skol

Mu mahanga

U Burusiya bwanenze Zelensky ukomeje gushyira hanze amabanga y’ibyo baganira

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, yanenze bikomeye Perezida wa (…)

Macron yahishuye ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara nta mananiza

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko Ukraine yiteguye guhagarika intambara (…)

Trump yanenzwe kubera ikoti yambaye mu ishyingurwa rya Papa Francis

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahindutse iciro ry’imigani ku mbuga (…)

Trump na Zelensky bagiranye ibiganiro bise iby’amateka

Perezida wa Amerika Donald Trump na Volodymyr Zelensky wa Ukraine baherukaga gushwanira muri (…)

Umwana w’umwe mu bayobozi ba CIA yiciwe muri Ukraine arwanira U Burusiya

Urwego rwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika rushinzwe Ubutasi (CIA) rwatangaje ko umuhungu (…)

Trump aracyatsimbaraye ku kugira Canada Leta ya 51 ya Amerika

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, aracyahagaze ku gitekerezo cye cyo (…)

U Burusiya bwisubije agace ka Kursk bukambuye Ukraine

U Burusiya bwisubije Umujyi wa Kursk, agace kari ku mupaka Ukraine yari yararwanye inkundura (…)

Générale w’u Burusiya yaguye mu gitero i Moscow

Lt. Gen. Yaroslav Moskalik, wari mu basirikare bakuru mu Burusiya yaguye mu gitero cy’igisasu (…)

Hashyizwe hanze imyambaro yamamaza Trump mu matora azaba mu 2028

Urubuga rucururizwaho rwa ‘Trump Organization’ rwatangiye gucuruza ingofero zanditseho ‘Trump (…)

Trump yihanangirije Putin

Perezida Trump yibasiye mugenzi we w’u Burusiya, Vladimir Putin, nyuma y’ibitero by’umusubirizo (…)

U Bushinwa bwasubije Amerika indege bwari buherutse kugurayo

U Bushinwa bwasubije indege ebyiri bwari buherutse gutumiza muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, (…)

Michelle Obama yahishuye icyatumye atitabira umuhango w’irahira rya Trump

Umugore wa Barack Obama, Michelle Obama, yakomoje ku mpamvu yatumye atitabira umuhango w’irahira (…)

Uwari ukuriye abaganga ba Papa Francis Yasobanuye ibyaranze amasaha ye ya nyuma

Sergio Alfieri, ukuriye ishami rishinzwe abaganga babaga indwara zo mu nda mu bitaro bya (…)

Moon Jae-in wabaye Perezida wa Koreya y’Epfo akurikiranyweho guha akazi umukwe we

Ubushinjacyaha muri Koreya y’Epfo bwatangaje ko Moon Jae-in wayoboye iki gihugu kuva mu 2017 (…)

Perezida Macron na Rajoelina basinye amasezerano yo kubaka urugomero

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yabonanye na mugenzi we wa Madagascar Andry Rajoelina, (…)