Umuhanzi Bruce Melodie uri muri Leta zunze ubumwe z’Amerika mu bitaramo no kwamamaza ‘When She’s Around’, yakoranye na Shaggy,yavuze ko atakwamamaza indirimbo ya The Ben kuko ngo nawe atamamaza...
Umunyakenyakazi witwa Grace Msalame yatangaje ko agiye kurega Leta ya Uganda yakoresheje ifoto ye mu kwamamaza amarushanwa y’abakobwa bafite ibibuno binini bazajya bakoreshwa mu gukurura ba...
Ikipe ya Rayon Sports iherutse kwandikira FERWAFA iyibutsa ko ibijyanye no kwamamaza kuri stade ku mikino yakiriye biyireba bityo itagakwiye kubangamira amasezerano yo kwamamaza bagiranye...
Umunyabigwi mu gukina ikinamico,mu kwamamaza no muri Filime Nyarwanda, Mukeshabatware Dismas, yitabye Imana ku myaka ye 71, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kamena 2021 azize...
Abasitari mu njyana y’umuziki wa Tanzania uzwi nka "bongo flava" barimo gushimisha imbaga mu bikorwa byo kwamamaza mu matora babinyujije mu ndirimbo bakoze.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afrika CAF yongeye gufatira ibihano Rayon Sports iyihora kwamamaza ku makabutura bitemewe mu mukino wa CAF Confederations Cup uherutse kuyihuza na USM...
Umuhanzi uzwi cyane Christina Aguilera uzwi cyane mu njyana ya pop yifotoje yambaye ubusa hejuru ndetse amabere ye ari hanze mu rwego rwo kwamamaza umuzingo we mushya yise...
Mc Nario uherutse kubatizwa agahamya ko yiyemeje kwiyegurira Imana yasabye ibyamamare byo mu Rwanda kugira uruhare mu kwamamaza iby’Imana avuga ko rwaba ari uruhare rwiza ku mu gufasha urubyiruko...
Multi design Group Ltd ni ikigo cy’ubucuruzi cyashyizeho urubuga rukora nkisoko rusange ryo kugurishirizaho imitungo itimukanwa aribyo amazu n’ibibanza. Iki kigo gisanzwe gitanga na serivisi...
Abandi bantu babiri bari mu ikipe ifasha Perezida Donald Trump kwiyamamaza basanganwe ubwandu bwa Virusi ya Corona. Baje biyongera ku bandi batandatu bo muri iyo kipe basanganywe ubwandu kuwa...
Leta y’u Rwanda iratangaza ko yamaze gusinyana amasezerano y’imyaka 3 y’ubufatanye n’ikipe ya Paris Saint Germain [ PSG] yo mu Bufaransa.Aya masezerano agamije kumenyekanisha ubukerarugendo bw’u...
Ikipe ya Arsenal yo mu kiciro cya mbere yo mu bwongereza yegukanye igihembo cya Football Business cya 2022, kubera imikoranire myiza n’igihugu cy’u Rwanda mu kwamamaza visit Rwanda
Mu minsi...
Abe Shinzo wabaye minisitiri w’Intebe w’ubuyapani yarashwe mu rukerera kuri uyu wa Gatanu aho yari mu bikorwa byo kwamamaza,arapfa.
Shinzo Abe yapfuye nk’uko bivugwa na television y’Ubuyapani...
Mu masaha ya mugitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 22 Nyakanga 2017, i Rwimiyaga mu karere ka Nyagatare mu Ntara y’Iburasirazuba bw’u Rwanda Imodoka itwara abagenzi ya sosiyete ya RITCO,...
Minisitiri w’ intebe w’ u Rwanda Anastase Murekezi umurwanashyaka wa PSD ni umwe mu bantu bagera ku bihumbi 100 bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida wa FPR Paul Kagame mu karere ka...
Abinjira mu mabanga yo kuri mudasobwa (hackers) bafitanye isano n’Uburusiya, Ubushinwa na Iran barimo kugera amajanja abantu n’amatsinda afite uruhare mu matora ya perezida w’Amerika y’uyu mwaka...
Umuhanzi w’umunyarwanda ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Ngabo Medard [Meddy], ari mu byishimo bikomeye yasangije abakunzi be kuri uyu wa 04 Ukuboza 2019 nyuma yo kugirwa...
Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere, RDB, cyatangaje ko hari indi Kipe yo u mugabane w’Ubulayi yasabye ko nayo yakwamamariza Visit Rwanda, nyuma ya Arsenal yasinyanye amasezerano na RDB azarangira hagati...
Amazina yahawe n’ababyeyi ni Butera Alphonse Masamba naho ay’ubuhanzi ni ’Masamba Intore" yamaze kugera ku mugabane w’ i Burayi mu gihugu cy’u Bubiligi aho yageze ku wa mbere tariki ya 05 Nzeri uyu...