Minisitiri w’Intebe wa Canada, Justin Turdeau yamaze kugeramu Rwanda, aho aje mu nama ya #CHOGM2022 ikomeje kubera i Kigali.
Uyu n’undi munyacyubahiro ukomeye ugeze mu Rwanda,kuko ku mugoroba wo...
Perezida wa Repubulika ya Zimbabwe Emmerson Mnangagwa yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye Inama Nyafurika yiga ku Iterambere ry’Ubuhinzi, AGRF2022.
Yakiriwe na Minisitiri w’Ububanyi...
Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...
Ku nshuro ya mbere u Rwanda Rwatoranyijwe mu bihugu bizitabira inama Nyobozi y’umuryango w’abibumbye ishinzwe ubukerarugendo ku isi (United Nations World Tourism Organization- UNWTO).
Uyu...
Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...
Mushiki w’umukuru w’igihugu cya Koreya ya Ruguru Kim Jong-un yaburiye Leta zunze ubumwe za Amerika kwirinda "guteza ikibazo", mu gihe Perezida Joe Biden yitegura gutangaza politiki ye kuri...
Ndi umukobwa w’imyaka 20, iwacu turi abana batatu ariko njye simpuje nabo ababyeyi bose, Papa wanjye siwe Papa wabo bandi 2, ubwo kuva nkiri muto nabazaga Mama ibijyanye na Data akambwira ko...
Mu buzima buri wese yifuza kugaragara nk’uhamye mu gihagararo ari na yo mpamvu ituma bamwe bihatira indyo zitandukanye bagakora hasi hejuru ngo biyongere ibiro n’umubyibuho n’ubwo hari n’abashaka...
Umwe mu bantu bo mu ishyaka rya RPF-Inkotanyi yamaganye ibyatangajwe n’umwe mu bayobozi b’ishyaka rya NRM riri ku butegetsi muri Uganda wavuze ko ngo bazohereza intumwa 20 mu nama y’iri shyaka...
Gucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo butandukanye mu bihe bitandukanye. Abagabo bashobora kugira iki kibazo mu gihe bagitangira igikorwa...
Philippe Mpayimana, umunyapolitiki wangiwe gukorera ikiganiro n’ abanyamakuru aho yari yateguye aravuga ko ba nyiri Bar Plus250 batamubereye inyangamugayo nabo bakavuga ko batari bamenye ko ari...
Perezida Kagame, akaba n’Umukuru w’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, yageze i Nouakchott ho muri Repubulika ya Kiyisilamu ya Mauritania aho azayobora Inama ya 31 Isanzwe y’Ihuriro ry’Abakuru...
Mu mpera z’ umwaka utaha I Kigali mu Rwanda hazabera inama nini ivuga kuri SIDA, International Conference on AIDS and STI’s in Afurika izitabirwa n’ abantu ibihumbi 10 akaba ariyo nama izaba...
Kuwa 01 Ukwakira Safi Madiba yamanitse ukoboko imbere y’amategeko y’Igihugu ahamyaka ko azakomeza gukunda Niyonizera Judithe mu bibi no mu byiza ndetse ko azamukunda by’iteka ryose.’Ni indahiro...
Kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017, umukandida w’ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije Dr Frank HABINEZA yiyamamarije mu murenge wa Juru ho mukarere ka Bugesera .
Uyu...
Biteganyijwe ko abagore barenga 250 bo mu nzego z’umutekano ku mugabane wa Afurika bateranira i Kigali mu nama y’iminsi 2, yateguwe n’abashinzwe gushyira mu bikorwa ibyemezo by’Itangazo ry’Inama...