skol
Kigali

Search: yeguye (323)

Twahirwa Moses waherukaga kwifotoza yambaye ubusa yeguye muri Moshions

Umuyobozi w’inzu y’imideli Monshions akaba ari nawe washushanyaga ubwoko bw’imyenda Twahirwa Moses yasezeye gukorera iyi nzu nyuma y’iminsi mike ashyize hanze ifoto yambaye ubusa abanyarwanda benshi...
18 November 2022 5329 0

US: Pelosi yeguye ku mwanya we mu nteko yari amazeho hafi imyaka 20

Nancy Pelosi wayoboye abademokrate mu nteko ishingamategeko ya Amerika hafi imyaka 20 yatangaje ko agiye kuva kuri uwo mwanya. Pelosi w’imyaka 82 niwe mudemokrate ukomeye kurusha abandi mu mutwe...
18 November 2022 1495 0

Guy Bukasa yeguye ku mirimo yo gutoza Rayon Sports

Umutoza Guy Bukassa yasezeye ku bakinnyi n’abakozi bakoranaga muri Rayon Sports FC,nyuma yo gutsindwa na APR FC 1-0 ,yegura ku mirimo yo gutoza iyi kipe ikunzwe kurusha izindi zose mu...
16 June 2021 2158 0

Minisitiri Diane Gashumba nawe yeguye ku mirimo ye

Itangazo ryaturutse mu biro bya Minisitiri w’intebe, byatangaje ko Minisitiri w’intebe Dr. Edouard Ngirente yakiriye ubwegure bwa Minisitiri w’ubuzima Dr. Diane...
15 February 2020 3044 0

Biravugwa ko Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC yeguye

Madame Leah Karegeya wari ukuriye akanama k’impuguke muri RNC biravugwa ko yasezeye ku nshingano ze muri uyu mutwe utavuga rumwe na Leta y’u Rwanda.
14 January 2020 6842 0

Rutsiro.Visi Meya ushinzwe imibereho myiza yeguye na Gitifu w’Akarere arasezera

Kuri uyu wa Gatatu taliki 04, Nzeri, 2019 nibwo Jean Hermans Butasi wari usanzwe ashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rutsiro yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Njyanama y’Akarere....
4 September 2019 1247 0

Seninga Innocent wari umutoza wa Bugesera FC yeguye ku mirimo yo kuyitoza

Umutoza Seninga Innocent wari umaze amezi 8 atoza ikipe ya Bugesera FC, yamaze kwandikira ubuyobozi bw’iyi kipe abusaba gusesa amasezerano kubera ko batubahirije ibyo bemeranyije bikubiye mu gika...
18 March 2019 858 0

Biravugwa ko Nkunzingoma Ramadhan yeguye ku mirimo yo gutoza abazamu ba Rayon Sports

Umutoza w’abazamu ba Rayon Sports,Nkunzingoma Ramadhan,biravugwa ko yamaze gushyikiriza ubuyobozi bwa Rayon Sports ibaruwa yegura ku mirimo ye kubera ko imaze amezi 3...
14 December 2018 4462 0

Umupfumu wahaye Perezida Trump ukwezi kumwe ngo abe yeguye ati ‘yansabye imbabazi’

Muribuka wa mupfumu wo muri Benin wateye ubwoba Perezida wa Amerika Donald Trump ko agomba kwegura bitarenze ukwezi kumwe bitaba ibyo agahura n’ ingaruka zikomeye? Yahishuye ko Perezida Trump...
19 November 2018 2621 0

Perezida rukumbi w’ umugore wari usigaye muri Afurika yeguye

Umukuru w’ igihugu w’ umugore wari usigaye muri Afurika wayoboraga igihugu cya Mauritia Ameenah Gurib-Fakim yamaze kwegura kuri uyu mwanya azava muri Perezidansi ku wa Gatanu nk’ uko umunyamategeko...
18 March 2018 2617 0

Kaminuza ya Kibungo (UNIK) yabonye umuyobozi mushya nyuma y’uko Prof Silas yeguye

Prof Karuranga Egide yagizwe umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo, UNIK asimbuye kuri uyu mwanya Prof.Silas Lwakabamba weguye ku wa 22 Nzeri 2017 ku mpamvu avuga ko hari ibyo atumvikanyeho...
5 October 2017 3140 0

Umuherwe Ashish Thakkar yeguye ku buyobozi bwa Atlas Mara ifite Banque Populaire

Ashish Thakkar, umuherwe akaba n’umwe mu bashinze ikigo Atlas Mara Ltd. Yatangaje ko agiye kurekura ubuyobozi bw’icyo kigo kugirango atange umwanya w’amavugurura yateguwe n’ubuyobozi bushya...
3 October 2017 738 0

RDC: Inyeshyamba yeguye yishyikiriza Loni

Umwe mu nyeshyamba zikomeye zirwanira mu gihugu cya Repubukira Iharanira Demokarasi ya Congo yishyikirije ku cyicaro cy’umuryango w’Abibumbye. Ishami rihagarariye LONI muri Congo ryavuze ko,...
27 July 2017 599 0

Breaking news: Gustave Nkurunziza wari watorewe kuyobora Volleyball y’u Rwanda yeguye kuri uyu mwanya

Gustave Nkurunziza wayoboraga FRVB Kuri uyu wa mbere nibwo Gustave Nkurunziza yandikiye ibaruwa Perezida w’Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’umukino wa Volleyball mu Rwanda (FRVB) avuga ko...
20 March 2017 1779 0

