Gushyingiranwa ushaka impapuro zo gutura cyangwa viza zo kujya hanze ni ubucuruzi buri gutera imbere ku isi. Ariko, hari igihe usanga uwo mwashakanye ari gushukwa, akundwa urukundo rw’ibinyoma...
Abirabura benshi n’andi matsinda mato muri Amerika bumva nta mutekano mu gihe bayobowe na Donald Trump. Nyamara perezida w’Amerika ntacyo yakoze ngo abizeze umutekano wabo. Mu bihe byashize, yanze...
Umuhanzikazi Rihana w’imyaka 32 y’amavuko, yafotowe asohoka muri resitora ya hoteri bita Giorgio Baldi, aho yari yagiye mu birori byo kumurika ibirungo by’ubwiza(makeup)gusa we ntabyo yari yisize...
Umuraperi Nicki Minaj yapfushije se wagonzwe n’imodoka igahita yiruka, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru TMZ.
Iki kinyamakuru kivuga ko polisi yo mu mujyi wa New York yemeje ko Robert Maraj yariho...
Mu minsi ishize twagiye tubabwira inkuru zitandukanye zigaruka ku mubano wa Yolo The Queen n’umuhanzi Drake uri mu ba mbere bakomeye hano ku isi. Ibi akenshi byagaragariraga ku rubuga rwa...
Umuhanzi Davido uri mu bakunzwe cyane muri Afurika,yasangije inkuru y’ubuzima bwe abafana ku mbuga nkoranyambaga aho yaberetse inzu [apartement] yakodeshaga we na babyara be 2 ubwo bari bakennye...
Agasaro Nadia Farid wabaye Nyaminga wa Mount Kenya yanditse ku rukuta rwe rwa Facebook amagambo asize umunyu,ashimagiza umugabo we Riderman wagize isabukuru y’amavuko kuri uyu wa gatatu tariki 10...
John Pombe Magufuli, umuhungu wavutse ku muhinzi-mworozi utifashije akaza kuba Perezida wa Tanzania mu mwaka wa 2015, yapfuye ku wa gatatu afite imyaka 61, leta itangaza ko yazize ibibazo...
Umuraperi Jay Polly n’abandi bantu 11 batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya COVID-19.Aho bafatiwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali ngo polisi yasanze bananywa...
Umunyamideli w’Umunyabigwi witwa Naomi Campbell hyahishuye ko yabyaye umwana we wa mbere w’umukobwa ku myaka ye 50,aho yahise atangaza ko "Umwana we ari umugisha ukiri muto wamuhisemo ngo awubere...
Umuraperi w’Umunyamerika ASAP Rocky yatangaje ko ari mu mubano w’urukundo n’umuririmbyi Rihanna.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru GQ, uyu muraperi yavuze ko Rihanna ari "urukundo rw’ubuzima bwanjye"....
Naomi Campbell wabaye icyamamare mubijyanye no kumurika imideli mu Bwongereza yahishuye umunezero yagize nyuma yo kubona umwana ku myaka ye 50, nyuma y’igihe kinini amutegereje...
Maya Christinah Xichavo wamamaye ku izina rya SHo Madjozi ukomoka muri Africa Y’Epfo ari mu Rwanda ,aho yaje kureba umukino ya Basketball Africa league iri kubera mu Rwanda kuri...
Umuhanzikazi wo muri Afurika y’Epfo, Maya Christinah Xichavo Wegerif, wamamaye nka Sho Madjozi wari umaze iminsi mu Rwanda aho yari yitabiriye imikino ya Basketball Africa League [BAL], yaratiye...
Ikipe ya FC Barcelona yatangaje ko yasinyishije bidasubirwaho Umuholandi w’imyaka 27, Memphis Depay,wari umaze igihe akinira ikipe ya Lyon mu Bufaransa.
Memphis warangije amasezerano muri Lyon...
Umuraperi Ish Kevin yatawe muri yombi ari kumwe n’itsinda ry’abantu batanu barimo na DJ Brianne, bakurikiranyweho kwica amabwiriza yo kwirinda Covid-19 no gukoresha ibiyobyabwenge byo mu bwoko...
Mucyo Nicolas [Producer Nicolas], umugabo uzwi mu gutunganya indirimbo mu Rwanda, yamaze gusinya amasezerano y’imikoranire na Ishusho Company Ltd ihagarariwe na Muyoboke Alex nka Producer uhoraho...
Umunyamakuru akaba n’umunyarwenya Nkusi Arthur ari mu myiteguro y’ubukwe n’umukunzi we Miss Muthoni Fiona bivugwa ko buzaba ku munsi w’ejo bukabera i Rutsiro ku kiyaga cya...