Hamisa Mobetto arifuza miliyoni eshanu buri kwezi ho indezo y’umwana
Diamond yatsembeye urukiko ko atabona miliyoni eshanu zo kurera umwana we na Mobetto
Buravan yavuze ko bisobanura byinshi ku nganzo ye ndetse ko bituma nawe afata umwanya agashaka indirimbo zubaka imitima ya benshi ndetse bakagira urukundo.
Ni inkuru idashobora kumvikana neza mu mitwe ya bafana be!Urban Boys imyaka icumi bafatanye agatoki Safi na Nizzo barekurana!Humble Jizzo yakomeje kugaragaza ko ariwe mukuru muri bose agatuza...
Umugore wa Tom Close yamwifurije isabukuru nziza
Niyonshuti Ange Tricia yakoresheje amagambo yuje urukundo yifuriza Tom Close isabukuru nziza
Tom Close n’umugore we abenshi bemeza ko ari...
Ibyishimo by’ikirenga mu muryango ufatwa nk’uwa mbere mu byamamare byashinze urugo, Tariki ya 28 Ukwakira ni umunsi udasanzwe mu muryango wa Tom Close kuko aribwo yizihiza isabukuru y’amavuko amaze...
Umuririmbyi w’Umunyarwanda Ngabo Medard wamamaye nka Meddy muri muzika nyarwanda yamaze kuva mu Rwanda yerekeza muri Leta zunze ubumwe za Amerika aho akorera ibitaramo bitandukanye akaniga amasomo...
Hamisa Mobetto umunyamideli wo mu gihugu cya Tanzaniya ku myaka 23 y’amavuko aherutse kwibaruka umwana w’umuhungu avuga ko yamubyaranye n’umuhanzi Diamond Platnumz.
Amakuru yo kuba uyu mwana yaba...
Ingabire Butera Jeanne D’Arc wamamaye ku izina rya Knowless, ni umwe mu bakobwa bahiriwe cyane na muzika ndetse abifitiye n’igihembo kuko nawe ari mu mubare w’abahanzi bakomeye begukanye irushanwa...
Umuyobozi w’’ itorero ry’ igihugu Hon. Edouard Bamporiki yagaragaje ko kwambara ubusa uri inkumi cyangwa umusore ari uguhembukira urubyaro ruzagukomokaho.
Ni mu gihe ku mbuga nkoranyambaga...
Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu akaba n’ umuhanzi w’ icyamamare muri Uganda uzwi nka Bob Wine agiye kujyana Leta ya Uganda mu nkiko kubera ko umuyobozi wa polisi mu mugi wa Kampala yaburijemo...
Umuhanzikazi Uzamberumwana Pacifique wamenyekanye ku izina rya Oda Paccy ni umwe mu baraperikazi bakunzwe cyane mu Rwanda kubera ubuhanga agaragaza mu miririmbire ye ndetse n’amafoto akunda...
Ingabire Gaby Irene Kamanzi, ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane mu Rwanda, ndetse no hanze mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana avuga ko kuba atarashaka ari umugambi w’Imana utarasohora....
Urutonde rw’abazahatanira ibihembo mu bitwaye neza mu muziki muri Amerika bizwi nka (American Music Awards) rwagiye ahagaragara. Abahanzi bakomeye ku isi nka Bruno Mars, Drake na Ed Sheeran ni...
Nshimiyimana Muhammad wo mu itsinda rya Urban Boys mu ntangiriro z’umwaka wa 2016 yahoraga mu itangazamakuru asobanura iby’umwana yabyaranye n’umukobwa ukomoka mu Karere ka Rubavu, kuri ubu uyu...