Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryavuze ko ubuzima bw’abantu babarirwa muri za miliyoni buri ku nkeke muri Ukraine mu gihe cy’ubukonje bwinshi, gitangira mu kwezi kwa cumi...
Kurwara umutwe ni ikibazo kigera kuri buri wese mu buzima bwe bwa buri munsi. Nubwo bamwe twibwira ko ari ibintu byoroshye nyamara hari abarwara umutwe ukabagezayo pe.
Mu gihe ubusanzwe iyo...
Kurwara umutwe ni ikibazo kigera kuri buri wese mu buzima bwe bwa buri munsi. Nubwo bamwe twibwira ko ari ibintu byoroshye nyamara hari abarwara umutwe ukabagezayo...
Kurwara umutwe ni ikibazo kigera kuri buri wese mu buzima bwe bwa buri munsi. Nubwo bamwe twibwira ko ari ibintu byoroshye nyamara hari abarwara umutwe ukabagezayo...
Nubwo muri iyi minsi urukundo rwakonje kuri bamwe,hari abantu bagenda berekana ibimenyetso ko hari aho rukiriho,nka Jamie Fox wemeye kwambika impeta y’urudashira umukunzi we Zanele Ndlovu uherutse...
Umwana yavutse nyuma y’imyaka ine ababyeyi be bitabye Imana
Ikoranabuhanga ryafashije umwana kubaho, se na nyina barapfuye
Umwana wavutse nyuma y’imyaka ine ababyeyi be bahitanywe...
Umubare w’abantu bamaze gupfa bivuye ku mpfu zifitanye isano na Covid-19 muri Brazil umaze kurenga 500.000, uyu ukaba ari wo mubare wa kabiri munini ku...
Rutahizamu wa Atletico Madrid,Luis Suarez yatangaje ko impamvu iri gutuma Lionel Messi atitwara neza muri Paris Saint-Germain ari ukubera ikirere gikonje cyo mu mujyi wa Paris.
Aba bakinnyi...
Gateka Brianne umenyerewe mu kuvanga umuziki ku mazina ya DJ Brianne, mu kwezi kumwe amaze i Burayi yatangaje ko yatengushywe bikomeye na bamwe mu bantu bari gukorana mu bitaramo yari ahafite, ku...
Ukraine kuri uyu wa kane yavuze ko ishaka ko inzira inyuzamo ibyo igemura mu mahanga, biciye muri Polonye, zifungurwa mbere y’uko igirana ibiganiro na Polonye na komisiyo y’uburayi, hagamijwe...
Mu Gihugu cya Kenya, imwe mu miryango ikodesha kugeza ubu iri kurara mu macumbi atagira inzugi, umuriro ndetse n’amazi nyuma yo gukurwamo na nyiri amazu kubera ko aba bakodeshwa batinze kwishyura...
Rutahizamu wa Juventus,Cristiano Ronaldo yatangaje ko nubwo yageze kuri byinshi kubera umupira w’amaguru ndetse yifuza ko umuhungu we Cristiano Jr yagera ikirenge mu cye ariko ngo ntazigera...
Minisitiri w’Ubuzima, Dr.Daniel Ngamije,yatangaje ko inkingo za mbere za COVID-19 biteganyijwe ko zizagera mu Rwanda hagati muri uku kwezi kwa Gashyantare...
U Rwanda rwatangije gahunda yo gukingira Covid-19,yatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura kurusha abandi by’umwihariko abita ku barwaye iyi virus mu mavuriro, nk’uko byatangajwe na minisiteri...
Imodoka z’ibitaro by’uturere hirya no hino mu gihugu, muri iki gitondo zaramukiye i Masoro ahabitse inkingo za #COVID19, aho zigiye kujyana inkingo zizifashishwa muri gahunda yo gukingira...
Umugabo ukomoka mu gihugu cya Nigeria ariko wabaga mu gihugu cy’Ubwongereza mu mujyi wa London yahuye n’uruva gusenya ubwo umukunzi we w’umuzungu yamusangaga mu rugo yaryamye amubajije ibyokurya...
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, COVID-19 yahitanye umugore w’imyaka 20 wo mu mujyi wa Kigali, abamaze gupfa mu Rwanda babaye 346. Abarwayi bashya babonetse ni 129 mu gihe...
Cristiano Ronaldo watangiye ubuzima neza muri Manchester United, yakoze agashya azana imashini ikora barafu yo kumufasha kugumana umubiri mwiza no kuguma ku isonga mu mupira...
Umugore w’imyaka 25 wo muri Kenya yasubiye ku kazi amezi atatu nyuma yo kwibaruka, kubera iyo mpamvu ntashobora konsa umwana we w’umukobwa amezi atandatu yagenwe.
Uyu mugore wize iby’indyo...