Umukino wagombaga guhuza APR FC na Rayon Sports mu mukino wari wateguwe n’urwego rw’umuvunyi rwashakaga gutanga ubutumwa bwo kurwanya ruswa ntukibaye kubera ko APR FC yavuze ko itaboneka kubera ko...
Perezida wa Uganda Museveni ku wa Mbere yakiriye raporo y’ ibiganiro bimaze imyaka 3 bihuza Abarundi yashyikirijwe na Benjamin Mkapa wahoboye ibiganiro avuga ko Uganda ikeneye itegeko nshinga...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.
Ikipe ya Sunrise FC imaze gutsindira AS Kigali kuri stade ya Kigali I Nyamirambo igitego 1-0 bituma benshi batangira kwibaza kuri Masudi Djuma waje afatwa nk’umutabazi ariko akaba agejeje...
Urukiko rw’Ikirenga rwatangaje ko imanza za gatanya zaciwe mu gihugu cyose mu 2017 zari 69 mu gihe muri uyu mwaka wa 2018 zimaze kwikuba inshuro 19 kuko zigeze ku 1311.
Kicukiro iza ku isonga mu...
Umutoza mukuru wa APR FC,Jimmy Mulisa yatangaje ko we n’abakinnyi be bari gukora imyitozo ikaze kugira ngo batsinde Club Africain ndetse we abona ibanga ryo kuyitsinda ari ukwitegura bishoboka...
Teta Sandra yatangaje ko afite ishimwe ryinshi ku Imana kubwo kurokora impanuka y’ubwato bwari butwaye abantu bari bagiye mu birori byo kubyina no kwishimisha ahazwi nko kuri Motola...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Kareba mu Murenge wa Jenda witwa Makuza Jean Claude yafatiwe mu cyuho ari kwakira ruswa y’amafaranga ibihumbi mirongo itandatu (60.000 Frw) ayahawe...