiteri ye y’ivugabutumwa yise “Nibintije Evangelical...