Uwahoze ari umukinnyi w’ikipe ya Chelsea Didier Drogba ndetse na David Luiz bakinanaga bari buze kuba bari mu Rwanda kuri uyu wa kane aho bashobora no kuzakurikirana umukino wa gicuti wateguwe ngo...
Senderi yatangaje ko ababajwe nuko inzara imwicira i Kigali mu gihe mu kinigi barimo gukina ibihangano bye kandi baba bakwiye kumutumira akaza akaziririmba imbona nkubone mu kimbo cyo kumwumva mu...
Minisitiri w’ ububanyi n’ amahanga w’ u Rwanda akaba n’ umuvugizi wa guverinoma y’ u Rwanda yashimiye S/SGT Alex Murenzi uri mu bahawe ibihembo bakesha kuba indashyikirwa mukwakira neza ababagana....
Claire Akamanzi wagizwe Umuyobozi Mukuru wa RDB akaba n’umwe mu bagize Guverinoma
Mu nama y’Abaminisitiri yabaye kuri uyu wa gatanu taliki 3/2/2017 iyobowe na Perezida Kagame yahinduriye bamwe mu...
Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Gicurasi 2017, pariki y’ Akagera iherereye mu ntara y’ Uburasirazubwa bw’ u Rwanda yakiriye inkura 10 zirabura mu gihe hari hashize imyaka 10 nta nkura yirabura iri mu...
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yatangaje ko bafunze Nsengiyumva Emmanuel washinze sosiyete yitwa ‘TAT Power Solar Systems’ yashishikarizaga abantu...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Uwimana Jean Marie Vianney, wari umuyobozi wa Super Free to Trade (STT) ikora mu buryo butemewe ubucuruzi bw’amafaranga hakoreshejwe...
Indirimbo ya Chris Eazy, DJ Phil Peter na Kevin Kade ‘Jugumila’ iri mu ndirimbo zikunzwe muri iyi minsi nkikibarizwa kuri Youtube nyuma y’uko uwitwa Icor Music yayandikishije nk’igihangano...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame,yirukanye ku mirimo Dr Patrick Hitayezu wari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibijyanye n’Ubukungu muri Minisiteri y’Igenamigambi (MINECOFIN), kubera imyitwarire...
Umunyamakuru w’Imikino kuri Fine FM, Sam Karenzi, yasabye inzego bireba gutekereza uko zashyigikira Shampiyona y’u Rwanda ku buryo igira amakipe ashobora guhatana muri African Super League,...
Hashize amasaha make hatangajwe ubufatanye bwa VISIT RWANDA na African Football League,biravugwa ko ikipe ya TP Mazembe; imwe mu makipe azakina iyi mikino yatangiye yitwa Super League, yavuze ko...
Abakinnyi ba filimi Kevin Hurt, Edris Elba n’umugore we, Danai Gurira ndetse na Winston Duke wamamaye cyane muri Black Panther, bari ku rutonde rw’abantu bazita amazina abana 23 b’ingagi mu birori...
Ku wa Kabiri, tariki 6 Kamena 2023, Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame.
1. Inama yAbaminisitiri yemeje...