Ubuyobozi bw’ikipe ya Gasogi United bwatangaje ko uwari ushinzwe ubuzima bw’ikipe [Team Manager] witwa NIYIBIGIRA Patrick yahitanwe n’impanuka y’imodoka kuri uyu wa Gatatu tariki ya 29 Nyakanga...
Ku mugoroba wo ku wa Kane, tariki ya 27 Kanama 2020, abantu batatu batakaje ubuzima abandi barakomereka, mu mpanuka yabereye mu Mudugudu wa Plage mu Kagari ka Nyarusange mu Murenge wa Muhazi. mu...
Bamwe mu bamotari mu mujyi wa Kigali baravuga ko batagikoresha mubazi kuko zibashwanisha n’abagenzi kandi ko kuva bazikoresha nta n’umusaruro biratanga, bagasaba ko zakurwaho...
Umuhanzi Wycliffe Tugume uzwi nka Ykee Benda mu muziki wa Uganda, yakoze impanuka ikomeye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere ari kumwe n’umuryango we, ku bw’amahirwe ntihagira uyitakarizamo...
Mu gihe hakomeje igikorwa cyo gushyira camera zigenzura umuvuduko w’ibinyabiziga ku muhanda, Polisi y’Igihugu yasabye abashoferi kudacunganwa nizo Camera ahubwo bagaharanira gukurikiza amategeko...
Ku Cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abantu 26 bafashwe batwaye imodoka banyoye ibisindisha ndetse bamwe banarengeje isaha ya saa tatu yo kuba bageze aho...
Umugabo utaremenyekana imyirondoro yiyahuriye ku nyubako ya La Bonne Adresse iherereye mu mujyi rwagati, aho bivugwa ko yasimbutse iyi nyubaho ahagana saa yine zo kuri uyu wa Kane tariki 16...
Mu murenge wa Kimisagara mu karere ka Nyarugenge munsi y’ikigo cya MAISON DES JEUNES ya Kimisagara mu mu gezi wa mpazi habonetse umurambo w’umugabo uri mukigero cy’imyaka irenga 30 witwa Tuyisenge...
Umunya-Nigeriya witwa Tukumbo Shakuru Adeite yasanzwe mu rugo rumwe rwo mu Mudugudu wa Rubimba Akagari ka Nyamagana mu Murenge wa Remera wo mu Karere ka Ngoma yapfuye.
Uyu munya Nigeriya ngo ku...
Ku wa Kabiri taliki ya 26 Ukwakira, Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yafashe Habumuremyi Rukundo w’imyaka 21, Nizeyimana Noel w’imyaka 24 na Imanishimwe Clement w’imyaka 26 bagiye gukura ibyuma...
Muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,abitwaje intwaro bataramenyakana bateze imodoka yari igemuriye abavanywe mu byabo n’ubwicanyi bumaze iminsi mu Bibogobogo muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya...
Mu karere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akagari ka Birira mu ako karere buvuga ko ku kiraro ka Cyasusa habonetse umurambo w’umusore ukiri muto gusa hakaba hataratangazwa icyo yaba...
Abakora umwuga wo gutwara abagenzi kuri moto mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bahitamo kudakoresha mubazi mu masaha y’umugoroba kubera ko baba biriwe bazikoresha bagacibwa amafaranga n’ubu batarumva...
Umunyabigwi w’umupira w’amaguru mu Rwanda,Jimmy Gatete,yatangaje ko mu mupira w’amaguru yatangiye ahembwa ibihumbi 35 FRW ndetse ko mu 1997 Rayon Sports ariyo yamuguze menshi mu Rwanda miliyoni...
Kuri iki Cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2022 mu masaha ya saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, ku muhanda uva ahazwi nko kwa Rwahama ugana ku Mushumba mwiza mu murenge wa Remera, mu Karere ka Gasabo,...
Umukinnyi wa APR FC ukina hagati mu kibuga afasha abataha izamu, Itangishaka Blaise, afungiye kuri Sitasiyo ya Polisi ya Rubavu azira gutwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha agakora impanuka....
Inteko Rusange ya Sena, kuri uyu wa Mbere yemeje gutumiza uhagarariye Guverinoma, ngo atange ibisobanuro mu magambo ku ngamba zo gukuraho imbogamizi zigaragara mu gukumira no kurwanya impanuka zo...
Umuyobozi w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije,Democratic Green Party of Rwanda,Dr Frank Habineza,yashimiye Perezida Kagame kuba yahaye umurongo ikibazo cy’imisoro yari...
Umunyamakuru Ntwali John Williams wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye, umuryango we wamenyeshejwe ko yapfuye azize impanuka.
Iriba News ryatangazaga kuri Twitter inkuru y’urupfu rwa Ntwali...
Kuri iki cyumweru tariki 22 Mutarama 2023 habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma ku munyamakuru Ntwali John Williams wahitanwe n’’impanuka y’imodoka.
Umuhango wo kumuherekeza no kumusezeraho bwa...
kuri uyu wa Gatatu tariki 8 Gashyantare 2023 Umuhanzi David Icyishaka wamenyekanye nka Davis D yakoze impanuka ubwo yari mu muhanda wa Gikondo mu karere ka Kicukiro mu Mujyi wa...
Mu gihe hagiye kuba Inama ya 18 y’Umushyikirano,abantu bo mu nzego zitandukanye batangaje ibyo bashaka ko byaganirwaho bigakemurwa.
Iyi nama y’Umushyikirano iteganyijwe ku ya 27 na 28 Gashyantare...
Mu Karere ka Rubavu hafi y’Ibitaro bya Gisenyi habereye impanuka ikomeye y’ikamyo yajyaga mu Mujyi wa Rubavu, icika feri igonga moto yari ihetse abantu babiri n’izindi modoka.
Iyi mpanuka yabaye...