Nyuma yo kurega Kenneth Petty na Nicki Minaj abashinja kumutera ubwoba kuri ubu Jennifer Hough yatanze ubuhamya ku nshuro ya mbere aho yabutangiye kuri televiziyo mpuzamahanga ya CBS avuga uko...
Mu kiganiro Perezida wa Repuburika y’u Rwanda Paul Kagame yagiranye na Fred Swaniker Umuyobozi Mukuru wa Kaminuza ya African Leadership University, yatangaje ko kuri we umukinnyi w’ibihe byose muri...
Umuhanzi w’umunyamerika witwa Dan Sur, yakoze agashya aba umuntu wa mbere wasimbuje imisatsi yo ku mutwe we amasheni ya zahabu mu rwego rwo kwirimbisha.
Uyu muhanzi mu njyana ya reggaeton na rap...
Umuhanzi Nemeye Platini P uzwi ku izina rya Platini P , yaciye bugufi asaba imbabazi, nyuma yo gushinjwa gushinyagurira nyakwigendera Jay Polly agasohora indirimbo yo kwamamaza inzoga...
Kuri iki cyumweru nibwo umuraperi Tuyishime Joshua wari uzwi nka Jay Polly yashyinguwe nyuma yo gupfira mu bitaro bya Muhima mu ijoro ryo kuwa Gatatu w’icyumweru gishize.
Urwego rw’Igihugu...
Umukunzi wa Jay Polly uba i Nairobi muri Kenya,Kessy Kayonga,yatangaje ko atarabasha kwakira urupfu rw’uyu muhanzi bari bamaze imyaka 2 bari mu rukundo.
Jay Polly, umuhanzi uzwi cyane mu Rwanda...
Nyuma y’uko Jay Polly yitabye Imana mu masaha macye ashize , amagambo yuzuyemo agahinda, urwibutso rwe no kumwifuriza kuruhukira aheza, ni yo yiganje ku mbuga nkoranyambaga z’abahanzi n’abandi...
Umuraperi uri mu ba mbere mu Rwanda Jay Polly yitabye Imana azize uburwayi mu ijoro rishyira kuri uyu wa Kane aguye mu bitaro bya Muhima.
Mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Kane nibwo inkuru...
Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Nkusi Arthur ari mu myiteguro y’ubukwe n’umukunzi we Miss Muthoni Fiona bivugwa ko buzaba ku munsi w’ejo bukabera i Rutsiro ku kiyaga cya...
Mucyo Nicolas [Producer Nicolas], umugabo uzwi mu gutunganya indirimbo mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imikoranire na Ishusho Company Ltd ihagarariwe na Muyoboke Alex nka Producer uhoraho...
Umuraperi Ish Kevin yatawe muri yombi ari kumwe n’itsinda ry’abantu batanu barimo na DJ Brianne, bakurikiranyweho kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 no gukoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko...
Ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko yasinyishije bidasubirwaho Umuholandi w’imyaka 27, Memphis Depay,wari umaze igihe akinira ikipe ya Lyon mu Bufaransa.
Memphis warangije amasezerano muri Lyon...
Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Maya Christinah Xichavo Wegerif, wamamaye nka Sho Madjozi wari umaze iminsi mu Rwanda aho yari yitabiriye imikino ya Basketball Africa League [BAL], yaratiye...
Maya Christinah Xichavo wamamaye ku izina rya SHo Madjozi ukomoka muri Africa Y’Epfo ari mu Rwanda ,aho yaje kureba umukino ya Basketball Africa league iri kubera mu Rwanda kuri...
Naomi Campbell wabaye icyamamare mubijyanye no kumurika imideli mu Bwongereza yahishuye umunezero yagize nyuma yo kubona umwana ku myaka ye 50, nyuma y’igihe kinini amutegereje...
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari "urukundo rw’ubuzima bwanjye"....
Umunyamideli w’Umunyabigwi witwa Naomi Campbell hyahishuye ko yabyaye umwana we wa mbere w’umukobwa ku myaka ye 50,aho yahise atangaza ko "Umwana we ari umugisha ukiri muto wamuhisemo ngo awubere...
Umuraperi Jay Polly n’abandi bantu 11 batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19.Aho bafatiwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali ngo polisi yasanze bananywa...
John Pombe Magufuli, umuhungu wavutse ku muhinzi-mworozi utifashije akaza kuba Perezida wa Tanzania mu mwaka wa 2015, yapfuye ku wa gatatu afite imyaka 61, leta itangaza ko yazize ibibazo...
Agasaro Nadia Farid wabaye Nyaminga wa Mount Kenya yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook amagambo asize umunyu,ashimagiza umugabo we Riderman wagize isabukuru y’amavuko kuri uyu wa gatatu tariki 10...
Umuhanzi Davido uri mu bakunzwe cyane muri Afurika,yasangije inkuru y’ubuzima bwe abafana ku mbuga nkoranyambaga aho yaberetse inzu [apartement] yakodeshaga we na babyara be 2 ubwo bari bakennye...