Inteko Rusange ya Sena, kuri uyu wa Mbere yemeje gutumiza uhagarariye Guverinoma, ngo atange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukuraho imbogamizi zigaragara mu gukumira no kurwanya impanuka zo...
Umukinnyi wa APR FC ukina hagati mu kibuga afasha abataha izamu, Itangishaka Blaise, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rubavu azira gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha agakora impanuka....
Kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2022 mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ku muhanda uva ahazwi nko kwa Rwahama ugana ku Mushumba mwiza mu murenge wa Remera, mu Karere ka Gasabo,...
Umunyabigwi w’umupira w’amaguru mu Rwanda,Jimmy Gatete,yatangaje ko mu mupira w’amaguru yatangiye ahembwa ibihumbi 35 FRW ndetse ko mu 1997 Rayon Sports ariyo yamuguze menshi mu Rwanda miliyoni...
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bahitamo kudakoresha mubazi mu masaha y’umugoroba kubera ko baba biriwe bazikoresha bagacibwa amafaranga n’ubu batarumva...
Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akagari ka Birira mu ako karere buvuga ko ku kiraro ka Cyasusa habonetse umurambo w’umusore ukiri muto gusa hakaba hataratangazwa icyo yaba...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,abitwaje intwaro bataramenyakana bateze imodoka yari igemuriye abavanywe mu byabo n’ubwicanyi bumaze iminsi mu Bibogobogo muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya...
Ku wa Kabiri taliki ya 26 Ukwakira, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe Habumuremyi Rukundo w’imyaka 21, Nizeyimana Noel w’imyaka 24 na Imanishimwe Clement w’imyaka 26 bagiye gukura ibyuma...
Umunya-Nigeriya witwa Tukumbo Shakuru Adeite yasanzwe mu rugo rumwe rwo mu Mudugudu wa Rubimba Akagari ka Nyamagana mu Murenge wa Remera wo mu Karere ka Ngoma yapfuye.
Uyu munya Nigeriya ngo ku...
Mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge munsi y’ikigo cya MAISON DES JEUNES ya Kimisagara mu mu gezi wa mpazi habonetse umurambo w’umugabo uri mukigero cy’imyaka irenga 30 witwa Tuyisenge...
Umugabo utaremenyekana imyirondoro yiyahuriye ku nyubako ya La Bonne Adresse iherereye mu mujyi rwagati, aho bivugwa ko yasimbutse iyi nyubaho ahagana saa yine zo kuri uyu wa Kane tariki 16...
Ku Cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha ndetse bamwe banarengeje isaha ya saa tatu yo kuba bageze aho...
Mu gihe hakomeje igikorwa cyo gushyira camera zigenzura umuvuduko w’ibinyabiziga ku muhanda, Polisi y’Igihugu yasabye abashoferi kudacunganwa nizo Camera ahubwo bagaharanira gukurikiza amategeko...
Umuhanzi Wycliffe Tugume uzwi nka Ykee Benda mu muziki wa Uganda, yakoze impanuka ikomeye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ari kumwe n’umuryango we, ku bw’amahirwe ntihagira uyitakarizamo...
Bamwe mu bamotari mu mujyi wa Kigali baravuga ko batagikoresha mubazi kuko zibashwanisha n’abagenzi kandi ko kuva bazikoresha nta n’umusaruro biratanga, bagasaba ko zakurwaho...
Ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 27 Kanama 2020, abantu batatu batakaje ubuzima abandi barakomereka, mu mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Plage mu Kagari ka Nyarusange mu Murenge wa Muhazi. mu...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Gasogi United bwatangaje ko uwari ushinzwe ubuzima bw’ikipe [Team Manager] witwa NIYIBIGIRA Patrick yahitanwe n’impanuka y’imodoka kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga...
Muri Kenya, umugabo uri mu kigero cy’imyaka 40, akaba ari umukozi wa West Kenya Sugar Company Ltd, yarokotse urupfu ku wa kane, tariki ya 9 Nyakanga, nyuma yo gufatwa akora imibonano mpuzabitsina...
Abakora akazi ko gutwara abantu kuri moto muri Uganda bareze leta ko yababujije kongera gukora akazi kabo.
Ishyirahamwe ryabo rivuga ko leta iri kuvangura ubushabitsi ikemerera abakora ubundi...
Polisi y’u Rwanda iravuga ko ikomeje kugenzura ibyaha byose n’ubwo yashyize imbaraga mu kurwanya ibijyanye no kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.
Ku mihanda itatu iri mu ikoreshwa n’abantu benshi mu mujyi wa Kigali kuva mu gitondo uyu munsi ku wa kane hari gufatwa ibipimo bya coronavirus ku bantu batandukanye...
Mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 24 Kamena ni bwo Polisi yafashe Munyaneza Fabien Alijuni w’imyaka 32, uyu yafatanwe moto yo mu bwoko bwa TVS ifite ibirango RE 874H yari imaze kwibwa...
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki ya 24 Kamena 2020, habonetse abarwayi bashya 32 b’icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19) mu bipimo 3,415 byafashwe mu masaha 24...
Minisiteri y’Ubuzima, yatangaje ko mu Rwanda habonetse abarwayi ba Coronavirus 41 bituma abamaze kuyandura bose baba 702. Aba barwayi bagaragaye muri Rusizi na Rusumo. Uyu munsi hakize 6, abakize...
Abantu 17 bari mu byiciro bine nibo Polisi yafashe mu bihe bitandukanye barenze ku mabwiriza yo kurwanya Koronavirusi. Beretswe itangazamakuru uyu munsi taliki ya 14 Kamena, muri bo harimo abantu...