Ku myaka ye 28 , Mukirisitu Richard,utuye mu Karere ka Kayonza, intara y’i burasirazuba,yatangiye guteza impagarara mu mitima y’abantu kubera ibitangaza akora aho bahereye ku nkomoko y’imbaraga...
Dr Frank Habineza, ni we mukandida wemejwe n’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije-Democratic Green Party, ko azarihagararira nk’umukandida-Perezida mu matora y’umukuru w’igihugu....
1.Kugena igihe ntarengwa u Rwanda ruzagera ku rwego rwo kwihaza mu ngengo y’imari, duhingiye ku cyerekezo 2050, twongera umurego mu gukora cyane, kubazwa ibyo dukora no kunoza imikoranire hagati...
Mu turere hafi ya twose tw’ u Rwanda, icyo Abanyarwanda bahurizaho ni uko umutekano w’ ibiribwa utifashe neza. Leta y’ u Rwanda isa n’ itemereranya n’ abaturage bavuga ko bafite inzara gusa nayo...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi, ushinzwe amashuri abanz n’ ayisumbuye, Munyakazi Isaac, yemeza ko hakiri kare kuba wareba uko ireme ry’uburezi rihagaze mu Rwanda, kuko hari gahunda...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 30 Ukuboza 2016, nibwo hatangiye igikorwa cyo kwiyandikisha mu bashaka guhatanira kwambikwa ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2017.
Tariki ya 14...
Sandra Umutoni, umwe mu babyeyi bagize umugisha wo kwibaruka ku Bunani bwa 2017
Ku Ubunani, umunsi mukuru utangira umwaka wa 2017, mu bitaro bitandukanye byo mu Rwanda havukiye abana barenga...
Polisi ya Uganda ikorera mu karere ka Kanungu irashakisha umukobwa, utatangajwe amazina, ufite imyaka iri munsi ya 20, ukurikiranyweho gutera icyuma umuvandimwe bapfa umukunzi bikamuviramo...
Hamwe mu hantu hagiye habera ubwicanyi bukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu duce dutandukanye tw’u Rwanda ku itariki ya 09 Mata 1994 n’uko ingabo za RPA inkotanyi zagiye zirokora Abatutsi....
Tariki ya 13 Mata 1994 ni imwe mu matariki atazibagirana kubarokotse Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994 kuko kuri iyo tariki abatutsi bari baragiye bahungira ahantu hatandukanye mu Rwanda...
Abaturage batuye akarere ka Huye mu ntara y’ amajyepfo baravuga ko indwara ya maraliya imaze imyaka irenga ibiri ari icyorezo. Muri ako karere umuntu umwe mu bantu babiri arwaye maraliya.
Kuri...