Nancy Pelosi wayoboye abademokrate mu nteko ishingamategeko ya Amerika hafi imyaka 20 yatangaje ko agiye kuva kuri uwo mwanya.
Pelosi w’imyaka 82 niwe mudemokrate ukomeye kurusha abandi mu mutwe...
Umutoza Guy Bukassa yasezeye ku bakinnyi n’abakozi bakoranaga muri Rayon Sports FC,nyuma yo gutsindwa na APR FC 1-0 ,yegura ku mirimo yo gutoza iyi kipe ikunzwe kurusha izindi zose mu...
Kuri uyu wa Gatatu taliki 04, Nzeri, 2019 nibwo Jean Hermans Butasi wari usanzwe ashinzwe imibereho myiza y’abaturage mu Karere ka Rutsiro yagejeje ibaruwa y’ubwegure bwe kuri Njyanama y’Akarere....
Umutoza w’abazamu ba Rayon Sports,Nkunzingoma Ramadhan,biravugwa ko yamaze gushyikiriza ubuyobozi bwa Rayon Sports ibaruwa yegura ku mirimo ye kubera ko imaze amezi 3...
Muribuka wa mupfumu wo muri Benin wateye ubwoba Perezida wa Amerika Donald Trump ko agomba kwegura bitarenze ukwezi kumwe bitaba ibyo agahura n’ ingaruka zikomeye? Yahishuye ko Perezida Trump...
Prof Karuranga Egide yagizwe umuyobozi wa Kaminuza ya Kibungo, UNIK asimbuye kuri uyu mwanya Prof.Silas Lwakabamba weguye ku wa 22 Nzeri 2017 ku mpamvu avuga ko hari ibyo atumvikanyeho...
Nicolas Hulot, Minisitiri w’ibidukikije mu Bufarasansa, yeguye ari mu kiganiro cyacaga kuri radiyo , ibintu byatunguye na Perezida Emmanuel Macron w’iki gihugu...
Tariki ya 7 werurwe 2018 ni bwo uwari umuyobozi wungirije w’akarere ka Nyabihu ushinzwe ubukungu n’iterambere MUGWIZA Antoine yeguye kuri izo nshingano bikavugwa ko byari ku mpamvu ze...
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda...
Mu minsi mike ishize nibwo Turahirwa Moses washinze Moshions yatangaje ko yeguye ku nshingano zo kuba umuhanzi w’imyambaro y’abagore n’abagabo ikorerwa muri iyi nzu ahubwo akaguma ari...
Inkubiri yo gusimbura Boris Johnson mu Bwongereza yatangiye ,Nyuma y’aho uyu mutegetsi atangarije ko yeguye ku mirimo yo kuba minisiteri w’intebe w’Ubwongereza.
Perezida Evo Morales wa Bolivia yeguye ku butegetsi yari amazeho imyaka 14 kubera imyigaragambyo ishingiye ku kongera gutorwa kwe mu kwezi gushize nyuma yo kuvugurura itegeko...
Inkubiri yo kwegura no kweguza abayobozi mu turere yakomereje I Gisagara na Burera aho umuyobozi w’aka karere wungirije ushinzwe iterambere ry’ubukungu Hanganimana Jean Paul yamaze gutanga ibaruwa...
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashinzwe mu mwaka wa 1976 rikaba rimaze kuyoborwa n’abagabo 14 kuva icyo gihe kugeza ubu.
Muri bo harimo abamenyekanye mu buyobozi bukuru...
Umunyabigwi wa Rayon Sports,Kayiranga Jean Baptiste yagizwe umutoza w’agateganyo wa Rayon Sports nyuma y’aho uwari umutoza mukuru,Guy Bukasa,yeguye ku mirimo ye nyuma yo gutsindwa na APR FC igitego...
Uwari umunyamabanga wa komite nkemurampaka ya Rayon Sports, Eng. Erneste Nsangabandi yeguye kuri uyu mwanya kubera impamvu zitandukanye zirimo n’umwuka mubi uri muri iyi...
Uwari umutoza wa Kiyovu Sports,Mugunga Dieudonne wari uzwi ku izina Buruchaga yeguye ku mirimo ye nyuma y’umusaruro utari mwiza iyi kipe yari ifite aho yari imaze imikino 4 yikurikiranya...
Umukobwa witwa Margaret Dery wari wabaye Miss Ghana 2017 yeguye, avuga ko yikuye ku nshingano kubera umutwaro yashyizwe ku mutwe n’abategura iri rushanwa.
Rayon Sports ni imwe mu makipe make twavuga ajya akora mu jisho ikipe ya APR FC ndetse rimwe na rimwe ikayitwara igikombe. Mu myaka yatambutse ubwo yabaga nta gatege ifite yagiye ibona...