Serihamye Aphrodis w’imyaka 46 y’amavuko afungiwe kuri sitasiyo ya Polisi ya Gatumba nyuma yo gufatanwa inoti zirindwi z’ibihumbi bibiri z’amafaranga y’u Rwanda z’inyiganano, mu gasanteri...
Imikwabu Polisi y’u Rwanda yakoze ku itariki 26 z’uku Kwezi ku nkengero z’Ikiyaga cya Kivu mu karere ka Karongi yayifatiyemo amakarito 50 y’amasashe ya pulasitiki ; ibi bikorwa bikaba bigamije...
Triffon Niyonsenga w’imyaka 46 y’amavuko na Hirwa Roger w’imyaka 22 bafatiwe mu Mujyi wa Kigali ku italiki ya 23 Ugushyingo bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga.
Polisi itangaza ko...
Minisitiri w’Ubutabera, akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Johnston Busingye kuri iki Cyumweru tariki 26 z’uku Kwezi yabwiye abagize Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda ko ibikorwa by’uru rwego rw’umutekano...
Kuri uyu wa kane tariki ya 11 Gicurasi, Polisi ya Uganda yashyikirije Polisi y’u Rwanda umugabo witwa Rugamba Jovan wari waratorotse gereza agahungira muri Uganda ari naho yafatiwe.
Uyu Rugamba,...
Abantu 6 barimo abagore batatu bafunzwe na Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burengerazuba nyuma yo gufatanwa urumogi mu turere twa Rubavu, Rusizi, Rutsiro na Nyamasheke. Bafashwe mu bihe bitandukanye...
Umupolisi w’ipeti rya «caporal chef» akaba ari n’umubwirizabutumwa yafunzwe nyuma yo kwamagana ku mugaragaro bagenzi be abasaba guhagarika kurya ruswa.
Kuri uyu wa gatandatu w’icyumweru twaraye dusoje, mu murwa mu kuru Kinshasa hari imyigaragambyo ikomeye ,byabaye ngombwa ko yivangwamo n’igipolisi n’igisirikare by’igihugu birangira abagera kuri 20...
Mu rukerera rwo kuri uyu wa mbere tariki 17 Mata 2023 umusore uri mu kigero cy’imyaka 28 y’amavuko wakekwagaho ubujura yarasiwe mu Kagari ka Rwambogo, Umudugudu wa Gakoro mu Murenge wa Musanze...
Mu Karere ka Rubavu, mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Kivumu Abapolisi basanze abakekwa kuba ari abajura bari kuniga umuturage bari bateze umwe muri bo ashaka kubatera icyuma, bahita...
Abapolisi batatu bagaragaye mu mashusho bakubita umuturage mu gihe cya ku muta muri yombi muri leta ya Arkansas muri America batangiye gukorwaho iperereza.
Polisi y’ u Rwanda ikorera mu Karere ka Nyagatare ku wa Kabri tariki ya 31 Gicurasi, yafashe umugabo witwa Rukundo Jean Pierre w’imyaka 32, wamburaga amafaranga abaturage ababwira ko ari umupolisi...
Abashinzwe iperereza mu Ntara ya Trans Nzoia muri Kenya barimo gukora iperereza kubwicanyi bivugwa ko bwakozwe n’umupolisi ukekwaho kuba yararashe umugabo we nawe akiyahura yirashe.
Polisi ivuga...
Inzu ya rutahizamu wa Sierra Leone Kei Kamara iracyarinzwe na polisi nyuma yuko uyu mukinnyi ahushije penaliti ku mukino na Equatorial Guinea ku wa kane mu gikombe cy’Afurika cy’ibihugu kiri kubera...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Kane tariki ya 30 Nzeri yafashe abantu Barindwi bacyekwaho gutega abaturage bakabambura bitwaje intwaro gakondo zirimo imihoro....
Mu gitondo cya tariki ya 28 Nzeri ahagana za tanu Polisi ikorera mu Karere ka Ngoma yafashe Kazoza Audace w’imyaka 45 na Sinigenga Christopher w’imyaka 27, yabafatanye amafaranga y’u Rwanda...