Bwa mbere mu mateka Bugesera FC Igeze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino wo kwishyura wa 1/2, iyizerera ku bitego 2-0 mu mikino...
Umukinnyi Heritier Nzinga Luvumbu uheruka gutandukana na Rayon Sports yatangaje ko iyo hataba Ambasade ya RDC mu Rwanda, atari kuba yageze iwabo kuko ngo yakiriye ubutumwa bwinshi bumwibasira...
Ikipe ya Rayon Sports yongeye kubabaza abakunzi bayo ku munsi w’Igikundiro kuko yatsinzwe na Kenya Police FC igitego 1-0,iba inshuro ya gatatu yikurikiranya ku munsi w’ibirori byayo.
Nubwo yari...
Uko iminsi yicuma niko ibirego bishya byisukiranya kuri General de Police Alain Guilaume Bunyoni ufunzwe n’ubutegetsi bw’uwo barwananye urugamba kuva mu myaka ya 1990 nyuma bakaza gupfa intebe...
Umunyezamu w’ikipe ya Rayon Sports yahagatswe nyuma y’uko agaragaje imyitwarire idahwitse bakina na Police FC mu mikino ya 1/4 y’igikombe cy’Amahoro.
Iyi kipe yambara ubururu n’umweru ya Rayon...
Umutoza wa Police FC, Mashami Vincent yanenze imisifurire nyuma yo kwimwa igitego cyari cyemejwe nyuma abasifuzi bakiherera bakacyanga.
Ku munota wa 78,Iyabivuze Osee yacomekewe umupira,...
Rutahizamu Hakizimana Muhadjiri uheruka kugaruka mu Rwanda avuye muri Saudi Arabia yavuze ko atazi ahazaza he ariko bishoboka ko umunsi umwe yazakinira Rayon Sports.
Mu kiganiro yahaye IGIHE...
Kapiteni wa Rayon Sports,Muhire Kevin,yanenze abakinnyi ba Rayon Sports bavuye mu ikipe y’igihugu bakanga kugaruka gukinira Rayon Sports ndetse yemeza ko amasezerano ye yarangiye ari gushaka...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Ndayisenga Paul wo mu murenge wa Rushaki mu Karere ka Gicumbi ,ukekwaho gukubita no gukomeretsa ndetse no gutoteza umuturage mugenzi...
APR FC na AS Kigali zagaragaje ko ziri mu ntambara yeruye yo gushaka igikombe cya shampiyona kuko uyu munsi zatsinze imikino yazo mu buryo bwemeza aho zanyagiye abo...
Ikipe ya AS Kigali yatsinzwe umukino wa nyuma wo mu itsinda C na Musanze FC ariko izamuka ari iya mbere mu gihe na Marines FC yayoboye itsinda D nyuma yo gutsinda Mukura VS iri ku rwego rwo hasi...
AS Kigali yari yarangije imikino 3 ibanza yo mu itsinda C itwaye amanota yose,yatunguwe no gutsindwa na Etincelles FC ibitego 2-1 mu mukino wa mbere wo kwishyura cyane ko mu mukino ubanza AS...
Abahanzi babiri Icyishaka David wamamaye nka Davis D na Ngabo Richard uzwi nka Kevin Kade n’umufotozi witwa Habimana Thierry bamaze ibyumweru bibiri , bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police ya...
Umutoza w’ikipe y’Igihugu "Amavubi",Mashami Vincent yaraye atangaje ko umukino uzabahuza na Cameroon kuwa Kabiri w’icyumweru gitaha bagomba kuwutsinda bakabona gutegereza ibizava hagati ya Mozambike...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 09 Ugushyingo 2020, Amavubi yahagurutse ku kibuga cy’indege i Kanombe yerekeje muri Cape Verde aho igiye gukina umukino wa 3 wo gushaka itike y’igikombe...
Nyuma y’umwaka umwe ageze mu ikipe ya Rayon Sports,Rugwiro Herve yagizwe kapiteni mushya wa Rayon Sports asimbuye Rutanga Eric wagiye muri Police FC mu kwezi...
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Tanzania,George Simbachewene,yavuze ko abapolisi bo mu muhanda (traffic police) bazanye inda nini bagiye guhindurirwa imirimo bakurwe ku gukora mu muhanda...
Kuri uyu wa Kabiri taliki ya 19 Gicurasi 2020,nibwo ikipe ya Gasogi United y’umushoramari Kakoza Nkuriza Charles yasinyishije umwe mu bakinnyi beza muri shampiyona y’uyu mwaka Iradukunda Jean...