Umuhanzi Riderman avuga ko kuba yararirimbye mu ndirimbo ya Dream Boys biganye iya Beka Flavour wo muri Tanzaniya, nta rubanza umutima we umucira kuko ibyo yaririmbye ari ibyo yihimbiye, ndetse...
Am G The Black yiyamye bamwe mu banyamakuru bo mu Rwanda bigize abacukumbuzi mu gihe zimwe mu ndirimbo z’abanyarwanda zasohotse bashakisha izisa nizo basohoye ababwira ko ariko basubiza inyuma...
Icyamamare mu mukino wa Formula 1,Lewis Hamilton gikinira ikipe ya Mercedes AMG Petronas cyagaragaye mu mazi yo mu mujyi wa Dubai kiri kumwe n’umuhanzikazi Nicki Minaj bari mu mazi bambaye ubusa...
Umuhanzikazi w’Umunya Brazil witwa Valeria Santana uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya MC Bandida yabwiye abagore bo mu mujyi wa Brasilia bazamutorera kwinjira mu nteko ko azabafasha bakazajya...
Ariana Grande uri mu bahanzi bakomeye ku Isi, yatandukanye na Pete Davidson bari bamaze amezi atanu bambikanye impeta ihamya urukundo rwabo rwaganishaga ku kubana nk’umugore...
Mu gihe abahanzi batandukanye bo muri Uganda bakomeje gutakambira Kanye West wasuye iki gihugu ngo bakorane indirimbo, Kanye West yatangaje ko ateganya gukorana n’abahanzi bo muri Uganda mu rwego...
Ifoto ya Marina ari kumwe na Badrama ndetse na Queencha bose babarizwa muri Label imwe yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda kubera ipantalon yari...
Depite Frank Habineza yamaganye abantu bakomeje gukomeza gusabira Oda Paccy ibindi bihano birenze icyo kuba yakuwe mu ntore avuga ko nta cyaha yakoze gikabije ko adakwiye gukomeza...
Oda Paccy yavuze ko iriya foto yakoresheje mu ndiimbo y’umukobwa wiyambitse ubusa ko yashakaga kwerekana ko hari n’abakobwa bakoresha ibiyobyabwenge bakiyandarika ntatinye no kwerekana ubwambure...
Am G The Black yibukije abahanzi bagenzi ko gushaka umugore bitavuze kubafungirana mu rugo ,ahubwo ko biba bikwiye ko nabo babatembereza bakabereka akazi bakora uko kaba kameze bityo ngo bituma...
Am G The Black yavuze ko bimwe mu byo baganiriye yagiye kumusura harimo nko kuba bagomba gucecekesha abantu bavuga ko injyana ya Hip Hop yasubiye inyuma.