Shampiyona y’ u Rwanda mu mupira w’amaguru irakomeza kuri uyu wa gatandatu hakinwa umunsi wa 14, kugeza ubu APR FC ni yo iyoboye urutonde rw’agateganyo, Rayon Sports na Police FC na zo zikomeje...
Ikipe ya Rayon Sports yanyagiye Heroes yazamutse uyu mwaka ibitego 4-1 mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona, bituma ifata umwanya wa kabiri bidasubirwaho yari imaze iminsi isangiye na Police...
Police yo mu gace bita Mpigi mu gihugu cya Uganda iri gukora iperereza ku kirego cy’umugabo wateye kuri gereza maze akambura umucungagereza w’umukobwa imbunda yakoreshaga akazi. Uwo mucungagereza...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA ryatangaje ko shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda itazatangira kuwa 13 Nzeri 2019 nkuko byari biteganyijwe, kubera ko APR FC na Police FC...
Umunyezamu wa Rayon Sports Mazimpaka Andre wayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona y’umwaka ushize ndetse akitwara neza mu mikino yo kwishyura batatsinzwemo na rimwe,yatangaje ko atari...
Umukinnyi Nshuti Dominique Savio wavugwaga ko yarangije kumvikana na Rayon Sports nyuma yo kwirukanwa muri APR FC,yahinduye icyerekezo yerekeza mu ikipe ya Police...
Ikipe ya Kiyovu Sports yongeye kwereka abakunzi bayo ko ikiri ubukombe nyuma yo gutsinda Police FC ibitego 2-0 mu mukino ubanza wa ½ w’igikombe cy’Amahoro wabereye kuri stade ya Kigali I...
Kuwa Gatandatu w’Icyumweru gishize Police ya Tanzania yataye muri yombi umugabo uvugwaho gutamba umukobwa we w’imyaka itandatu ngo yicwe, ibice by’umubiri we bikoreshwe mu bupfumu buzatuma aba...
Police in Gisagara District arrested two men on July 30, in connection with theft of electronics.
Pacifique Habarugira, 21, and Gerald Ndayisaba, 27, are suspected to have stolen two computer...
Umukobwa witwa Uwimana w’imyaka 27 wari ucumbitse mu nzu iri mu mudugudu wa ETO Nyakigezi, Akagari ka Kiniha mu murenge wa Bwishyura yaraye ahiriye mu nzu afungiranye...
Ikipe ya APR FC yongeye gushimisha abafana bayo, itsinda Miroplast ibitego 2-0 mu gihe Rayon Sports yiyunze n’abafana bayo inyagira Gicumbi FC ibitego 4-0.umutoza Mphande yatsinzwe umukino we wa...
Njoro Racheal watanze amafoto ku buyobozi bwa Kaminuza ndetse na Police ya Makerere yavuze ko agiye kubajyana mu nkiko kuko bamuharabitse kandi yarabikoze mu...
Umunya Uganda Mugume Yassin yakoze ku mutima abafana ba Rayon Sports mu myitozo ya mbere yakoze muri Rayon Sports,bituma basaba abayobozi ba Rayon Sports ko bahita bamusinyisha byihuse kubera...
Umumotari witwa Ndizeye Tito, wari usanzwe akorera akazi ke ko gutwara abagenzi, ku itariki ya 8 Ugushyingo yafatiwe mu murenge wa Kimisagara akarere ka Nyarugenge akekwaho gushaka guha umupolisi...
Ku itariki 12 z’uku kwezi Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi yafashe imodoka ifite nimero ziyiranga UAK 785 B ipakiye litiro 495 za Kanyanga.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Amajyaruguru,...
Abaturage bo mu karere ka Karongi barashishikarizwa guca ukubiri n’ibiyobyabwenge cyane cyane kanyanga n’inzoga z’inkorano. Ubu butumwa babuhawe nyuma y’uko muri ako karere mu murenge wa Bwishyura na...
Ku mugoroba wo ku wa 31 Kanama, ntibyashobokeye uwitwa Uwiringiyimana, wo mu murenge wa Nyamugari , mu karere ka Kirehe , kugera ku mugambi we wo guha umupolisi ruswa y’amafaranga 38,000...
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 30 kanama 2017 Ababyeyi babyukiye ku murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu Ntara y’Uburengerazuba bagiye gukorera ubuvugizi mugenzi wabo wakubiswe n’umupolisi...
Mu rugendoshuri rw’ibyumweru bibiri itsinda ry’impuguke ziri guhererwa amasomo yo mu rwego rwo hejuru ajyanye n’iby’ubuyobozi muri National Institute for Policy and Strategic Studies (NIPSS) riri...
Polisi y’u Rwanda iragira inama abishora mu biyobyabwenge; ni ukuvuga ababyinjiza mu gihugu, ababitunda, ababinywa n’ababikoresha kubireka kubera ko, usibye kuba ari icyaha bibateza igihombo...