skol

Mu mahanga

Zelensky yasabye Trump gusura Ukraine mbere yo kugirana amasezerano n’u Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yasabye Donald Trump kubanza gusura Ukraine mbere yo (…)

Bangladesh yasohoye impapuro zo guta muri yombi umudepitekazi wo mu Bwongereza

Urukiko rwo muri Bangladesh rurasaba ifatwa rya Tulip Siddiq, umwisengeneza wa Sheikh Hasina (…)

Brice Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida muri Gabon

Muri Gabon, Brice Clotaire Oligui Nguema yatsinze amatora ya Perezida wa Repubulika n’amajwi (…)

U Bushinwa: Abantu bafite munsi y’ibiro 50 babujijwe kuva mu ngo kubera umuyaga mwinshi

Mu majyaruguru y’u Bushinwa, abaturage bapima munsi y’ibilo 50 basabwe kudasohoka mu nzu, kugira (…)

Amerika na Iran batangiye ibiganiro nyuma y’imyaka 45 badacana uwaka,

Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran bamaze imyaka 45 baracanye umubano ushingiye kuri (…)

Perezida wa Amerika Donald Trump yakorewe ibizamini by’ubuzima harimo n’ubwo mu mutwe

Donald Trump, Perezida wa Gatatu ukuze wayoboye Amerika, yakorewe isuzuma ry’ubuzima bwe harimo (…)

Amerika igiye kwirukana abimukira baturutse muri Afghanistan na Cameroon

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteganya kwirukana abimukira baturutse muri Afghanistan na (…)

Perezida w’u Bushinwa yabwiye Amerika ko ishobora kwisanga mu kato ku bwo kuzamura imisoro

Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikomeje kuzamura (…)

U Bushinwa bwongereye imisoro y’ibicuruzwa biva muri Amerika

Minisiteri y’Ubucuruzi y’u Bushinwa yatangaje ko ibicuruzwa biva muri Leta Zunze Ubumwe za (…)

Tanzania: Umunyapolitiki Tundu Lissu yashinjwe icyaha cy’ubuhemu

Kuri uyu wa Kane, itariki 10 Mata 2025, Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa (…)

Amerika yatangaje ko ishobora kugabanya ingabo zayo ziri i Burayi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zishobora gucyura ingabo zazo zirenga ibihumbi 10 ziri (…)

Mu Bushinwa inkongi yibasiye amacumbi y’abageze mu zabukuru ihitana 20

Ikigo cyita ku bageze mu zabukuru kiri mu Majyaruguru y’uburasirazuba bw’u Bushinwa kibasiwe (…)

Amerika igiye kugirana na Iran ibiganiro byerekeye intwaro z’ubumara

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye kugirana (…)

Abadepite bo mu Bwongereza babujijwe kwinjira muri Israel

Abadepite babiri bo mu Bwongereza bashyigikiye Palestine bangiwe kwinjira muri Israel, bashinjwa (…)

Minisitiri w’intebe w’Ubufaransa ntiyishimiye uburyo Trump yivanga muri politike yabo

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa, François Bayrou, yashinje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za (…)