Real Madrid yasubije perezida wa Barcelona, Joan Laporta, wavuze ko mu mateka iyi kipe yo mu mujyi wa Madrid ariyo "yatoneshejwe cyane n’abasifuzi bo muri Esipanye kubarusha.
Real Madrid...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Rwamagana City ibitego 2-1mu mukino w’ikirarane cyo ku munsi wa 24 muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda.
Iminota 62 yari isigaye ku mukino wahuzaga Rayon...
Miss Mutesi Jolly ufite ikamba rya Miss Rwanda 2016, yatangarije abafana be bo ku rubuga rwa Twitter ko yifuza kwibaruka umukobwa nyuma y’ubuhanga yabonanye umwana w’imfura ya Beyoncé na Jay Z...
Umunyabigwi muri ruhago Lionel Messi yaraye yakiriwe mu ikipe shya, maze agenera ubutumwa abafana ababwira ko afite inyota yo gutangira imyitozo no gukinira ikipe ye nshya ya Inter Miami mu...
Umutoza w’Ikipe yo muri Saudi Arabia ya Al-Hilal witwa Jorge Jesus yavuze ko Umunya-Brazil w’icyamamare mu by’umupira w’amaguru, Neymar Junior, agomba gutegereza nibura ukwezi kumwe akabona gutangira...
Ikipe y’Igihugu,Amavubi, yamaze guhaguruka i Kigali yerekeza mu ntara y’Amajyepfo aho izakomereza imyitozo mu karere ka Huye ahateganyijwe kubera umukino uzayihuza na Senegal mu mikino yo gushaka...
Perezida w’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri muri Colombiya yitwa Tigres FC, Edgar Paez, yararashwe arapfa nyuma y’uko itsinzwe ku wa gatandatu w’icyumweru...
Ibihugu byo muri Afurika y’Iburasirazuba aribyo Kenya, Uganda na Tanzania nibyo byemerewe na CAF ko bizafatanya kwakira igikombe cya Afurika cy’ibihugu mu bagabo kizaba mu mwaka wa...
Ikipe yo muri Peru yitwa Alianza Lima,yanze ko mukeba wayo Universitario yishimira igikombe yari imaze kubatwara kuri stade yabo aho umukino warangiye igahita izimya...
Ikipe ya AS Roma yo mu Butaliyani yatangaje ko yirukanye umutoza wayo ukomoka muri Portugal José Mourinho n’abari bamwungirije nyuma y’umusaruro mubi w’uyu...
Irondo ry’umwuga rikorera mu Mudugudu wa Rutenga, Akagari ka Gahogo, Umurenge wa Nyamabuye mu Karere ka Muhanga, ryafatiye mu cyuho abagabo 3 bari hagati y’imyaka 26 na 30 bitwikiriye ijoro bajya...
Kuva mu gitondo cya kare cyane, abanyekongo bazindutse n’iyonka bajya kuri Stade des Martyrs de la Pentecost, i Kinshasa,kwitabira umuhango w’irahira rya Perezida Tshisekedi uheruka kongera...
Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka...