skol
fortebet

Mu mahanga

Perezida Nkurunziza yahanuye ibizaba i Burundi, Isi igahagarara

Ijambo Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yavuze tariki 31 Ukuboza 2016 yifuriza Abarundi (…)

DRC: Mu ntara za Kasai abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane

Abantu 140 bamaze kugwa mu makimbirane yo mu Ntara za Kasai yo Hagati n’a Kasai y’Iburasirazuba (…)

Imyiyerekano y’Ingabo z’u Burusiya yasize benshi bakuye Ingofero (Amafoto)

Igihugu cy’Uburusiya ni kimwe mu bihugu bya mbere bikomeye ku isi kandi binatinyitse kuko ari (…)

Umwana ufite umutwe munini ku Isi,yawubazwe uvamo litiro 3.7 z’amatembabuzi

Mrityunjay Das, ni umwana w’umuhungu ufite amezi 7 y’amavuko, ababyeyi be bakomoka mu gihugu (…)

Ghana: Nana Akufo-Addo yarahiriye kuba Perezida asimbuye John Dramani

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 07 Mutarama 2017, Nana Akufo-Addo yarahiriye kuba Perezida wa (…)

Sudani y’Epfo: Gen Gabriel wari umuyobozi w’inyeshyamba yishwe

Umuyobozi w’inyeshyamba muri Sudani y’Epfo, Gen. Gabriel Tanginye, byatangajwe ko yaguye mu (…)

Perezida Nkurunziza yifatanyije n’abaturage basarura Ibishyimbo (Amafoto)

Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza uri mu kiruhuko cy’iminsi mikuru mu Ntara ya Ngozi aho (…)

Gén. Habarugira na Niyombare biteguye gukura Perezida Nkurunziza ku butegetsi

Iyi ni imvugo ya Gén. Philbert Habarugira na Gen Niyombare abasirikare b’u Burundi bahunze nyuma (…)

Perezida Museveni n’abofisiye babiri basabiwe gukurikiranwa muri ICC

Itsinda ry’Abadepite bababarizwa mu Ishyaka ritavuga rumwe n’Ubutegetsi rya FDC (Forum for (…)

Hamza umuhungu wa Osam yashyizwe ku rutonde rw’ibyihebe mpuzamahanga

Umwe mu bana 11 ba Osama bin Laden washinze ndetse akayobora umutwe wa Al Qaeda ari ku rutonde (…)

Abayobozi 30 beguye mu Karere ka Ruhango bagiye gusimbuzwa

Akarere ka Ruhango mu Ntara y’Amajyepfo, katangiye gushakisha abandi bakozi basimbura (…)

Haïti yari imaze igihe kirenga umwaka itagira Perezida yamubonye

Muri Haïti, urukiko rugenzura amatora rwemeje ko umucuruzi Jovenel Moise ari we watorewe kuba (…)

Hasobanuwe impamvu Lt Gen Niyoyankana na bagenzi be 21 birukanwe mu Gisirikare cy’u Burundi

Col Gaspard Baratuza, umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi yatangaje ko Lt Gen Germain (…)

Gambia: Radiyo irwanya Yahya Jammeh yafunzwe

Ubutegetsi bwa Gambia bwatagetse ko Radiyo Teranga FM, yo muri iki gihugu yakundaga kunyuzwaho (…)

Lt Gen Germain Niyoyankana muri 22 birukanywe mu Gisirikare cy’u Burundi

Lt Gen Germain Niyoyankana wigeze kuba umugaba mukuru w’ingabo z’u Burundi ndetse akanaba na (…)