Umuvugizi wungirije w’umutwe wa M23 ishami rya Politike, Canisius Munyarugero yatangaje ko ingabo z’Uburundi zafatiwe ku rugamba ku Cyumweru mu mirwano ikomeye yabereye muri teritwari ya Masisi,...
Afurika y’Epfo ivuga ko yahamagaje abayihagarariye (abadiplomate) bose i Tel Aviv, nyuma y’ibitero bikaze by’indege bya Israel kuri Gaza mu ijoro ryo ku...
Uwahoze ari Perezida wa Guinée, Col Moussa Dadis Camara wari ufungiwe muri Gereza yo mu murwa mukuru wa Guinée, yatorotse Gereza, abifashijwemo n’abasirikare bo mu mutwe ushinzwe kurwana aho...
Nyuma yo guhigwa bukware na polisi, Robert Card wacyekwagaho kwica abantu 18 abarashe muri Leta ya Maine muri Amerika, yasanzwe yapfuye, aho bivugwa ko...
Amakuru aturuka i Masisi mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, aravuga ko imirwano yongeye kubura hagati y’umutwe wa M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Urwego rw’ubuzima ruyobowe na Hamas rwaraye rutangaje ko Abantu babarirwa mu majana baguye mu gitero cy’indege cyagabwe ku bitaro by’uyu utwe na Israel.
Kuri uyu wa Kane tariki 12 Ukwakira 2023,Ubushinjacyaha bwakomeje kugaragaza icyo burega Basabose na Twahirwa bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda
Ubushinjacyaha...
Dr Denis Mukwege azwiho kudaceceka imbere y’ibibazo bya politike mu gihugu cye, ibibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa DR Congo, no kuvuga ku nkomoko yabyo, ariko icyo azwiho cyane ni ukuvura...
Hamisu Danjibga wahoze ari umunyamakuru ukunzwe kuri Radio ya Nijeriya yasanzwe yapfiriye mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bw’intara ya Zamfara nyuma y’iminsi 3 aburiwe...
Général-major Peter Cirimwami Nkuba yagizwe guverineri wa gisirikare w’agateganyo w’Intara ya Kivu ya ruguru ya DR Congo, itegetswe n’igisirikare kuva mu...
Mu karere ka Kicukiro,mu murenge wa Kanombe,mu Kagari ka Busanza,mu Mujyi wa Kigali hafatiwe umusore witwa Kazungu Denis, nyuma yo kwemerera Urwego rw’ubugenzacyaha RIB Ko yatahanaga...
Général Jacques Nduru Chaligonza ni we wasimbuye Lt Gen Constant Ndima Kongba wari warashyizweho na Perezida Tshisekedi ubwo yashyiragaho abayobozi mu Burasirazuba mu bihe yise...
Abashinzwe umutekano ku mipaka ya Arabia Saoudite barashinjwa kwica imbaga y’abimukira ku mupaka w’ubu bwami na Yemeni nk’uko raporo nshya yakozwe na Human Rights Watch...