Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi (FIFA) ryahaye Arsen Wenger wahoze atoza ikipe ya Arsenal akazi ko gukurikirana ibikorwa by’iterambere ry’umupira w’amaguru ku isi (Chief of Global Football...
Igihugu gikomeje gutungurana mu iterambere ry’ubukungu n’ikoranabuhanga u Bushinwa, ubu noneho hatangijwe ingendo za gali ya moshi nshya igenda ibirometero 350 mu isaha imwe. Iyi gali ya moshi...
Ku bwiganze busesuye, Perezida Kagame yatorewe kuba Umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Ikigega cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe...
Uwahoze ari Visi Meya w’akarere ka Musanze ushinzwe iterambere ry’Ubukungu Ndabereye Augustin yakatiwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Muhoza mu Karere ka Musanze,gufungwa imyaka itanu n’ukwezi kumwe,...
Kuri uyu wa 26 Werurwe, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame akaba n’umuyobozi w’Akanama k’abakuru b’ibihugu kiga ku cyerekezo cy’urwego rw’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe rushinzwe...
Umunya Portugal Bruno Fernandes ukinira Manchester United yatangaje ko kizigenza Cristiano Ronaldo bakinana mu ikipe y’igihugu ahora amubaza ku iterambere ry’iyi kipe yahoze akinira mu myaka 11...
Ku mupaka munini uhuza imijyi ya Gisenyi na Goma, Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu Kambogo Ildephonse yakiriye mugenzi we w’Umujyi wa Goma, Makosa François basura ibikorwa by’iterambere biri mu Mujyi wa...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yagaragaje ko iterabwoba n’ubuhezanguni atari ibyo kwihanganira, ashimangira ko amahoro n’umutekano ari byo bizafasha Afurika.
Ibi Perezida Kagame yabigarutse...
Kubaka igihugu cyimakaza ubutabera buboneye ndetse no gushyira umuturage ku isonga ry’ibimukorerwa, biri muri bimwe mu byagaragajwe nka zimwe mu nkingi zagize uruhare mu kubaka u Rwanda nk’igihugu...
Abakuru b’ibihugu bigize umuryango uhuza za guverinoma ugamije iterambere, IGAD, banzuye kohereza Perezida William Ruto wa Kenya, Salva Kiir wa Sudani y’Epfo na Ismail Omar Guelleh wa Djibouti muri...
Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angelina Ndayishimiye, aragera i Kigali kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Nyakanga 2023 aho aza kwitabira inama Mpuzamahanga yiga ku ruhare rw’Abagore mu Iterambere...
Umuyobozi w’akarere ka Musanze wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu, Andrew Rucyahana Mpuhwe, yeguye ku mirimo ye nyuma y’iminsi mike yitabiriye umuhango wo kwimika umutware w’abo mu bwoko...