Minisitiri w’ Ibidukikije mu Bufaransa yafashe icyemezo gihutiyeho cyo kwegura

Nicolas Hulot, Minisitiri w’ibidukikije mu Bufarasansa, yeguye ari mu kiganiro cyacaga kuri radiyo , ibintu byatunguye na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu...
28 August 2018 866 0

Nyabihu: Amanyanga mu bucukuzi bw’umucanga ni imwe mu mpamvu zeguje abayobozi b’akarere

Tariki ya 7 werurwe 2018 ni bwo uwari umuyobozi wungirije w’akarere ka Nyabihu ushinzwe ubukungu n’iterambere MUGWIZA Antoine yeguye kuri izo nshingano bikavugwa ko byari ku mpamvu ze...
13 May 2018 2810 0

Umutoza wahoze atoza Amavubi yasezeye ku ikipe yatozaga kubera kumara igihe kinini adahembwa

Umutoza w’ikipe y’Igihugu ya Uganda, Milutin Sredojevic wamamaye nka Micho yeguye kumirimo yo gutoza iyi kipe mu gihe yiteguraga guhura n’Amavubi y’u Rwanda mu ijonjora rya gatatu ryo gushaka itike...
22 July 2017 1102 0

Muhire Henry wari Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA n’abandi bakozi basezeye

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
20 April 2023 1983 0

Moses yahishuye icyamuteye kwegura ku nshingano zo guhanga imideli muri Moshions

Mu minsi mike ishize nibwo Turahirwa Moses washinze Moshions yatangaje ko yeguye ku nshingano zo kuba umuhanzi w’imyambaro y’abagore n’abagabo ikorerwa muri iyi nzu ahubwo akaguma ari...
22 November 2022 1108 0

Abazasimbura Boris Johnson weguye ku mirimo ye batangiye kwigaragaza

Inkubiri yo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza.
8 July 2022 606 0

Bolivia: Perezida Morales wari umaze imyaka 14 ku butegetsi yegujwe n’imyigaragambyo y’abaturage

Perezida Evo Morales wa Bolivia yeguye ku butegetsi yari amazeho imyaka 14 kubera imyigaragambyo ishingiye ku kongera gutorwa kwe mu kwezi gushize nyuma yo kuvugurura itegeko...
11 November 2019 946 0

Aba Visi Meya bo muri Burera na Gisagara beguye ku mirimo yabo

Inkubiri yo kwegura no kweguza abayobozi mu turere yakomereje I Gisagara na Burera aho umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Hanganimana Jean Paul yamaze gutanga ibaruwa...
3 September 2019 10429 0

RDC: Hamenyekanye impamvu itangaje yatumye Minisitiri w’Intebe yegura

Minisitiri w’intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yaraye yeguye kuri uwo mwanya.
21 February 2024 3390 0

Komite Nyobozi ya FERWAFA yashegeshwe n’iyegura birangiye isheshwe

Komite Nyobozi ya FERWAFA yaseshwe nyuma y’uko IP Umutoni Claudette wari Komiseri ushinzwe Umutekano yeguye, byatumye abasigaye bari munsi y’umubare w’abagenwa n’amategeko ko bashobora gufata...
9 May 2023 1424 0

Ibyaranze abayoboye FERWAFA nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu. Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
21 April 2023 1048 0

Kayiranga Jean Baptiste yagizwe umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports

Umunyabigwi wa Rayon Sports,Kayiranga Jean Baptiste yagizwe umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports nyuma y’aho uwari umutoza mukuru,Guy Bukasa,yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa na APR FC igitego...
18 June 2021 1306 0

Umwuka mubi uri muri Rayon Sports watumye Eng. Erneste Nsangabandi yegura ku mwanya w’umunyamabanga wa komite...

Uwari umunyamabanga wa komite nkemurampaka ya Rayon Sports, Eng. Erneste Nsangabandi yeguye kuri uyu mwanya kubera impamvu zitandukanye zirimo n’umwuka mubi uri muri iyi...
6 May 2020 2476 0

Mugunga Dieudonne Buruchaga yasezeye ku kazi ko gutoza Kiyovu Sports

Uwari umutoza wa Kiyovu Sports,Mugunga Dieudonne wari uzwi ku izina Buruchaga yeguye ku mirimo ye nyuma y’umusaruro utari mwiza iyi kipe yari ifite aho yari imaze imikino 4 yikurikiranya...
17 December 2019 767 0

Nyampinga wa Ghana 2017 yiyambuye ikamba yambwitswe

Umukobwa witwa Margaret Dery wari wabaye Miss Ghana 2017 yeguye, avuga ko yikuye ku nshingano kubera umutwaro yashyizwe ku mutwe n’abategura iri rushanwa.
2 August 2018 1159 0

Rayon Sports yabuze ikipe iyisigariraho ipfa guhanyanyaza. Ese byagenze gute ngo yisange irushwa amanota 10...

Rayon Sports ni imwe mu makipe make twavuga ajya akora mu jisho ikipe ya APR FC ndetse rimwe na rimwe ikayitwara igikombe. Mu myaka yatambutse ubwo yabaga nta gatege ifite yagiye ibona...
7 March 2024 1097 0
0 | 30 | 60 | 90 | 120 | 150 | 180 | 210 | 240 | ... | 300